Friday, May 22, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Congo yagenewe indi nkunga yihutirwa y’amafaranga menshi yo guhangana n’icyorezo cya Ebola

radiotv10by radiotv10
22/05/2026
in AMAHANGA, IMIBEREHO
0
Congo yagenewe indi nkunga yihutirwa y’amafaranga menshi yo guhangana n’icyorezo cya Ebola
Share on FacebookShare on Twitter

Umuryango w’Abibumbye watanze Miliyoni 60 USD mu kigega cy’ubutabazi bwihuse zo gufasha guhangana no gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Iyi nkunga yatanzwe kuri uyu wa Gatanu, inaherekejwe kandi n’abaganga na bo batanzwe n’Umuryango w’Abibumbye bo gufasha DRC guhangana n’iki cyorezo cyagarukanye ubukana.

Tom Fletcher, Umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi bwihuse muri UN, mu butumwa yatangaje kuri X kuri uyu wa Gatanu, yagize ati “Tugomba gukora ibishoboka byose tugahangana n’iki cyorezo cya Ebola.”

Uyu muyobozi mu Muryango w’Abibumbye, yakomeje avuga ko guhangana n’icyorezo cya Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisaba imbaraga n’ingamba zihariye, kubera ibindi bibazo bihasanzwe.

Yagize ati “Aha ni ahantu hakomeye ho gukora akazi ko kurokora ubuzima. Hari ibibazo by’amakimbirane ndetse n’abaturage benshi.”

Kugeza ubu iki cyorezo cya Ebola, muri DRC kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera mu 160, mu gihe abamaze kucyandura bageze muri 670.

Inzobere ziravuga ko ko iyi virusi itarabonerwa urukingo, yaba yarongeye kubura umutwe mu mezi abiri ashize mu Ntara ya Ituri muri Congo, mbere y’uko imenyekana ko ihari.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

8 + eleven =

Previous Post

Ibiyobyabwenge byinshi birimo ibilo 480 by’urumogi byangirijwe imbere y’abaturage

Next Post

Umukinnyi w’ikirangirire Cristiano Ronaldo yanditse andi mateka yiyongereye ku yo asanganywe

Related Posts

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Amakuru mashya: Muri Congo imirwano yahinduye isura

by radiotv10
22/05/2026
0

Mu bice biri mu nkengero y’agace ka Rubaya muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, haramukiye imirwano...

Urujijo ku itwikwa ry’ahavurirwa abarwayi ba Ebola ku Bitaro bimwe muri Congo

Urujijo ku itwikwa ry’ahavurirwa abarwayi ba Ebola ku Bitaro bimwe muri Congo

by radiotv10
22/05/2026
0

Inyubako yo mu kigo cyita ku barwayi ba Ebola ku Bitaro bya Rwampara biherereye mu mujyi wa Bunia mu Ntara...

Iran yaburiye America na Israel ko igitero gishya cyose cyatuma habaho akaga kadasanzwe

Iran yaburiye America na Israel ko igitero gishya cyose cyatuma habaho akaga kadasanzwe

by radiotv10
21/05/2026
0

Igisirikare cya Iran cyavuze ko kizafungura ipaji nshya y’urugamba kikagura intambara igihe Leta Zunze Ubumwe za America na Israel zatangiza...

Andi makuru yamenyekanye ku mugabo wapfuye ari gukorana imibonano n’umugore utari uwe

Andi makuru yamenyekanye ku mugabo wapfuye ari gukorana imibonano n’umugore utari uwe

by radiotv10
21/05/2026
0

Polisi yo muri Uganda yatangiye gukora iperereza ku rupfu rw’umugabo wo mu Karere ka Luuka witabye Imana ubwo yari ari...

Guverinoma ya Botswana yitandukanyije n’itangazo ryayitiriwe ko yahaye ikiruhuko abafana ba Arsenal

Guverinoma ya Botswana yitandukanyije n’itangazo ryayitiriwe ko yahaye ikiruhuko abafana ba Arsenal

by radiotv10
20/05/2026
0

Guverinoma ya Botswana yavuze ko nta kirihuko rusange cyagenewe abafana ba Arsenal nyuma yuko hagiye itangazo ryacuzwe ryavugaga ko abakunzi...

IZIHERUKA

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando
AMAHANGA

Amakuru mashya: Muri Congo imirwano yahinduye isura

by radiotv10
22/05/2026
0

Emelyne wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yeruriye abantu ingeso zari zaramubase

Emelyne wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yeruriye abantu ingeso zari zaramubase

22/05/2026
Umuhanzi akaba n’umushabitsi Marchal Ujeku yatawe muri yombi muri dosiye ivugwamo miliyoni 50Frw

Umuhanzi akaba n’umushabitsi Marchal Ujeku yatawe muri yombi muri dosiye ivugwamo miliyoni 50Frw

22/05/2026
Rurangiranwa muri ruhago y’Isi yateye intambwe imuganisha guca agahigo azaba afite wenyine

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi yateye intambwe imuganisha guca agahigo azaba afite wenyine

22/05/2026
Umukinnyi w’ikirangirire Cristiano Ronaldo yanditse andi mateka yiyongereye ku yo asanganywe

Umukinnyi w’ikirangirire Cristiano Ronaldo yanditse andi mateka yiyongereye ku yo asanganywe

22/05/2026
Congo yagenewe indi nkunga yihutirwa y’amafaranga menshi yo guhangana n’icyorezo cya Ebola

Congo yagenewe indi nkunga yihutirwa y’amafaranga menshi yo guhangana n’icyorezo cya Ebola

22/05/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Umukinnyi w’ikirangirire Cristiano Ronaldo yanditse andi mateka yiyongereye ku yo asanganywe

Umukinnyi w'ikirangirire Cristiano Ronaldo yanditse andi mateka yiyongereye ku yo asanganywe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru mashya: Muri Congo imirwano yahinduye isura

Emelyne wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yeruriye abantu ingeso zari zaramubase

Umuhanzi akaba n’umushabitsi Marchal Ujeku yatawe muri yombi muri dosiye ivugwamo miliyoni 50Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.