Sunday, December 7, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Gahunda yo korohereza Abanyarwanda bose gutunga telefone zigezweho yinjijwemo indi y’akataraboneka

radiotv10by radiotv10
11/01/2024
in MU RWANDA, UBUKUNGU
1
Gahunda yo korohereza Abanyarwanda bose gutunga telefone zigezweho yinjijwemo indi y’akataraboneka
Share on FacebookShare on Twitter

Ku bufatanye bwa MTN Rwanda na Kompanyi ya Infinix, bamuritse telefone yo ku rwego rwo hejuru ifite umwihariko mu gufata amashusho n’amafoto meza, izagurishwa muri gahunda ya ‘Make Make’.

Iyi telefone ya Infinix Hot 40i yamuritswe kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Mutarama 2024, irimo ikoranabuhanga rya hot 40 pro na hot 40 I.

Umuyobozi ushinzwe iyamamazabucuruzi muri Infinix, Bizimana Gilbert avuga ko iyi telefone izafasha urubyiruko kuko harimo imikino itandukanye izabarinda kugira irungu.

Yagize ati ”Uyu munsi twahurijwe aha na Telefone nshyanshya yo mu bwoko bwa smart aho iyi telefone yagenewe urubyiruko ni telefone nziza ifite umwihari wa Processor nini cyane nk’urubyiruko rukunda gukinda imikino rwashyizwe igorora.”

Iyi telefone kandi izajya itangwa muri gahunda yashyiriweho korohereza Abanyarwanda gutunga telefone zigezweho, izwi nka ‘Make make’ ya sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda.

Umukozi  muri MTN Rwanda ushinzwe kugeza Telephone n’iterambere ku bakiriya Bwana Rene Nzabakira, avuga ko abakiliya bazagura ubu bwoko bushya bw’iyi Telefone ya Infinix bazahabwa Internet y’ubuntu mu gihe cy’amezi atatu.

Aragira ati “Infinix yo izana ubwoko bwiza bwa Telefone bukomeye, tuvuge nk’imwe mu matelefone meza basohoye ya Smart 7 HD ni imwe muri Telefone zigurishwa cyane muri servisi yacu ya Make Make, kubona rero bazanye Telefone yo mu bwoko bwa 40 I na 40 Pro ifite ubushobozi buruta iya mbere ni ikintu kidushimishije cyane, none ku bakiliya bacu igihe uguze iyi telefone uzajya uhabwa 5G z’ubuntu buri kwezi mu gihe cy’amaze atatu.”

Kugeza ubu ikigo MTN Rwanda kivuga ko kuva hatangizwa gahunda ya Make Make imaze kugira abakiriya basaga ibihumbi 150, bikubye inshuro enye ugereranije no mu bindi Bihugu iyi gahunda yatangiriyemo.

Iyi telefone yamuritswe ku mugaragaro

Amafaranga yo kwishyura ku munsi

NTAMBARA Garleon
RADIOTV10

Comments 1

  1. Cyusa Alain says:
    2 years ago

    Ni cuza impamvu iyi gahunda nayigiyemo pee

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × one =

Previous Post

Umaze iminsi ibiri ashakishwa mu kirombe cyamuridukiye yabonetse yarapfuye

Next Post

Amakuru agezweho ku kirego kiregwamo Israel gukora Jenoside ifiteho amateka aremereye

Related Posts

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

by radiotv10
06/12/2025
0

Imiryango 214 itishoboye y'abahinzi ba Kawa yo mu Mirenge ya Rwinkwavu na Kabarondo yatangiye guhabwa ibiti bya Kawa ibihumbi 80,...

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

by radiotv10
05/12/2025
0

I Washington D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za America, ahari hahanzwe amaso n’Isi yose, haraye habereye umuhango wo gusinya amasezerano...

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahozi mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahozi mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

by radiotv10
05/12/2025
0

Impinduka mu buyobozi bw’umujyi wa Kigali hari abo zahiriye abandi ntizabahira , Hashize imyaka itanu manda ya mbere irangiye kuva...

Abasirikarekazi b’u Rwanda beretse abagore bo muri Sudani y’Epfo uko bakwirwanaho igihe hari ubahohoteye

Abasirikarekazi b’u Rwanda beretse abagore bo muri Sudani y’Epfo uko bakwirwanaho igihe hari ubahohoteye

by radiotv10
05/12/2025
0

Abagore bo mu Ngabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, bagaragarije abagore n’abakobwa bo muri iki Gihugu...

Imirwano muri Congo ikomeje guca ibintu, Abanyekongo benshi bari gukiza amagara bahungira mu Rwanda

Imirwano muri Congo ikomeje guca ibintu, Abanyekongo benshi bari gukiza amagara bahungira mu Rwanda

by radiotv10
05/12/2025
0

Abanyekongo biganjemo abagore n’abana bakomeje guhungira mu Rwanda nyuma yuko imirwano ikomeje gukara mu bice bimwe mu byo muri Kivu...

IZIHERUKA

Amafoto: Ibyaranze umukino unogeye ijisho wahuje amakipe y’inzego z’umutekano mu Rwanda
FOOTBALL

Amafoto: Ibyaranze umukino unogeye ijisho wahuje amakipe y’inzego z’umutekano mu Rwanda

by radiotv10
07/12/2025
0

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe

AFC/M23 yageneye ubutumwa u Burundi bwakajije imbaraga mu bufasha buha ubutegetsi bwa Congo

06/12/2025
Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

06/12/2025
U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

06/12/2025
Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

06/12/2025
Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

05/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amakuru agezweho ku kirego kiregwamo Israel gukora Jenoside ifiteho amateka aremereye

Amakuru agezweho ku kirego kiregwamo Israel gukora Jenoside ifiteho amateka aremereye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amafoto: Ibyaranze umukino unogeye ijisho wahuje amakipe y’inzego z’umutekano mu Rwanda

AFC/M23 yageneye ubutumwa u Burundi bwakajije imbaraga mu bufasha buha ubutegetsi bwa Congo

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.