Ndagijimana Frodouard wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo mu Karere ka Rulindo, akaza kwirukanwa bigakurikirwa n’impaka ndende, agasubizwa mu kazi...
Read moreDetailsUmugabo w’imyaka 40 y’amavuko ukurikiranyweho kwinjiza mu Rwanda ibiyobyabwenge abikuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yanze kugira icyo avuga,...
Read moreDetailsNyuma yuko Minisiteri y’Ubuzima itangaje ko nta muntu urwaye indwara ya Marburg ukigaragara mu Rwanda, harakurikiraho igikorwa cyo kubara iminsi...
Read moreDetailsUmubare w’ibirego byo gutandukana kw’abashakanye mu Rwanda mu mwaka wa 2023-2024, wagabanutseho 7% ugereranyije n’ibyagaragaye mu mwaka wa 2022-2023. Raporo...
Read moreDetailsAbapolisi 154 muri Polisi y’u Rwanda, barimo umwe ufite ipeti rya CP (Commissioner of Police), na batandatu bafite irya ACP...
Read moreDetailsMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abari barwaye indwara ya Marburg mu Rwanda, bose bakize, ku buryo kugeza ubu nta murwayi n’umwe...
Read moreDetailsUmuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n'Akarengane, Ishami ry’u Rwanda, Transparency International Rwanda; uravuga ko wasanze hari aho ibikorwa byo kubaka imihanda...
Read moreDetailsKu Cyicaro Gikuru cy’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, hakozwe igikorwa cy’urukundo cyo gutanga amaraso, cyanitabiriwe n’Umugaba Mukuru wazo, General Mubarakh Muganga....
Read moreDetailsBamwe mu bo mu Murenge wa Mwili mu Karere ka Kayonza, bavuga ko barembejwe n’urugomo bakorerwa n’abantu batazi bitwikira ijoro...
Read moreDetails