Sunday, July 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abarimo Lacazette mu butumwa bwa Arsenal bwo kwifatanya n’Abanyarwanda mu Kwibuka28

radiotv10by radiotv10
07/04/2022
in MU RWANDA
0
Abarimo Lacazette mu butumwa bwa Arsenal bwo kwifatanya n’Abanyarwanda mu Kwibuka28
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Arsenal yageneye ubutumwa u Rwanda bwo kwifatanya muri iki gihe rwinjiyemo cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside Yakorewe Abatutsi.

Ni ubutumwa bwatambutse ku mbuga nkoranyambaga z’ikipe ya Arsenal bwatanzwe n’abakinnyi batatu b’iyi kipe barimo kapiteni wayo Alexandre Lacazette.

Ubu butumwa butangizwa na Lacazette agaragaza ko ari ubwo bageneye kwibuka, bukomeza bugira buti “Twifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka Jenoside Yakorewe Abatutsi, mu guha icyubahiro abarenga miliyoni imwe bishwe.”

Arsenal kandi ivuga ko yishimira uburyo abarokotse Jenoside Yakorewe Abatutsi bataheranywe n’agahinda n’amateka ashaririye banyuzemo ahubwo bakishamo imbaraga.

Buti “Imyaka 28 ishize u Rwanda rwariyubatse, ubukungu bwarwo burakura, rutera imbere, ni ikimenyetso cyo kudaheranwa n’amateka ashaririye.”

‘Kwibuka’ means to ‘remember’.

We stand together with Rwanda to mark the 28th commemoration of the genocide against the Tutsi.

Remember. Unite. Renew.#Kwibuka28 pic.twitter.com/jvUZ66fOYl

— Arsenal (@Arsenal) April 7, 2022

Ikipe ya Arsenal yagiranye n’u Rwanda amasezerano y’ubufatanye kuva muri 2018 aho icyiciro cya mbere cyayo cyarangiye umwaka ushize muri 2021 akongerwa.

Ni amasezerano iyi kipe yo mu Bwongereza yamamazamo u Rwanda mu bukangurambaga bwo gushishikariza abatuye Isi gusura iki Gihugu cy’Imisozi 1000 buzwi nka Visit Rwanda.

Kuva Arsenal yakwinjira muri aya masezerano yo gushishikariza abatuye Isi gusura u Rwanda, iyi kipe isanzwe ifite abakunzi benshi muri Africa yagiye yifatanya n’u Rwanda mu bikorwa binyuranye birimo nk’iki cyo Kwibuka aho yagiye yifatanye n’iki Gihugu mu bihe nk’ibi bitoroshye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 − two =

Previous Post

Jenoside yashoboraga gukumirwa- António Guterres yanenze amahanga yetereranye Abatutsi bakicwa arebera

Next Post

Turi Igihugu gito ariko kinini mu butabera- Perezida Kagame

Related Posts

Do young Rwandans really understand financial independence?

Do young Rwandans really understand financial independence?

by radiotv10
27/07/2025
0

In Rwanda today, more young people are talking about “financial independence.” You’ll hear it on social media, in schools, and...

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

by radiotv10
26/07/2025
0

Nyuma yuko hasakaye ibaruwa bigaragara ko yanditswe n’Umuyobozi w’Ikio cya C.L Gashonga TSS cyo mu Karere ka Rusizi, agaya umukozi...

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

by radiotv10
26/07/2025
0

Mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayonza hari gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ ikomeje gufasha abaturage mu kwikemurira amakimbirane yo mu...

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

by radiotv10
25/07/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko abayobozi bakwiye kujya mu nshingano bazumva kandi bakazikorana ubushake n’imyumvire bibaturutsemo bibumvisha ko akazi barimo...

Impamvu abagore basigaye barusha abagabo ubutaka bubanditseho mu Rwanda

Impamvu abagore basigaye barusha abagabo ubutaka bubanditseho mu Rwanda

by radiotv10
25/07/2025
0

Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubutaka mu Rwanda kigaragaza ko ubutaka bwanditse ku bagore gusa bihariye badafite abo babuhuriyeho ari 18,88% mu...

IZIHERUKA

Do young Rwandans really understand financial independence?
MU RWANDA

Do young Rwandans really understand financial independence?

by radiotv10
27/07/2025
0

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

26/07/2025
Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

26/07/2025
Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

26/07/2025
Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

25/07/2025
Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

25/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Turi Igihugu gito ariko kinini mu butabera- Perezida Kagame

Turi Igihugu gito ariko kinini mu butabera- Perezida Kagame

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Do young Rwandans really understand financial independence?

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.