Friday, February 20, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

radiotv10by radiotv10
20/02/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma yuko umuhanzikazi Omega Baibe uri mu bagezweho muri Uganda, agaragaje ko yahundagajweho amafaranga mu gitaramo yakoreye muri Sudani y’Epfo, Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imisoro n’Amahooro muri Uganda (Uganda Revenue Authority), cyagaragaje ko kishimiye icyo gitaramo, ariko kimwibutsa ko ari umufatanyabikorwa ukwiye gusora.

Umuhanzikazi Omega Baibe, mu butumwa buherekejwe n’amafoto arimo igaragaza aryamye ku buriri bwuzuye amafaranga, yagize ati “Nahundagajweho amafaranga muri Sudani y’Epfo. Umujyi wa Juba mwakoze cyane. Nzahora iteka mbizirikana.”

Nyuma y’ubu butumwa bugaragaza ko uyu muhanzikazi yahawe amafaranga menshi muri Sudani y’Epfo, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Gukusanya imisoro n’amahoro muri Uganda (Uganda Revenue Authority), rwamubajije aho yayaherewe.

Mu butumwa busubiza ubw’uyu muhanzikazi, Uganda Revenue Authority yagize iyi “Komera Omega Baibe, mbega igitaramo wagize.” Irangije ishyiraho ijambo #FfeBanno risanzwe ari intero y’uru rwego yibutsa abafatanyabikorwa ko bagomba gusora.

Omega Baibe yashimiye abo muri Sudani y’Epfo bamugaragarije urukundo

Yagaragaje amafaranga yahundagajweho

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fourteen + twenty =

Previous Post

Umugabo n’umugore bari bagiye gushakisha imibereho batahiye ku nkuru y’icamugongo y’abana babo bapfuye

Related Posts

Beauty is not the same everywhere: Who defines what is beautiful?

Beauty is not the same everywhere: Who defines what is beautiful?

by radiotv10
20/02/2026
0

Beauty standards are the ideas society has about what makes someone “beautiful.” These ideas can be about body shape, skin...

Miss Pamella umugore wa The Ben yagize ibyago

Miss Pamella umugore wa The Ben yagize ibyago

by radiotv10
18/02/2026
0

Uwicyeza Pamella, umugore w’umuhanzi The Ben; uri mu gahinda ko gupfusha sekuru, yavuze ko atumva ukuntu agiye kubaho atabona urukundo...

Umunyamakuru ‘Djihad’ n’abo baregwa hamwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni bagarutse imbere y’Urukiko

Umunyamakuru ‘Djihad’ n’abo baregwa hamwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni bagarutse imbere y’Urukiko

by radiotv10
17/02/2026
0

Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be baregwa mu rubanza ruregwamo abakurikiranyweho ibyaha birimo gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi ‘Yampano’...

Samusure yahuye aniyunga n’umunyamakuru Oswakin nyuma yuko avuze ko yababajwe n’ibyo yamuvuzeho

Samusure yahuye aniyunga n’umunyamakuru Oswakin nyuma yuko avuze ko yababajwe n’ibyo yamuvuzeho

by radiotv10
17/02/2026
0

Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu uzwi nka ‘Oswakim’ n’umukinnyi wa Filimi Kalisa Ernest uzwi nka ‘Samusure’ bahuriye mu kiganiro nyuma yuko uyu...

Simple office wear that looks smart and elegant

Simple office wear that looks smart and elegant

by radiotv10
17/02/2026
0

Dressing for the office doesn’t have to mean sacrificing style. Modest outfits can make you look professional, confident, and comfortable...

IZIHERUKA

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga
IBYAMAMARE

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

by radiotv10
20/02/2026
0

Rutsiro: Bizejwe ibitangaza nabo bicinya icyara ko bagiye gukira none ubukene n’inzara birabarembeje

Umugabo n’umugore bari bagiye gushakisha imibereho batahiye ku nkuru y’icamugongo y’abana babo bapfuye

20/02/2026
Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’Amavubi yasezeye burundu ruhago anatangaza ibyo yerecyejemo

Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’Amavubi yasezeye burundu ruhago anatangaza ibyo yerecyejemo

20/02/2026
Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

20/02/2026
AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe

AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe

20/02/2026
Hagaragajwe impamvu z’impungenge u Rwanda rufite ku kuba u Burundi bwakwinjira mu buhuza mu bya Congo

Hagaragajwe impamvu z’impungenge u Rwanda rufite ku kuba u Burundi bwakwinjira mu buhuza mu bya Congo

20/02/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

Umugabo n’umugore bari bagiye gushakisha imibereho batahiye ku nkuru y’icamugongo y’abana babo bapfuye

Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’Amavubi yasezeye burundu ruhago anatangaza ibyo yerecyejemo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.