• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Cristiano Ronaldo yatangaje ko we n’umukunzi we bitegura kwibaruka impanga

radiotv10by radiotv10
29/10/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Cristiano Ronaldo yatangaje ko we n’umukunzi we bitegura kwibaruka impanga
Share on FacebookShare on Twitter

Cristiano Ronaldo, ikimenyabose akaba umukinnyi w’igihangange ukinira Manchester United n’ikipe y’igihugu ya Portugal abereye kapiteni, yeruye yandika ko we n’umukunzi we bagiye kwibaruka impanga.

Ronaldo w’imyaka 36 kuri ubu yasubiye muri Manchester United avuye muri Juventus mu gihugu cy’u Butaliyani, yari asanzwe afite abana bane barimo Ronaldo Jr w’imyaka 11.

Ronaldo kandi wanabaye muri Real Madrid yari asanzwe afite abandi bana babiri b’impanga (Eva & Matteo)biyongera kuri Alana yabyaranye n’uyu Georgina.

Mu gihe Cristiano Ronaldo na Georgina babyara izi mpanga bazahita buzuza abana batandatu barera.

Image

Ronaldo yitangarije ko yitegura kwakira impanga

Baby on the way? Georgina is pictured on the red carpet for the Venice Film Festival last month

Georgina umugore wa Cristiano Ronaldo aritegura kwibaruka impanga

Partner: Georgina and footballer Cristiano famously met while she was working as a retail assistant in Madrid, as they caught eyes across the rails in Gucci in 2016

Ronaldo asanganwe abana bane barimo Ronaldo Jr (ubanza iburyo) ufite imyaka 11 y’amavuko

Cute: Along with the announcement, Cristiano posted an image of himself alongside his four children Cristiano Jnr, 11, Eva and Mateo, four, and Alana, three, in the swimming pool

Cristiano Ronaldo n’abana be bane

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 + 3 =

Previous Post

Rwanda: Hatangijwe ihuriro rizafasha abahinzi gukora ubuhinzi bushingiye ku ikoranabuhanga

Next Post

Volleyball:  Dusenge Wicliff yerekeje muri Tala’ea El Gaish

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Volleyball:  Dusenge Wicliff yerekeje muri Tala’ea El Gaish

Volleyball:  Dusenge Wicliff yerekeje muri Tala’ea El Gaish

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.