• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Amakuru y’ibanga agezweho ku muhanzi ukunzwe na benshi mu Rwanda

radiotv10by radiotv10
03/11/2025
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Amakuru y’ibanga agezweho ku muhanzi ukunzwe na benshi mu Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi w’umuraperi Kivumbi King uri mu bagezweho mu Rwanda, amakuru aremeza ko yamaze kwinjira mu nzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM.

Amakuru yo kuba uyu muhanzi yamaze kwinjira muri iyi Label, yemejwe n’umwe mu nshuti za hafi z’uyu muraperi wabibwiye RADIOTV10 byumwihariko mu ishami ry’imyidagaduro.

Uyu waduhaye amakuru yagize ati “Ubu kivumbi ni umwe mu bahanzi bafashwa na 1:55 AM, nubwo bikiri ibanga, ariko isaha n’isaha bishobora gutangazwa ku mugaragaro.”

Bimwe mu bikorwa bizajya bikorerwa uyu muhanzi n’iyi label, birimo kumushakira imikoranire n’abandi bahanzi mpuzamahanga, ndetse no kumufasha mu mishinga ya muzika, nko kumukorera ibihangano yaba indirimbo mu buryo bw’amajwi ndetse n’amashusho.

Muri Gicurasi umwaka ushize, uyu muraperi Kivumbi King yari yanasinyanye imikoranire na sosiyete Deealoh Entertainment yo muri Nigeria, bari bemeranyije gukorana mu gihe cy’imyaka itatu.

Muri yi nzu ya 1:55 AM yinjiyemo uyu muraperi isanzwe ibarizwamo umuhanzi Bruce Melodie, na we uri mu bagezweho, ikaba yarananyuzemo abandi bahanzi bagezweho muri iyi minsi, nka Ross Kana, na Kenny Sol, bombi batandukanye na yo.

Iyi label kandi isanzwe ifite studio ikora umuziki, ikorwamo n’abahanga mu gutunganya imiziki, barimo Kompressor, ndetse ikaba yarananyuzemo Element Elee na we wamaze kwinjira no mu bahanzi.

Taikun NDAHIRO
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

16 − thirteen =

Previous Post

Ibyagaragajwe n’iperereza ku bagabo batatu barimo uwitwa Shirumuteto bafatanywe imari y’amahembe y’inzovu mu modoka y’Akarere

Next Post

Ubutumwa Perezida Samia Suluhu yageneye Abanya-Tanzania nyuma yo kurahirira kubayobora

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Ubutumwa Perezida Samia Suluhu yageneye Abanya-Tanzania nyuma yo kurahirira kubayobora

Ubutumwa Perezida Samia Suluhu yageneye Abanya-Tanzania nyuma yo kurahirira kubayobora

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.