Wednesday, May 6, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umukozi w’Umurenge ukurikiranyweho kunyereza miliyoni 1,5Frw akoresheje amayeri ngo yashakaga gukemura akabazo

radiotv10by radiotv10
06/05/2026
in MU RWANDA, UBUTABERA
0
Umukozi w’Umurenge ukurikiranyweho kunyereza miliyoni 1,5Frw akoresheje amayeri ngo yashakaga gukemura akabazo
Share on FacebookShare on Twitter

Umukozi ushinzwe ibururamari mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rumukurikiranyeho kunyereza miliyoni 1,5 Frw nyuma yo gusinyira umuturage sheki ko yishyuwe n’Umurenge kandi ntacyo yawukoreye, uregwa akaba yemera icyaha akavuga ko yashakaga ariya mafaranga ngo ayikenuze.

Uyu mubaruramari w’Umurenge wa Rwimiyaga, ari mu maboko ya RIB kuva hirya y’ejo hashize tariki 04 Gicurasi 2026, aho yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho.

Ikinyamakuru cyitwa Umuseke dukesha aya makuru, kivuga ko uyu Comptable Safari ubu afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Rwimiyaga, akurikiranyweho kunyereza miliyoni 1,5 Frw nyuma yuko yari yasinyiye umuturage sheki ko yishyuwe n’Umurenge.

Amakuru avuga ko iyi sheki yasinywe na Safari y’ariya mafaranga tariki 01 Gicurasi 2026, yagaragaza ko ari ayo yishyuwe n’Umurenge, kandi nta gikorwa cyangwa serivisi yawuhaye.

Amakuru yatahuwe nyuma yuko uwo muturage, agiye kubikuza ayo mafaranga kuri Banki, hagahita hatangira iperereza ryatumye uyu mubaruramari atabwa muri yombi.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rutangaza ko uyu mukozi ushinzwe ibaruramari mu Murenge wa Rwimiyaga, yari yabyumvikanyeho n’uriya muturage, kugira ngo amufashe kunyereza ayo mafaranga.

Nanone kandi uyu Safari, yemera ko uriya muturage yari yasinyiye sheki, ntacyo yari yakoreye Umurenge, ahubwo ko yabikoze kugira ngo abone ariya mafaranga ayikenuze, abashe gukemura ikibazo afite.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruri gutunganya dosiye ikubiyemo ikirego kiregwamo uyu mubaruramari kugira ngo izashyikirizwe Ubushinjacyaha.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 4 =

Previous Post

Umugore wo muri Uganda akurikiranyweho gukorera umwana abereye mukase igikorwa cy’ubugome ndengakamere

Next Post

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

Related Posts

Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

by radiotv10
06/05/2026
0

Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney, Komiseri muri Komisiyo y'Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima busanzwe Abari Abasirikare, yatangaje ko...

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

by radiotv10
06/05/2026
0

General Mubarakh Muganga ari Istanbul muri Türkiye ahari kubera imurika mpuzamahanga ry’intwaro, akaba yanaganiriye na migenzi we w’iki Gihugu General...

The 4-3-2-1 Money Rule: A Simple Way to Take Control of Your Finances

The 4-3-2-1 Money Rule: A Simple Way to Take Control of Your Finances

by radiotv10
06/05/2026
0

Money comes in, and somehow, it disappears just as fast. For many young people today, managing finances feels like a...

Iby’ingenzi wamenya ku gihano nsimburagifungo cy’imirimo y’inyungu rusange ivugwa mu gihano nk’icyakatiwe DJ Toxxyk

Iby’ingenzi wamenya ku gihano nsimburagifungo cy’imirimo y’inyungu rusange ivugwa mu gihano nk’icyakatiwe DJ Toxxyk

by radiotv10
05/05/2026
0

Mu bihano byakatiwe Umuvangamiziki Shema Arnold de Bosscher uzwi nka Dj Toxxyk, harimo icy'imirimo y'inyungu rusange, aho itegeko riteganya iki...

Nyuma ya RDB ikindi kigo cyatangaje ko cyahagaritse by’agateganyo serivisi zitangirwa ku biro byacyo

Nyuma ya RDB ikindi kigo cyatangaje ko cyahagaritse by’agateganyo serivisi zitangirwa ku biro byacyo

by radiotv10
05/05/2026
0

Ubuyobozi bw'lkigo cy'lgihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA), bwatangaje ko serivisi zitangirwa ku biro byacyo, zabaye zihagaze mu gihe kitazwi, kikamenyesha...

IZIHERUKA

Perezida Museveni yoherereje Tshisekedi intumwa imushyiriye ubutumwa
AMAHANGA

Perezida Museveni yoherereje Tshisekedi intumwa imushyiriye ubutumwa

by radiotv10
06/05/2026
0

Umunyeshuri utwite wo muri Kaminuza muri Uganda yapfukamishijwe imbere kubera kwiba telefone

Umunyeshuri utwite wo muri Kaminuza muri Uganda yapfukamishijwe imbere kubera kwiba telefone

06/05/2026
Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

06/05/2026
Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

06/05/2026
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

06/05/2026
Umukozi w’Umurenge ukurikiranyweho kunyereza miliyoni 1,5Frw akoresheje amayeri ngo yashakaga gukemura akabazo

Umukozi w’Umurenge ukurikiranyweho kunyereza miliyoni 1,5Frw akoresheje amayeri ngo yashakaga gukemura akabazo

06/05/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Museveni yoherereje Tshisekedi intumwa imushyiriye ubutumwa

Umunyeshuri utwite wo muri Kaminuza muri Uganda yapfukamishijwe imbere kubera kwiba telefone

Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.