Wednesday, December 31, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

ESTHER’S AID RWANDA-Abarangije imyuga bijejwe guhabwa ibikoresho

radiotv10by radiotv10
27/08/2021
in MU RWANDA
0
ESTHER’S AID RWANDA-Abarangije imyuga bijejwe guhabwa ibikoresho
Share on FacebookShare on Twitter

Hari abarangije mu ishuri rya Esther Aid ryigisha imyuga bavuga ko bishimira  kuba barangije kwiga ,kuko iyi myuga igiye kubafsha mukwiteza imbere.

Ubwo hatangwa impamyabumenyi ku barangije mu masomo yo guteka no kudoda muri Esther Aid, hari abavuze ko amasomo bize agiye kubafasha mu kwiteza imbere bo n’imiryango yabo.

Umwe muri abo yagize ati “Njyewe nabyaye nkiri muto ncikiriza amashuri, ngira amahirwe nza kwiga imyuga. Nabyize mbikunda (guteka), ubu rero bigiye kumfasha kwita ku mwana wanjye ndetse nanjye ubwange ku buryo ntawe nzongera gutegera amaboko”

Image

Yabihuje na mugenzi we uvuga ko agiye kwifashisha ubudozi yize mu gushaka akazi agashaka icyamuteza imbere mu mibereho.

N’ubwo barangije, basaba ko bafashwa gushakirwa ibikoresho byo kuzifashisha mu kazi kuko ngo babaretsse n’ubundi basubira mu bibazo bahozemo .

Image

Image

Umuyobozi w‘ikigo cya ESTHER AID Claire Effiong avuga ko yishimira aho ishuri rigeze ndetse anashimira abahiga n’abahigisha ariko kandi avuga ko bahisemo kwigisha abana b’abakobwa kuko uwigisha umwana w’umukobwa aba yigishije umuryango.

“Aba bose biga hano  abenshi baba barahuye n’ibibazo  byo kubyara bakiri bato ubwo rero bagomba gufashwa. Turabizi ko uwigishije umwana aba yigishije umuryango”

Ku kibazo cy’uko abasoje amasomo bahabwa ibikoresho  bizabafasha  mu buzima  buri imbere, umuyobozi wa porogaramu  mu muryango w’ivugabutumwa (AERR) Emile avugako bazabaha ibikoresho byo kuzifashisha  biyo ngo impungenge zishire

Ati ”Ibikoresho tuzabibaha kuko tugomba gukomeza kubaba hafi kugira ngo hatagira abaducika bagasubira mu ngeso mbi”

Mu mushinga wo gufasha urubyiruko hazatangwa ibikoresho bijyanye n’imyuga abiga bize bikazatwara amafaanga abarirwa muri miliyoni magana ane mirongo icyenda (490,000,000 FRW) mu karere ka Gasabo.

Ubuyobizi bw’iri shuri burashishikariza abashaka kwiga ko amasomo azatangira mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka.

Inkuru ya MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10 Rwanda

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × four =

Previous Post

AFROBASKET 2021: u Rwanda rwakoze amateka yo gutsinda Angola rugera muri ¼ cy’irangiza

Next Post

TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

Related Posts

Moving Alone? 8 Simple Tips to Make the Process Easier

Moving Alone? 8 Simple Tips to Make the Process Easier

by radiotv10
31/12/2025
0

Moving to a new place can feel overwhelming, especially when you’re doing it by yourself. From packing your things to...

Minisitiri Nduhungirehe yahishuye icyihishe inyuma y’ihagarikwa ry’uwari Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

Minisitiri Nduhungirehe yahishuye icyihishe inyuma y’ihagarikwa ry’uwari Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

by radiotv10
31/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, avuga ko ihagarikwa rya Général Major Sylvain Ekenge ku mwanya w’Umuvugizi w’Igisirikare...

Ibisobanuro by’umunyamategeko ukurikiranyweho gusambanya umwana arusha imyaka 59

Umunyamategeko waregwaga gusambanya umukobwa waburanye mu rubanza rwigeze kurangwa n’impaka yafatiwe icyemezo

by radiotv10
31/12/2025
0

Umunyamategeko wunganira abandi mu manza waburanishwaga n'Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga ku cyaha cyo gusambanya umwana w'umukobwa w'imyaka 15, yagihamijwe akatirwa...

Hari abafashwe mu iperereza ku bantu bane bapfuye nyuma yo gusangira inzoga

Hari abafashwe mu iperereza ku bantu bane bapfuye nyuma yo gusangira inzoga

by radiotv10
31/12/2025
0

Abantu babiri batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’abantu bane bo mu Murenge wa Rukoma mu Karere ka...

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

Eng.-Rwanda’s Foreign Minister says FARDC spokesperson’s suspension was driven by Western pressure

by radiotv10
31/12/2025
0

The Minister of Foreign Affairs and International Cooperation of Rwanda, Olivier Nduhungirehe, says that the suspension of Major General Sylvain...

IZIHERUKA

Moving Alone? 8 Simple Tips to Make the Process Easier
MU RWANDA

Moving Alone? 8 Simple Tips to Make the Process Easier

by radiotv10
31/12/2025
0

Ubutumwa bw’impanuro bw’Umupfumu Rutangarwamaboko yageneye Pamella umugore wa The Ben

Ubutumwa bw’impanuro bw’Umupfumu Rutangarwamaboko yageneye Pamella umugore wa The Ben

31/12/2025
Ibihugu bibiri bya Afurika biyobowe n’Igisirikare bishobora gufatira America icyemezo nk’ibyo yabifatiye

Ibihugu bibiri bya Afurika biyobowe n’Igisirikare bishobora gufatira America icyemezo nk’ibyo yabifatiye

31/12/2025
Minisitiri Nduhungirehe yahishuye icyihishe inyuma y’ihagarikwa ry’uwari Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

Minisitiri Nduhungirehe yahishuye icyihishe inyuma y’ihagarikwa ry’uwari Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

31/12/2025
Ibisobanuro by’umunyamategeko ukurikiranyweho gusambanya umwana arusha imyaka 59

Umunyamategeko waregwaga gusambanya umukobwa waburanye mu rubanza rwigeze kurangwa n’impaka yafatiwe icyemezo

31/12/2025
Hamenyekanye aho kurangiriza umwaka no gutangirira umushya uri mu byishimo muri Kigali

Hamenyekanye aho kurangiriza umwaka no gutangirira umushya uri mu byishimo muri Kigali

31/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Moving Alone? 8 Simple Tips to Make the Process Easier

Ubutumwa bw’impanuro bw’Umupfumu Rutangarwamaboko yageneye Pamella umugore wa The Ben

Ibihugu bibiri bya Afurika biyobowe n’Igisirikare bishobora gufatira America icyemezo nk’ibyo yabifatiye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.