Sunday, February 22, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

radiotv10by radiotv10
14/10/2021
in MU RWANDA
0
AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI
Share on FacebookShare on Twitter

Hashize imyaka 4 Umujyi wa Kigali ushyizeho ibwiriza rihana abazunguzayi n’umuntu wese ufashwe abagurira, buri wese akaba acibwa amafaranga ibihumbi 10 iyo afashwe.

Sociyete icyo civile mu Rwanda icyo gihe yavuze ko  kuba harashyizweho ibihano ku bacururiza mu kajagari n’ababagurira, atari byo byihutirwaga.
Ivuga ko Umujyi wa Kigali wakagombye gushyira imbaraga  mu gukumira ikibitera aho kuzishyira mu guhana.

Ese iri bwiriza rimaze imyaka 4 ryara ryarabaye igisubizo ku bazunguzayi?

Mu makuru yihariye tubafitiye kuri uyu wa gatanu turareba itandukaniro ry’ubuzunguzayi bwakorwaga mbere ya 2017 n’uko bukorwa muri iyi minsi.

 

Turareba kandi niba abakora ubushabitsi cg ubuzunguzayi bibatunze cg ari amaburakindi

Hari abavuga kandi ko bataramenya ibicuruzwa abazunguzayi bakwa aho bishyirwa.

Ese wowe ubona iki kibazo cyavugutirwa uwuhe muti?

Dusangize igitekerezo cyawe kuri Facebook, Instagram na Twitter twitwa radiotv10rwanda.

Ntimucikwe ni kuri radio10 ku I saa kumi n’imwe no n’I saa moya n’igice z’umugoroba kuri TV10.

 

Vedaste Kubwimana

Umuyobozi w’igisata cy’amakuru

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 5 =

Previous Post

Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

Next Post

AMAFOTO – Rayon Sports yabanje gusura mu Rukari yanganyije na Nyaza 2-2

Related Posts

The End of Passwords: Welcome to the Age of Biometric Security

The End of Passwords: Welcome to the Age of Biometric Security

by radiotv10
21/02/2026
0

For years, passwords have been the guards of our digital lives. We use them to unlock our phones, check our...

Rutsiro: Bizejwe ibitangaza nabo bicinya icyara ko bagiye gukira none ubukene n’inzara birabarembeje

Umugabo n’umugore bari bagiye gushakisha imibereho batahiye ku nkuru y’icamugongo y’abana babo bapfuye

by radiotv10
20/02/2026
0

Umugabo n’umugore we bo mu Murenge wa Gihango mu Karere ka Rutsiro, batashye bavuye guhinga, basanga abana babo babiri bitabiye...

Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

by radiotv10
20/02/2026
0

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, banenga umugabo bavugaho ubushurashuzi wahengereye mugenzi we yagiye...

Hagaragajwe impamvu z’impungenge u Rwanda rufite ku kuba u Burundi bwakwinjira mu buhuza mu bya Congo

Hagaragajwe impamvu z’impungenge u Rwanda rufite ku kuba u Burundi bwakwinjira mu buhuza mu bya Congo

by radiotv10
20/02/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko kuba Perezida w’u Burundi aherutse kuba Umuyobozi w’Akanama k’Abakuru b’Ibihugu bigize...

Attention Deficit Hyperactivity Disorder: What it really is and why it matters

Attention Deficit Hyperactivity Disorder: What it really is and why it matters

by radiotv10
20/02/2026
0

Attention Deficit Hyperactivity Disorder, also known as ADHD, is often misunderstood. Many people think it simply means being hyper or...

IZIHERUKA

Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi
AMAHANGA

Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi

by radiotv10
22/02/2026
0

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa

22/02/2026
Iby’ingenzi wamenya kuri Tour du Rwanda 2026 mbere y’uko itangira

Iby’ingenzi wamenya kuri Tour du Rwanda 2026 mbere y’uko itangira

21/02/2026
Stay clean and confident: Simple hygiene habits every man needs

Stay clean and confident: Simple hygiene habits every man needs

21/02/2026
The End of Passwords: Welcome to the Age of Biometric Security

The End of Passwords: Welcome to the Age of Biometric Security

21/02/2026
Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

20/02/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO – Rayon Sports yabanje gusura mu Rukari yanganyije na Nyaza 2-2

AMAFOTO - Rayon Sports yabanje gusura mu Rukari yanganyije na Nyaza 2-2

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa

Iby’ingenzi wamenya kuri Tour du Rwanda 2026 mbere y’uko itangira

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.