Monday, December 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

BREAKING: Liliane uregwa ibiterasoni ararekuwe kandi asomewe itariki yabyo itageze

radiotv10by radiotv10
19/08/2022
in MU RWANDA
0
BREAKING: Liliane uregwa ibiterasoni ararekuwe kandi asomewe itariki yabyo itageze
Share on FacebookShare on Twitter

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwagombaga gusoma icyemezo cyarwo ku ifunga n’ifungurwa mu cyumweru gitaha, rwagisomye kuri uyu wa Gatanu, rutegeka ko Liliane Mugabekazi wagaragaye yambaye ikanzu igaragaza imyanya ye y’ibanga, arekurwa by’agateganyo.

Iki cyemezo cyasomwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Kanama 2022 mu gihe cyagombaga kuzasomwa mu cyumweru gitaha tariki 23 Kanama 2022.

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko uyu mukobwa arekurwa by’agateganyo kuko rwabonye nta mpamvu ikomeye yatuma akurikiranwa afunze.

Urukiko rwavuze icyaha kiregwa uyu mukobwa gihanishwa igifungo kitarengeje imyaka ibiri mu gihe ubundi imwe mu mpamvu iherwaho kuba umuntu yakurikiranwa afunze ari uko icyaha aregwa gihanishwa igifungo kiri hejuru y’imyaka ibiri.

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kandi ruvuga ubusanzwe ihame ari uko uregwa akurikiranwa ari hanze nkuko biteganywa n’amategeko.

Kuva kuri uyu wa Kane tariki 18 Kanama ubwo Mugabekazi yagezwaga imbere y’Urukiko, ku mbuga nkoranyambaga hatangijwe ubukangurambaga busaba ko uyu mukobwa arekurwa bwari burangajwe imbere n’abavuga ko bahirimbanira uburenganzira bw’abari n’abategarugori.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × three =

Previous Post

Abandi Banyapolitiki bakomeye muri USA bagiye kugirira uruzinduko mu Rwanda

Next Post

The Ben na Pamella bitegura guhuza imitima babanje guhurira muri business

Related Posts

Healthy work habits you should start every Monday

Healthy work habits you should start every Monday

by radiotv10
15/12/2025
0

Mondays set the tone for the entire workweek. For professionals juggling deadlines, meetings, and long hours at a desk, how...

Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

by radiotv10
15/12/2025
0

Umusesenguzi mu bya Politiki, Hon. Evode Uwizeyimana, avuga ko ibyakunze gutangazwa na Perezida w’u Burundi ko yifuza gutera u Rwanda,...

U Rwanda rwagaragarije Isi amatariki y’ingenzi yabayeho ibibi byakorewe Abanyamulenge

U Rwanda rwagaragarije Isi amatariki y’ingenzi yabayeho ibibi byakorewe Abanyamulenge

by radiotv10
15/12/2025
0

Uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Amb. Martin Ngoga, yagaragarije Akanama k’uyu Muryango gashinzwe Amahoro n’Umutekano ku Isi, amatariki yagiye...

MoMo Rwanda Launches Holiday Cashback Rewards for MoMoApp Customers

MoMo Rwanda Launches Holiday Cashback Rewards for MoMoApp Customers

by radiotv10
15/12/2025
0

Kigali, Rwanda - Mobile Money Rwanda Ltd (MoMo Rwanda ) is excited to announce an exclusive 5% cashback for MoMoApp...

Eng.-Rwanda presents to the World key dates of atrocities committed against the Banyamulenge

Eng.-Rwanda presents to the World key dates of atrocities committed against the Banyamulenge

by radiotv10
15/12/2025
0

Rwanda’s Permanent Representative to the United Nations, Ambassador Martin Ngoga, presented to the UN Security Council key dates marking atrocities...

IZIHERUKA

Healthy work habits you should start every Monday
IMIBEREHO MYIZA

Healthy work habits you should start every Monday

by radiotv10
15/12/2025
0

Perezida w’Igihugu gifashwa n’Ingabo z’u Rwanda mu mutekano yavuze impamvu akwiye kongera gutorwa

Perezida w’Igihugu gifashwa n’Ingabo z’u Rwanda mu mutekano yavuze impamvu akwiye kongera gutorwa

15/12/2025
Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

15/12/2025
Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

15/12/2025
U Rwanda rwagaragarije Isi amatariki y’ingenzi yabayeho ibibi byakorewe Abanyamulenge

U Rwanda rwagaragarije Isi amatariki y’ingenzi yabayeho ibibi byakorewe Abanyamulenge

15/12/2025
MoMo Rwanda Launches Holiday Cashback Rewards for MoMoApp Customers

MoMo Rwanda Launches Holiday Cashback Rewards for MoMoApp Customers

15/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
The Ben na Pamella bitegura guhuza imitima babanje guhurira muri business

The Ben na Pamella bitegura guhuza imitima babanje guhurira muri business

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Healthy work habits you should start every Monday

Perezida w’Igihugu gifashwa n’Ingabo z’u Rwanda mu mutekano yavuze impamvu akwiye kongera gutorwa

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.