• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Gatsibo: Uko bisanze bacururiza mu isoko risa nk’irirangaye n’ingaruka bibagiraho

radiotv10by radiotv10
01/05/2025
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Gatsibo: Uko bisanze bacururiza mu isoko risa nk’irirangaye n’ingaruka bibagiraho
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu bacururiza mu isoko rya Kabarore mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko umureko munini waryo wavuyeho ku buryo ngo iyo imvura iguye baba bameze nk’abari hanze kuko banyagirwa ndetse bigatuma babura n’ababagurira.

Ukigera mu isoko rya Kabarore, ugira ngo ryarasakambutse, ariko abaricururizamo bavuga ko ari i umureko waryo washaje kugeza ubwo mu minsi ishize hari uwo wagwiriye.

Kuba uyu mureko wavaho, abacururiza munsi y’aho wari uri, bari kurira ayo kwarika kuko iyo imvura yaguye ibashiriraho, ndetse n’ibicuruzwa byabo bikangirika.

Murindahabi Jonas ati “Cyaraboze dore aho tugenda tugenda dusitara, amabuye yararandutse. Iyo imvura iguye dushaka n’aho twugama tukahabura kubera ko Riva. Twadanduraga hano hasi ntawukihadandura umuvu w’amazi aturutse hejuru no kuruhande.”

Bazizane na we yagze ati “Yari arimo atandika uriya mureko uragwa, wari umwishe. Ikindi kandi kuba biduhombya biraduhombya, iyo imvura yaguye nanjye nkiba hanze ntaraza mu gucuruza iyo yagwaga ntabwo nazaga.”

Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo, Gasana Richard yabwiye RADIOTV10 ko iki kibazo bakimenye kandi ko bitarenze mu cyumweru gitaha kizaba cyabonewe umuti.

Ati “Twari twagihaye umurongo w’uko kigomba gukorwa. Ubwo ni ukubashimira yuko muduhwituye tugiye kubyihutisha. Umureko ntabwo ari ikintu gihenze cyane twabikosora.

Iri soko rya Kabarore riri mu masoko umunani yakorewe inyigo ku buryo azasanwa, ndetse akezegurirwa ba Rwiyemezamirimo mu mikorere n’imikoreshereze yayo ndetse ko n’ubusabe bwabyo bwamaze gutangwa muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo kugirango byose bitangire bikorwe.

Umureko warangiritse cyane
Ngo imvura yaguye baranyagirwa n’ibicuruzwa byabo bikangirika
Barasaba ko bikosorwa

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × two =

Previous Post

Umuyobozi wo mu Bubligi yibiye ibanga Tshisekedi undi muti uzakemura ibibazo by’Igihugu cye

Next Post

Byagenze gute ngo icyamamare mpuzamahanga Travis Scott ateze igihombo gikabije sosiyete yari yamwizeye?

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Byagenze gute ngo icyamamare mpuzamahanga Travis Scott ateze igihombo gikabije sosiyete yari yamwizeye?

Byagenze gute ngo icyamamare mpuzamahanga Travis Scott ateze igihombo gikabije sosiyete yari yamwizeye?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.