Tuesday, December 16, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Gahunda yo korohereza Abanyarwanda bose gutunga telefone zigezweho yinjijwemo indi y’akataraboneka

radiotv10by radiotv10
11/01/2024
in MU RWANDA, UBUKUNGU
1
Gahunda yo korohereza Abanyarwanda bose gutunga telefone zigezweho yinjijwemo indi y’akataraboneka
Share on FacebookShare on Twitter

Ku bufatanye bwa MTN Rwanda na Kompanyi ya Infinix, bamuritse telefone yo ku rwego rwo hejuru ifite umwihariko mu gufata amashusho n’amafoto meza, izagurishwa muri gahunda ya ‘Make Make’.

Iyi telefone ya Infinix Hot 40i yamuritswe kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Mutarama 2024, irimo ikoranabuhanga rya hot 40 pro na hot 40 I.

Umuyobozi ushinzwe iyamamazabucuruzi muri Infinix, Bizimana Gilbert avuga ko iyi telefone izafasha urubyiruko kuko harimo imikino itandukanye izabarinda kugira irungu.

Yagize ati ”Uyu munsi twahurijwe aha na Telefone nshyanshya yo mu bwoko bwa smart aho iyi telefone yagenewe urubyiruko ni telefone nziza ifite umwihari wa Processor nini cyane nk’urubyiruko rukunda gukinda imikino rwashyizwe igorora.”

Iyi telefone kandi izajya itangwa muri gahunda yashyiriweho korohereza Abanyarwanda gutunga telefone zigezweho, izwi nka ‘Make make’ ya sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda.

Umukozi  muri MTN Rwanda ushinzwe kugeza Telephone n’iterambere ku bakiriya Bwana Rene Nzabakira, avuga ko abakiliya bazagura ubu bwoko bushya bw’iyi Telefone ya Infinix bazahabwa Internet y’ubuntu mu gihe cy’amezi atatu.

Aragira ati “Infinix yo izana ubwoko bwiza bwa Telefone bukomeye, tuvuge nk’imwe mu matelefone meza basohoye ya Smart 7 HD ni imwe muri Telefone zigurishwa cyane muri servisi yacu ya Make Make, kubona rero bazanye Telefone yo mu bwoko bwa 40 I na 40 Pro ifite ubushobozi buruta iya mbere ni ikintu kidushimishije cyane, none ku bakiliya bacu igihe uguze iyi telefone uzajya uhabwa 5G z’ubuntu buri kwezi mu gihe cy’amaze atatu.”

Kugeza ubu ikigo MTN Rwanda kivuga ko kuva hatangizwa gahunda ya Make Make imaze kugira abakiriya basaga ibihumbi 150, bikubye inshuro enye ugereranije no mu bindi Bihugu iyi gahunda yatangiriyemo.

Iyi telefone yamuritswe ku mugaragaro

Amafaranga yo kwishyura ku munsi

NTAMBARA Garleon
RADIOTV10

Comments 1

  1. Cyusa Alain says:
    2 years ago

    Ni cuza impamvu iyi gahunda nayigiyemo pee

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve − 5 =

Previous Post

Umaze iminsi ibiri ashakishwa mu kirombe cyamuridukiye yabonetse yarapfuye

Next Post

Amakuru agezweho ku kirego kiregwamo Israel gukora Jenoside ifiteho amateka aremereye

Related Posts

AFC/M23 yongeye gutanga impuruza ku marorerwa FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bari gukorera Abanyamulenge

Igitero cy’ubugome cya FDLR cyatumye Min.Nduhungire abwira u Burayi na America icyo gikwiye kubasigira

by radiotv10
15/12/2025
0

Nyuma y’igitero umutwe w’iterabwoba wa FDLR wagabye muri Teritwari ya Walikare cyahitanye abantu bane, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, yavuze...

Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

by radiotv10
15/12/2025
0

After a brutal attack carried out by the FDLR terrorist group in Walikale Territory left four civilians dead. Rwanda’s Minister...

Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

by radiotv10
15/12/2025
0

Umusesenguzi mu bya Politiki, Hon. Evode Uwizeyimana, avuga ko ibyakunze gutangazwa na Perezida w’u Burundi ko yifuza gutera u Rwanda,...

U Rwanda rwagaragarije Isi amatariki y’ingenzi yabayeho ibibi byakorewe Abanyamulenge

U Rwanda rwagaragarije Isi amatariki y’ingenzi yabayeho ibibi byakorewe Abanyamulenge

by radiotv10
15/12/2025
0

Uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Amb. Martin Ngoga, yagaragarije Akanama k’uyu Muryango gashinzwe Amahoro n’Umutekano ku Isi, amatariki yagiye...

MoMo Rwanda Launches Holiday Cashback Rewards for MoMoApp Customers

MoMo Rwanda Launches Holiday Cashback Rewards for MoMoApp Customers

by radiotv10
15/12/2025
0

Kigali, Rwanda - Mobile Money Rwanda Ltd (MoMo Rwanda ) is excited to announce an exclusive 5% cashback for MoMoApp...

IZIHERUKA

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe
AMAHANGA

Amakuru mashya: AFC/M23 ifashe icyemezo cyo kurekura umujyi wa Uvira nyuma y’iminsi micye iwufashe

by radiotv10
16/12/2025
0

AFC/M23 yongeye gutanga impuruza ku marorerwa FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bari gukorera Abanyamulenge

Igitero cy’ubugome cya FDLR cyatumye Min.Nduhungire abwira u Burayi na America icyo gikwiye kubasigira

15/12/2025
Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

15/12/2025
Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

15/12/2025
Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

15/12/2025
Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

15/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amakuru agezweho ku kirego kiregwamo Israel gukora Jenoside ifiteho amateka aremereye

Amakuru agezweho ku kirego kiregwamo Israel gukora Jenoside ifiteho amateka aremereye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru mashya: AFC/M23 ifashe icyemezo cyo kurekura umujyi wa Uvira nyuma y’iminsi micye iwufashe

Igitero cy’ubugome cya FDLR cyatumye Min.Nduhungire abwira u Burayi na America icyo gikwiye kubasigira

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.