Sunday, May 11, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

CODACE: Nkusi Assier ahamya ko koperative yakabaye iteza imbere abanyamuryango mbere ya koperative ubwayo

radiotv10by radiotv10
11/11/2021
in MU RWANDA
0
CODACE: Nkusi Assier ahamya ko koperative yakabaye iteza imbere abanyamuryango mbere ya koperative ubwayo
Share on FacebookShare on Twitter

Nkusi Assier  umuyobozi wa CODACE, koperative y’abahoze ari abakozi ba leta nyuma bakaza kwihuriza hamwe bagashinga koperative itanga servisi zo gukodesha imodoka ku bantu ku giti cyabo ndetse n’ibigo bitandukanye, ahamya ko intego ya mbere ya koperative yakabaye ireba ku itera mbere ry’umunyamuryango mbere y’uko koperative ubwayo izamuka.

Kwihuriza hamwe intego arimwe yo kuzamura imibereho yanyu ubwanyu cyangwa iya koperative, nibyo abagize cooperative CODACE, bavuga ko byabafashije kugera ku ntego  yabo kuri ubu barishimira ibyo bamaze kugeraho n’ubwo bitari byoroshye.

Image

Nkusi Assier  umuyobozi wa CODACE aganira n’abanyamuryango

Umutoni Teddy ni umwe mu bategarurogori uba muri iyi koperative aravuga ko atewe ishema no kugira uruhare mu iterambere rya koperative, kandi avuga ko byamuhinduriye ubuzima aboneraho gusaba abandi bategarugori kwitinyuka kuko abishyize hamwe ntakibananira.

Umutoni yateruye agira ati’’ Koperative yaramfashije cyane ubu nanjye nashoye imari kandi byaramfashije cyane kuko ubu ibyo CODACE yagezeho nange ntewe ishema no kubigiramo uruhare, bityo ndashishikariza abandi bagore kwitinyuka bakihuriza hamwe ndetse bagashora imari kuko iyo umutungo ucunzwe neza abanyamuryango batera imbere”

Umuyobozi mu mujyi wa Kigali  Emmanuel Katabarwa,ushinzwe ibikorwa remezo, ashimangira ko kugira ngo bishoboke hari icyo bisaba n’ubwo hakiri imbogamizi cyane cyane ku batanga servise zifitanye isano no gutwara abantu n’ibintu ariko akomeza asaba abantu kurushaho kunoza serivisi batanga.

Image

Umuyobozi mu mujyi wa Kigali Emmanuel Katabarwa ushinzwe ibikorwa remezo

Koperative CODACE kuri ubu igizwe n’abanyamuryango 86, bose bahuriye ku mwuga wo gutwara imodoka, bakaba kuri ubu bamaze kugera kuri byinshi birimo inzu igeretse rimwe ifite agaciro ka miliyoni 160, iherereye mu busanza ho mu murenge wa Kanombe ndetse n’imodoka zirenga 15,iyi nzu bakaba bateganyako izabafasha kubona inguzanyo muri bank kugirango barusheho kongera ishoramari ryabo.

Image

CODACE itanga serivisi zo gukodesha imodoka

Inkuru ya :Emmanuel HAKIZIMANA/Radio&TV10

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × two =

Previous Post

Sugira yagarutse, Umutoza Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi azakoresha ku mikino ya Mali na Kenya

Next Post

Ubuyobozi bwa APR FC bwahakanye ko butimanye abakinnyi mu Mavubi

Related Posts

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

by radiotv10
10/05/2025
0

Umusore w’imyaka 27 y’amavuko ukekwaho kwica uwari umukoresha we mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke, yarangiza akamuzingazingira mu...

Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

by radiotv10
09/05/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo iminsi 30 Moses Turahirwa uzwi mu guhanga imideri wanashinze inzu yayo...

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

by radiotv10
09/05/2025
0

Umugore w’imyaka 58 wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza ukurikiranyweho kwica umugabo we w’imyaka 80, avuga ko...

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

by radiotv10
09/05/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda bwashimiye Imana ku itorwa ry’Umushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Nyirubutungane Lewo XIV...

Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

by radiotv10
09/05/2025
0

Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi nyuma yuko mu...

IZIHERUKA

MU RWANDA

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

by radiotv10
10/05/2025
0

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

09/05/2025
Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ubuyobozi bwa APR FC bwahakanye ko butimanye abakinnyi mu Mavubi

Ubuyobozi bwa APR FC bwahakanye ko butimanye abakinnyi mu Mavubi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.