• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Guinea: EBOLA ntikibarizwa ku butaka bw’iki gihugu

radiotv10by radiotv10
21/06/2021
in MU RWANDA
0
Guinea: EBOLA ntikibarizwa ku butaka bw’iki gihugu
Share on FacebookShare on Twitter

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS), ryatangaje ko kugeza ubu nta bwandu bushya bw’icyorezo cya Ebola bukigaragara ku butaka bwa Guinea.

Ku itariki 14 z’ukwezi kwa kabiri kw’uyu mwaka wa 2021, nibwo icyorezo cya Ebola cyongeye kugaragara ku nshuro ya kabiri muri iki gihugu gituwe n’abaturage babarirwa muri miliyoni 13.

Kuva cyagaragara mu bihugu byo mu burengerazuba bw’umugabane w’Afrika mwaka w’2014 bikaza gutangazwa ko cyarangiye mu mwaka Wa 2016,icyo gihe cyasize gihitanye abantu babarirwa mu bihumbi 11 n’abantu 300, mu bihugu bya Guinea, Liberia na Sierra Leone.

INKURU YA: Assoumani TWAHIRWA/Radio/TV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 1 =

Previous Post

Abubatsi b’Amahoro basanze umupira w’amaguru wabafasha gukura abana mumihanda bahita basinyana amasezerano na Kigali Masita Sport Center

Next Post

Ange Kagame yasobanuye uko ababyeyi bakubaka ubwonko bw’umwana bifashishije imikino

Related Posts

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Next Post
Ange Kagame yasobanuye uko ababyeyi bakubaka ubwonko bw’umwana bifashishije imikino

Ange Kagame yasobanuye uko ababyeyi bakubaka ubwonko bw’umwana bifashishije imikino

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.