Monday, January 12, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Dr Ngirente yahagarariye Perezida Kagame mu gutangiza imurikagurisha ribera muri Afurika y’Epfo

radiotv10by radiotv10
15/11/2021
in MU RWANDA, UBUKUNGU
0
Dr Ngirente yahagarariye Perezida Kagame mu gutangiza imurikagurisha ribera muri Afurika y’Epfo
Share on FacebookShare on Twitter

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yitabiriye umuhango wo gufungura imurikagurisha mpuzabihugu bya Africa (Intra-African Trade Fair) ubera muri Africa y’Epfo aho yahagarariye Perezida Kagame Paul, akaba yakiriwe na Perezida wa kiriya Gihugu Cyril Ramaphosa.

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yagiye ahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo gufungura ku mugaragaro iri murikagurisha ubera i Durban muri Afurika y’Epfo uteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki 15 Ugushyingo 2021.

Iri murikagurisha mpuzabihugu bya Africa (IATF2021) rizarebera hamwe uko ubucuruzi bwo ku Isi buhagaze kugira ngo ubucuruzi bwo ku Mugabane wa Africa burusheho kuzamuka ku rwego rushimishije.

Iri murikagurisha ribera mu Kigo mpuzamahanga cya Durban, KwaZulu-Natal rizamara iminsi itandatu aho ritangira kuri uyu wa 15 kugeza 21 Ugushyingo 2021.

Ni imurikagurisha rizitabirwa n’abamurika bagera mu 1 100 bazamurika ibikorwa byabo birimo ibicuruzwa ndetse na serivisi bakora.

Iri murikagurisha kandi rizaba ririmo ba rwiyemezamirimo, abashinzwe ibigo by’imari mu Mugabane wa Africa, abahagarariye Guverinoma ndetse n’abashyiraho amategeko, rikaba zizitabirwa n’abantu 10 000 bazaza kwihera ijisho ibizaba biriho bimukirwa muri ririya murikagurisha.

Minisitiri Dr Ngirente yakiriwe na Perezida Cyril Ramaphosa
Dr Ngirente na Perezida Cyril Ramaphosa hamwe Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria

Radio&TV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 1 =

Previous Post

Andi masezerano atumye Rayon ibona imodoka 2 nto zishobora kuzakurikirwa na Bus y’abakinnyi

Next Post

Abarangije ayisumbuye mu bumenyi rusange hatsinzwe abakabakaba 7.000

Related Posts

Editorial: The New World Economic Order

Editorial: The New World Economic Order

by radiotv10
12/01/2026
0

USA, China, and Europe in the Battle for Global Dominance. What about Africa? The global economy has entered a new...

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

by radiotv10
12/01/2026
0

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, yatangaje ko abashoferi b’imodoka zitwara abantu benshi nk’ab’izitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, n’izitwara abanyeshuri, ari bo...

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

by radiotv10
12/01/2026
0

Abasore babiri n’umugabo umwe bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore w’imyaka 47 bamutegeye mu nzira mu ijoro...

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

by radiotv10
12/01/2026
0

Bamwe mu batuye mu Kagari ka Kirambi mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza, baravuga ko babaruje ubutaka bwabo...

What emotional intelligence means and why it’s important

What emotional intelligence means and why it’s important

by radiotv10
12/01/2026
0

For a long time, intelligence was measured by grades, IQ scores, and how fast someone could solve problems. But in...

IZIHERUKA

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo
FOOTBALL

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Editorial: The New World Economic Order

Editorial: The New World Economic Order

12/01/2026
Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

12/01/2026
Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

12/01/2026
Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

12/01/2026
Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

12/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Abarangije ayisumbuye mu bumenyi rusange hatsinzwe abakabakaba 7.000

Abarangije ayisumbuye mu bumenyi rusange hatsinzwe abakabakaba 7.000

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Editorial: The New World Economic Order

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.