• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Thursday, June 11, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umwe mu Badepite mu Nteko y’u Rwanda yeguye

radiotv10by radiotv10
11/06/2026
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Umwe mu Badepite mu Nteko y’u Rwanda yeguye
Share on FacebookShare on Twitter

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, yatangajwe ko Perezida wayo yakiriye ibaruwa y’ubwegure bwa Icyitegetse Venuste wari Umudepite, weguye ku mpamvu ze bwite.

Ubwegure bwa Hon. Icyitegetse Venuste bwatangajwe n’Inteko Ishinga Amategeko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 11 Kamena mu itangazo yashyize hanze.

Ubuyobozi bw’Inteko, bwatangaje ko “Ku wa 11 Kamena 2026, Perezida w’Umutwe w’Abadepite yakiriye inyandiko y’ubwegure ku mwanya w’Ubudepite ya Bwana Icyitegetse Venuste ku mpamvu ze bwite.”

Hon. Icyitegetse Venuste weguye ku nshingano z’Ubudepite, yari yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko, umutwe w’Abadepite ahagarariye Urubyiruko, akaba ariuwo mu Muryango FPR-Inkotanyi.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × two =

Previous Post

Abategura ikinamico ‘Urunana’ barasaba abantu kutitiranya ubuzima bwite bw’uwayikinagamo uherutse kwitaba Imana n’ubwo yakinaga

Related Posts

Umugabo yaguwe gitumo ari gusambanya umugore ufite uburwayi bwo mu mutwe ku manywa y’ihangu

Umugabo yaguwe gitumo ari gusambanya umugore ufite uburwayi bwo mu mutwe ku manywa y’ihangu

by radiotv10
11/06/2026
1

Mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, haravugwa umugabo waguwe gitumo n’abitambukiraga ari gusambanya umugore ufite uburwayi bwo mu...

Lt.Gen.(Rtd) Karenzi Karake na Col.(Rtd) Ruhunga Jeannot wayoboye RIB mu bayobozi bahawe inshingano

Lt.Gen.(Rtd) Karenzi Karake na Col.(Rtd) Ruhunga Jeannot wayoboye RIB mu bayobozi bahawe inshingano

by radiotv10
11/06/2026
0

Perezida wa Repubulika yashyize mu myanya abayobozi banyuranye, barimo Lt Gen (Rtd) Karenzi Karake wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa,...

President Kagame makes cabinet changes and appoints new ambassadors and officials

Menya Abaminisitiri bashya binjiye muri Guverinoma y’u Rwanda n’izindi mpinduka zakozwe

by radiotv10
11/06/2026
0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma zayinjijemo bane bashya, ari bo Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, uw'Ubucuruzi...

Menya Abaminisitiri bashya binjiye muri Guverinoma y’u Rwanda n’izindi mpinduka zakozwe

President Kagame makes cabinet changes and appoints new ambassadors and officials

by radiotv10
11/06/2026
0

President of the Republic of Rwanda, Paul Kagame, has made changes to the Government, bringing in four new members, the...

The silent judgment faced by single mothers who give birth at home

The silent judgment faced by single mothers who give birth at home

by radiotv10
11/06/2026
0

In many communities, a girl who gives birth at home is often treated as though she has committed the greatest...

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Umwe mu Badepite mu Nteko y’u Rwanda yeguye

Abategura ikinamico ‘Urunana’ barasaba abantu kutitiranya ubuzima bwite bw’uwayikinagamo uherutse kwitaba Imana n’ubwo yakinaga

Uko byifashe mbere gato y’umukino wa mbere w’Igikombe cy’Isi gitegerejwe na benshi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.