Wednesday, December 17, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Hatahuwe intandaro y’amashusho ya kwizera byavugwaga ko yinjiye idini ya Islam

radiotv10by radiotv10
19/08/2022
in MU RWANDA, SIPORO
1
Hatahuwe intandaro y’amashusho ya kwizera byavugwaga ko yinjiye idini ya Islam
Share on FacebookShare on Twitter

Amashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaramo Umunyezamu w’Amavubi Kwizera Olivier ari gusubirishwamo amagambo mu rurimi rw’icyarabu, byari byaketswe ko yarahiriye kwinjira mu idini ya Islam, hamenyekanye impamvu yayo.

Uyu munyezamu ufite izina rikomeye mu Rwanda, ubu wamaze kuba umukinnyi w’ikipe Jeddah SC yo muri Saudi Arabia, muri aya mashusho yari kumwe n’umugabo wambaye ikanzu ndende yera imenyerewe ku bo mu idini ya Islam amusbirishamo amagambo y’icyarabu.

Hari abahise bemeza ko uyu munyarwanda yamaze kuba umuyoboke w’idini ya Islam ndetse bamwifuriza ikaze muri iri dini.

Gusa amakuru yizewe ni uko Kwizera Olivier atarahijwe ngo abe umuyoboke w’Idini ya Islam ahubwo ko ari indahiro irahizwa abakinnyi binjiye muri iyi kipe ya Jeddah SC.

Uwahaye amakuru RADIOTV10, yagize ati “Iriya ni indahiro imwinjiza mu ikipe nk’umukinnyi mushya w’iyi kipe isanzwe iyoborwa n’abayisilamu.”

Kwizera Olivier wari warangije amasezerano muri Rayon Sports, ubu ni umukinnyi w’iyi kipe yo muri Saudi Arabia yo mu cyiciro cya kabiri.

RADIOTV10

Comments 1

  1. Aziz says:
    3 years ago

    Hhhhhhhhh Reba iy video amagambo yanditse hejuru mucyarabu uwayanditse yishimiraga ko yamaz kwinjira idini l, ndetse nuwo warimwinjijemo naw amagambo yarengejeho mururimi rwicyarabu kubagisobanukiwe yishimiye ko uwo mukinnyi yabaye umu islamu, Ahubwo izi nkuru zirigukorwa kugirango murwanda ntafatwe nkumu islam ariko hariya ari ikigaragara yabaye umuislam ahubwo we wasanga yabikoze wenda kubera izind mpamvu ze.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − 7 =

Previous Post

Polisi yongeye kugenera ubutumwa abambara ubusa n’abakora ibitarasoni mu ruhame

Next Post

Akari ku mutima w’Umunyamakurukazi Clarisse nyuma yo gusezerana mu Mategeko

Related Posts

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

by radiotv10
17/12/2025
0

Umusore wo mu Murene wa Runda mu Karere ka Kamonyi, akurikiranyweho kwica umukecuru amukubise ishoka ubwo yamusangaga iwe nyuma yuko...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

by radiotv10
16/12/2025
0

Muhammed Kagawa Ssenoga, rutahizamu uca ku ruhande wakiniraga Express yo muri Uganda na Ali Ismael Ahmed EL SAYED Moussa ukomoka...

Ibisobanuro byatanzwe nyuma yuko hari ukemanze uburyo bwo kwipima SIDA mu macandwe

Ibisobanuro byatanzwe nyuma yuko hari ukemanze uburyo bwo kwipima SIDA mu macandwe

by radiotv10
16/12/2025
0

Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima RBC cyatanze ibisobanuro by’uburyo umuntu ashobora kubona ko yanduye cyangwa atanduye Virusi itera SIDA akoresheje agakoresha...

Abanyeshuri 100 barimo abiga mu mashuri y’incuke basuye Polisi y’u Rwanda ibereka ibyo ikora

Abanyeshuri 100 barimo abiga mu mashuri y’incuke basuye Polisi y’u Rwanda ibereka ibyo ikora

by radiotv10
16/12/2025
0

Abanyeshuri barenga 100 b’ikigo cy’ishuri cya ‘Wise and Smart School’ cyo mu Karere ka Musanze n’abarezi babo, basuye Polisi y’u...

Iby’ingenzi Itorero ADEPR ryishimira mu myaka 85 rimaze ribayeho rigiye no kwizihiza isabukuru yayo

Iby’ingenzi Itorero ADEPR ryishimira mu myaka 85 rimaze ribayeho rigiye no kwizihiza isabukuru yayo

by radiotv10
16/12/2025
0

Itorero ADEPR rigiye kwizihiza isabukuru y'imyaka 85 rimaze ribayeho, rivuga ko muri iyi myaka hari byinshi ryishimira ryagezeho nko kubaka...

IZIHERUKA

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda
MU RWANDA

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

by radiotv10
17/12/2025
0

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

16/12/2025
Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

16/12/2025
Agezweho: Uko byifashe mu mujyi wa Uvira nyuma yuko AFC/M23 itangaje ko yemeye kuwurekura

Agezweho: Uko byifashe mu mujyi wa Uvira nyuma yuko AFC/M23 itangaje ko yemeye kuwurekura

16/12/2025
Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe

Amakuru mashya: AFC/M23 ifashe icyemezo cyo kurekura umujyi wa Uvira nyuma y’iminsi micye iwufashe

16/12/2025
Kiliziya Gatulika muri Congo yongeye guha ubusabe Leta nyuma yuko AFC/M23 yari yafashe Uvira

Kiliziya Gatulika muri Congo yongeye guha ubusabe Leta nyuma yuko AFC/M23 yari yafashe Uvira

16/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Akari ku mutima w’Umunyamakurukazi Clarisse nyuma yo gusezerana mu Mategeko

Akari ku mutima w’Umunyamakurukazi Clarisse nyuma yo gusezerana mu Mategeko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.