Tuesday, October 21, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Undi muntu yakize SIDA: Ibirambuye ku buryo bwakoreshejwe

radiotv10by radiotv10
17/02/2022
in Uncategorized
0
Undi muntu yakize SIDA: Ibirambuye ku buryo bwakoreshejwe
Share on FacebookShare on Twitter

Isi yungutse umuntu wa gatatu ukize SIDA nyuma yo guterwa uturemangingo twakuwe mu muntu ufite ubudahangarwa bwo kutandura iyi ndwara, akaba ari Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe aho anabaye umugore wa mbere ku Isi ukize iyi Virusi muri ubu buryo.

Amakuru y’ikira ry’uyu mugore yagaragariwe mu nama y’ubuvuzi yabereye mu mujyi wa Denver wo muri Leta ya Colorado muri Leta Zunze Ubumwe za America.

Uyu mugore abaye umuntu wa gatatu ku Isi ukize SIDA hakoreshejwe ubuvuzi bwo gutera ufite ubwandu uturemangingo fatizo tuzwi nka Stem Cells twakuwe mu muntu usanganywe ubudahangarwa bwo kutanduka SIDA.

Amakuru yo gukira kwe yemejwe nyuma y’amezi 14 ayikize aho byagombye gufata igihe ngo bibanze byemezwe ko yakize burundu Virusi itera SIDA.

Abahanga mu buvuzi bavuga ko ubu buryo busanzwe bunakoreshwa mu buvuzi buhanitse bwo kuvura Kanseri yo mu maraso, bushobora gushyira mu kaga abasanzwe bafite ubwandu bwa SIDA mu gihe babukoreshwaho nubwo buri gukorwaho ubushakashatsi.

Uturemangingo fatizo tw’umuntu ufite ubudahangarwa karemano bwo kutandura SIDA, tuba dukungahaye ku budahangarwa ku buryo uwadutewe na we aba adashobora kwandura iyi virus kuko twongerera imbaraga abasirikare bo mu mubiri.

Ubu buryo bumaze gutuma Isi igira abantu batatu bakize SIDA, ni nab wo bwakoreshejwe kuri Timothy Ray Brown wabaye umuntu wa mbere wakize SIDA muri 2007.

Umuyobozi w’Ishyirahamwe rishinzwe kurwanya SIDA ku Isi, Sharon Lewin, yatangaje ko nubwo ubu buryo bwatanze umusaruro kuri uyu mugore wo muri USA ariko atari bwiza kuri buri wese ufite ubwandu bwa SIDA.

Gusa avuga ko ibi bigaragaza intambwe ishimishije ishobora kuganisha ku iboneka ry’umuti uvura iyi ndarwa kugeza ubu itarabonerwa umuti n’urukingo.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two − two =

Previous Post

DRC: Impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu ziburanira mugenzi wabo wishwe zagarutse kuri Kabila

Next Post

Abanyarwanda baba mu Bubiligi babucyereye bajya kwakirana ubwuzu Perezida Kagame

Related Posts

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

IZIHERUKA

BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane barimo babiri bahoze muri Guverinoma y’u Rwanda
MU RWANDA

BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane barimo babiri bahoze muri Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
21/10/2025
0

Mukura yanditse yerura ko itishimiye imisifurire mu mukino wayo na APR

Mukura yanditse yerura ko itishimiye imisifurire mu mukino wayo na APR

21/10/2025
Mu rugamba rwa AFC/M23 na FARDC hongeye kugaragazwa uruhande rwakoreshejwe intwaro rutura

Byongeye gukomera hagati ya AFC/M23 na FARDC uruhande rumwe rwongera gukoresha intwaro za rutura

21/10/2025
Ibidasanzwe ku modoka nshya y’akataraboneka Rutahizamu ukomeye ku Isi Haaland yaguze

Ibidasanzwe ku modoka nshya y’akataraboneka Rutahizamu ukomeye ku Isi Haaland yaguze

21/10/2025
Umuburo wihutirwa ureba umuntu wese wanyoye iyi Jus n’iki kinyobwa mu Rwanda

Umuburo wihutirwa ureba umuntu wese wanyoye iyi Jus n’iki kinyobwa mu Rwanda

21/10/2025
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

21/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abanyarwanda baba mu Bubiligi babucyereye bajya kwakirana ubwuzu Perezida Kagame

Abanyarwanda baba mu Bubiligi babucyereye bajya kwakirana ubwuzu Perezida Kagame

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane barimo babiri bahoze muri Guverinoma y’u Rwanda

Mukura yanditse yerura ko itishimiye imisifurire mu mukino wayo na APR

Byongeye gukomera hagati ya AFC/M23 na FARDC uruhande rumwe rwongera gukoresha intwaro za rutura

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.