Sunday, January 25, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

ESTHER’S AID RWANDA-Abarangije imyuga bijejwe guhabwa ibikoresho

radiotv10by radiotv10
27/08/2021
in MU RWANDA
0
ESTHER’S AID RWANDA-Abarangije imyuga bijejwe guhabwa ibikoresho
Share on FacebookShare on Twitter

Hari abarangije mu ishuri rya Esther Aid ryigisha imyuga bavuga ko bishimira  kuba barangije kwiga ,kuko iyi myuga igiye kubafsha mukwiteza imbere.

Ubwo hatangwa impamyabumenyi ku barangije mu masomo yo guteka no kudoda muri Esther Aid, hari abavuze ko amasomo bize agiye kubafasha mu kwiteza imbere bo n’imiryango yabo.

Umwe muri abo yagize ati “Njyewe nabyaye nkiri muto ncikiriza amashuri, ngira amahirwe nza kwiga imyuga. Nabyize mbikunda (guteka), ubu rero bigiye kumfasha kwita ku mwana wanjye ndetse nanjye ubwange ku buryo ntawe nzongera gutegera amaboko”

Image

Yabihuje na mugenzi we uvuga ko agiye kwifashisha ubudozi yize mu gushaka akazi agashaka icyamuteza imbere mu mibereho.

N’ubwo barangije, basaba ko bafashwa gushakirwa ibikoresho byo kuzifashisha mu kazi kuko ngo babaretsse n’ubundi basubira mu bibazo bahozemo .

Image

Image

Umuyobozi w‘ikigo cya ESTHER AID Claire Effiong avuga ko yishimira aho ishuri rigeze ndetse anashimira abahiga n’abahigisha ariko kandi avuga ko bahisemo kwigisha abana b’abakobwa kuko uwigisha umwana w’umukobwa aba yigishije umuryango.

“Aba bose biga hano  abenshi baba barahuye n’ibibazo  byo kubyara bakiri bato ubwo rero bagomba gufashwa. Turabizi ko uwigishije umwana aba yigishije umuryango”

Ku kibazo cy’uko abasoje amasomo bahabwa ibikoresho  bizabafasha  mu buzima  buri imbere, umuyobozi wa porogaramu  mu muryango w’ivugabutumwa (AERR) Emile avugako bazabaha ibikoresho byo kuzifashisha  biyo ngo impungenge zishire

Ati ”Ibikoresho tuzabibaha kuko tugomba gukomeza kubaba hafi kugira ngo hatagira abaducika bagasubira mu ngeso mbi”

Mu mushinga wo gufasha urubyiruko hazatangwa ibikoresho bijyanye n’imyuga abiga bize bikazatwara amafaanga abarirwa muri miliyoni magana ane mirongo icyenda (490,000,000 FRW) mu karere ka Gasabo.

Ubuyobizi bw’iri shuri burashishikariza abashaka kwiga ko amasomo azatangira mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka.

Inkuru ya MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10 Rwanda

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

16 − six =

Previous Post

AFROBASKET 2021: u Rwanda rwakoze amateka yo gutsinda Angola rugera muri ¼ cy’irangiza

Next Post

TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

Related Posts

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

by radiotv10
25/01/2026
0

Umusore witwa Mugisha Gakuba David uba muri Leta Zunze Ubumwe za America, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho...

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

by radiotv10
25/01/2026
0

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yahaye inshingano abasirikare babiri barimo Brig Gen Godfrey Gasana, wagizwe Umupilote...

Hahishuwe byinshi byirengagizwa bituma urubyiruko rukomeza gutsikamirwa n’ubushomeri biruturutseho

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

by radiotv10
24/01/2026
0

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare-NISR, igaragaza ko mu gihembwe cya kane cya 2025, ubushomeri mu rubyiruko bwagabanutseho 3% kuko bwageze kuri...

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

by radiotv10
24/01/2026
0

Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu bavuga ko nubwo bashyiriweho nkunganire ya Leta ku...

Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

by radiotv10
25/01/2026
0

Abaturage bo mu Murenge wa Save, mu Karere ka Gisagara, baravuga ko bahuye n’ikibazo gikomeye mu buhinzi nyuma yuko urubura...

IZIHERUKA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa
MU RWANDA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

by radiotv10
25/01/2026
0

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

25/01/2026
Hahishuwe byinshi byirengagizwa bituma urubyiruko rukomeza gutsikamirwa n’ubushomeri biruturutseho

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

24/01/2026
Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

24/01/2026
Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

25/01/2026
Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

24/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.