• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Thursday, June 25, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Uwahoze ari Umutoza wa Rayon Sports yagizwe uwa Gucumbi FC

radiotv10by radiotv10
25/06/2026
in FOOTBALL, SIPORO
0
Uwahoze ari Umutoza wa Rayon Sports yagizwe uwa Gucumbi FC
Share on FacebookShare on Twitter

Afahmia Lotfi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports yamaze kugirwa umutoza mushya wa Gicumbi FC mu gihe cy’imyaka ibiri iri imbere.

Uyu munya-Tunisie asimbuye Justin Bisengimana uheruka kwerekeza muri AS Kigali nk’umutoza mushya.

Mu mwaka w’imikino ushize, Afahmia Lotfi yawutangiye ari umutoza wa Rayon Sports, aho yatangajwe tariki ya 30 Gicurasi 2025. Gusa ntibyagenze neza kuko baje gutandukana tariki ya 12 Ugushyingo 2025, ashinjwa umusaruro muke. Kuva icyo gihe nta kazi yari afite.

Lotfi yerekeje muri Gicumbi FC nk’umutoza mukuru, hakaba havugwa ko Jean de Dieu Mateso ari we ushobora kumwungiriza.

Iyi kipe ya Gicumbi agiye gutoza yasoje shampiyona y’umwaka wa 2025–2026 iri ku mwanya wa 12 n’amanota 38.

Uyu mutoza wigeze gutoza muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yaje mu Rwanda atoza Mukura Victory Sports, aho yatandukaniye na yo ayisize ku mwanya wa gatanu muri shampiyona y’umwaka wa 2024–2025, ndetse anayifasha gusoza ku mwanya wa kane mu Gikombe cy’Amahoro.

Jean Claude HITIMANA

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + twenty =

Previous Post

AFC/M23 yavuze ibikorwa by’intambara by’ubugome ndengakamere byongeye gukorwa na Leta ya Congo

Related Posts

Umukinnyi mpuzamahanga ufite inkomoko mu Rwanda yateye intambwe ikomeye muri NBA

Umukinnyi mpuzamahanga ufite inkomoko mu Rwanda yateye intambwe ikomeye muri NBA

by radiotv10
24/06/2026
0

Umukinnyi wa Baskeball Nate Ament ufite inkomoko mu Rwanda ukinira ikipe ya University of Tennessee, yatoranyijwe nka nimero 13 muri...

Rayon Sports imanuye rutahizamu watsinze ibitego byinshi muri Shampiyona yakinagamo

Rayon Sports imanuye rutahizamu watsinze ibitego byinshi muri Shampiyona yakinagamo

by radiotv10
23/06/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko iyi kipe yasinyishije Umunya-Togo Antonio Kossivi Atisso Kodjo watsinze ibitego byinshi muri Shampiyona y’Icyiciro...

APR yatandukanye n’abakinnyi babiri bari mu b’ingenzi bayo

APR yatandukanye n’abakinnyi babiri bari mu b’ingenzi bayo

by radiotv10
22/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Ikipe ya APR FC, bwamaze gutandukana n’abakinnyi babiri bari bayimazemo igihe, barimo Ruboneka Jean Bosco wari uyimazemo imyaka itandatu...

Haravugwa impinduka muri Rayon Sports

Haravugwa impinduka muri Rayon Sports

by radiotv10
22/06/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangiye gukora impinduka mu mitoreze y’amakipe yayo, zirimo izatumye bamwe mu batoza basezererwa, abandi bahindurirwa inshingano....

Inzozi z’umunyezamu wa Cape Verde zabaye impamo nyuma yo gutangaza ibyakoze benshi ku mutima

Inzozi z’umunyezamu wa Cape Verde zabaye impamo nyuma yo gutangaza ibyakoze benshi ku mutima

by radiotv10
22/06/2026
0

Josimar José Évora Dias uzwi nka Vozinha, umunyezamu w’ikipe y’Igihugu ya Cape Verde uri kuyifasha kwihagararaho mu Gikombe cy’Isi, yakiniye...

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Uwahoze ari Umutoza wa Rayon Sports yagizwe uwa Gucumbi FC

AFC/M23 yavuze ibikorwa by’intambara by’ubugome ndengakamere byongeye gukorwa na Leta ya Congo

Bwa mbere umunyamakurukazi n’umukinnyikazi wa filimi bazwi mu Rwanda bagiye guhurira mu mukino w’iteramakofe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.