Friday, December 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Amavubi aragera i Kigali saa sita mu kadomo…Arakirwa ate ?

radiotv10by radiotv10
11/10/2021
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA, Uncategorized
0
Amavubi aragera i Kigali saa sita mu kadomo…Arakirwa ate ?

Amavubi

Share on FacebookShare on Twitter
Amavu aragera Kigali

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi ndetse n’abandi babaherekeje, baragera i Kigali ku isaha ya saa sita aho akubutse muri Uganda nyuma yo gusubirwa n’ikipe ya kiriya gihugu ikabatsinda ikindi gitego cyatumye u Rwanda rutsindwa imikino ibiri rukanasezererwa mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi.

 

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko ikipe “Igera i Kigali saa sita z’amanywa kuri uyu wa mbere ivuye i Kampala aho yakiniye umukino wo kwishyura na Uganda Cranes mu rwego rwo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’isi kizabera muri Qatar 2022.”

 

Ubu butumwa bwanyujijwe kuri Twitter, FERWAFA yibukije ko “Amavubi yaraye atsinzwe na Uganda 1-0.”

 

Gutsindwa na Uganda imikino ibiri, byatumye ikipe y’u Rwanda idakomeza guhatanira itike yo kwerecyeza mu gikombe cy’Isi cyo muri Qatar muri 2022 gusa ikaba isigaje imikino ibiri igomba gukina idafite icyo isobanuye.

Ubwo u Rwanda rwatsindirwaga mu Rwanda ku wa Kane tariki 07 Ukwakira 2021, Abanyawanda baraye nabi kuko bari bizeye intsinzi ari na ho bamwe batangiriye gusaba impinduka mu ikipe y’Igihugu.

 

Bamwe mu Banyamakuru ba siporo mu Rwanda bavugaga ko impinduka zikwiye guhera ku guhagarika umutoza Mashami Vincent bavuga ko adakwiye gutoza ikipe y’Igihugu mu gihe we yavuze ko kuri we ntacyo yishinja.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 + eighteen =

Previous Post

Biri guterwa n’iki kuba kwica ubukwe bitangiye kuba umuco?

Next Post

Ukuri ntabwo ari kuri radio, ukuri ntabwo kuba mu magambo-Adil utoza APR

Related Posts

Perezida Kagame na Ndayishimiye bicaranye mu nama ya EAC itagaragayemo Tshisekedi

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

by radiotv10
11/12/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko ubwo u Burundi bwari bukomeje kongera umubare w’Ingabo muri DRC, ndetse zimwe zijya gushinga ibirindiro...

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

by radiotv10
11/12/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko abakomeje kwikoreza u Rwanda ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakwiye kwibuka ko atari...

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

by radiotv10
11/12/2025
0

Umukozi ushinzwe imyirwarire y’abanyeshuri mu ishuri rya Saint Trinité de Ruhango riherereye mu Karere ka Ruhango, yatawe muri yombi n’Urwego...

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

by radiotv10
11/12/2025
0

The President of the Republic, Paul Kagame, said that the fighting that has been taking place in parts of South...

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

by radiotv10
11/12/2025
0

Mu rubanza rw’abaregwa gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni, barimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, hasobanuwe ko uyu uzwi mu biganiro kuri YouTube,...

IZIHERUKA

Perezida Kagame na Ndayishimiye bicaranye mu nama ya EAC itagaragayemo Tshisekedi
MU RWANDA

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

by radiotv10
11/12/2025
0

AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

11/12/2025
Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

11/12/2025
Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

11/12/2025
President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

11/12/2025
Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

11/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ukuri ntabwo ari kuri radio, ukuri ntabwo kuba mu magambo-Adil utoza APR

Ukuri ntabwo ari kuri radio, ukuri ntabwo kuba mu magambo-Adil utoza APR

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.