Thursday, January 29, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Gahunda yo korohereza Abanyarwanda bose gutunga telefone zigezweho yinjijwemo indi y’akataraboneka

radiotv10by radiotv10
11/01/2024
in MU RWANDA, UBUKUNGU
1
Gahunda yo korohereza Abanyarwanda bose gutunga telefone zigezweho yinjijwemo indi y’akataraboneka
Share on FacebookShare on Twitter

Ku bufatanye bwa MTN Rwanda na Kompanyi ya Infinix, bamuritse telefone yo ku rwego rwo hejuru ifite umwihariko mu gufata amashusho n’amafoto meza, izagurishwa muri gahunda ya ‘Make Make’.

Iyi telefone ya Infinix Hot 40i yamuritswe kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Mutarama 2024, irimo ikoranabuhanga rya hot 40 pro na hot 40 I.

Umuyobozi ushinzwe iyamamazabucuruzi muri Infinix, Bizimana Gilbert avuga ko iyi telefone izafasha urubyiruko kuko harimo imikino itandukanye izabarinda kugira irungu.

Yagize ati ”Uyu munsi twahurijwe aha na Telefone nshyanshya yo mu bwoko bwa smart aho iyi telefone yagenewe urubyiruko ni telefone nziza ifite umwihari wa Processor nini cyane nk’urubyiruko rukunda gukinda imikino rwashyizwe igorora.”

Iyi telefone kandi izajya itangwa muri gahunda yashyiriweho korohereza Abanyarwanda gutunga telefone zigezweho, izwi nka ‘Make make’ ya sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda.

Umukozi  muri MTN Rwanda ushinzwe kugeza Telephone n’iterambere ku bakiriya Bwana Rene Nzabakira, avuga ko abakiliya bazagura ubu bwoko bushya bw’iyi Telefone ya Infinix bazahabwa Internet y’ubuntu mu gihe cy’amezi atatu.

Aragira ati “Infinix yo izana ubwoko bwiza bwa Telefone bukomeye, tuvuge nk’imwe mu matelefone meza basohoye ya Smart 7 HD ni imwe muri Telefone zigurishwa cyane muri servisi yacu ya Make Make, kubona rero bazanye Telefone yo mu bwoko bwa 40 I na 40 Pro ifite ubushobozi buruta iya mbere ni ikintu kidushimishije cyane, none ku bakiliya bacu igihe uguze iyi telefone uzajya uhabwa 5G z’ubuntu buri kwezi mu gihe cy’amaze atatu.”

Kugeza ubu ikigo MTN Rwanda kivuga ko kuva hatangizwa gahunda ya Make Make imaze kugira abakiriya basaga ibihumbi 150, bikubye inshuro enye ugereranije no mu bindi Bihugu iyi gahunda yatangiriyemo.

Iyi telefone yamuritswe ku mugaragaro

Amafaranga yo kwishyura ku munsi

NTAMBARA Garleon
RADIOTV10

Comments 1

  1. Cyusa Alain says:
    2 years ago

    Ni cuza impamvu iyi gahunda nayigiyemo pee

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − 10 =

Previous Post

Umaze iminsi ibiri ashakishwa mu kirombe cyamuridukiye yabonetse yarapfuye

Next Post

Amakuru agezweho ku kirego kiregwamo Israel gukora Jenoside ifiteho amateka aremereye

Related Posts

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

by radiotv10
28/01/2026
0

Umukobwa wo mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi, aravugwaho kuba amaze gukanda ubugabo umubyeyi we inshuro ebyiri, ndetse...

Hatanzwe umuburo ku bitwaza ‘Visit Rwanda’ mu bikorwa by’uburiganya

Hatanzwe umuburo ku bitwaza ‘Visit Rwanda’ mu bikorwa by’uburiganya

by radiotv10
28/01/2026
0

Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere (RDB) rwatangaje ko hari abantu bakomeje kurwiyitirira cyangwa biyitirira kwamamaza ikirango cy’ubukerarugendo ‘Visit Rwanda’ mu nyungu zabo...

Uko u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kujyana mu Nkiko u Bwongereza n’icyo rushingiraho rubwishyuza Miliyari 100Frw

Uko u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kujyana mu Nkiko u Bwongereza n’icyo rushingiraho rubwishyuza Miliyari 100Frw

by radiotv10
28/01/2026
0

Guverinoma y’u Rwanda yasobanuye birambuye iby’ikirego yarezemo iy’u Bwongereza mu Rukiko Nkemurampaka, ku bijyanye no kutabahiriza amasezerano zombi zagiranye, ivuga...

Batunga agatoki ubuyobozi kubarutisha igikorwa cy’amajyambere

Batunga agatoki ubuyobozi kubarutisha igikorwa cy’amajyambere

by radiotv10
28/01/2026
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Karenge mu Karere ka Rwamagana, bavuga ko babuzwa n’ubuyobozi kubaka no kuvugurura inzu zabo,...

Simple steps you can follow to build real confidence

Simple steps you can follow to build real confidence

by radiotv10
28/01/2026
0

Confidence isn’t about being the loudest person in the room or having everything figured out. It’s about feeling comfortable with...

IZIHERUKA

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police
FOOTBALL

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

28/01/2026
AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

28/01/2026
Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

28/01/2026
Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

28/01/2026
Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

28/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Amakuru agezweho ku kirego kiregwamo Israel gukora Jenoside ifiteho amateka aremereye

Amakuru agezweho ku kirego kiregwamo Israel gukora Jenoside ifiteho amateka aremereye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.