Friday, March 13, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Hemejwe urupfu rw’umusirikare wa mbere w’u Bufaransa wishwe kuva intambara ya Iran yatangira

radiotv10by radiotv10
13/03/2026
in AMAHANGA, POLITIKI, UMUTEKANO
0
Hemejwe urupfu rw’umusirikare wa mbere w’u Bufaransa wishwe kuva intambara ya Iran yatangira
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yemeje urupfu rw’umusirikare wa mbere w’iki Gihugu ubuze ubuzima kuva intambara yo mu burasirazuba bwo hagati yatangira, aho yapfiriye muri Iraq mu gitero cya Iran.

Uyu musirikare yaguye mu gace ka Erbil muri Kurdistan muri Irak. Emmanuel Macron yatangaje, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, ko umusirikare w’Umufaransa yapfuye “mu gitero” mu gace ka Erbil muri Kurdistan muri Irak.

Yagize ati “L’adjudant-chef Arnaud Frion wo muri Batayo ya 7 ya chasseurs alpins de Varces yapfiriye u Bufaransa mu gitero cyagabwe mu karere ka Erbil muri Irak.”

Perezida Emmanuel Macron kandi yatangaje ko hari abandi basirikare benshi b’u Bufaransa na bo bakomeretse.

Uyu ni we musirikare wa mbere w’Umufaransa wishwe kuva intambara yatangira mu Burasirazuba bwo Hagati, yatewe n’ibitero Israel na Leta Zunze Ubumwe za America bagabye kuri Iran ku ya 28 Gashyantare, aho iyi ntambara yahise igera mu bindi Bihugu byo muri kariya karere.

Nk’uko Perezida w’u Bufaransa abitangaza, iki gitero cyari kigamije kwibasira ingabo zirwanya iterabwoba. Nk’uko byatangajwe n’ihuriro mpuzamahanga rirwanya jihadist riyobowe na Leta Zunze Ubumwe za America, abasirikare baturutse mu Bihugu byinshi, birimo u Butaliyani n’u Bufaransa, barimo gutoza abagize ingabo z’umutekano z’Aba- Kurde muri Kurdistan ya Iraq.

Perezida Macron avuga ko “iyi ntambara yo muri Iran idakwiye gukurikirwa n’ibitero nk’ibi.”

Umutwe witwaje intwaro ushyigikiye Iran, wa Ashab al-Kahf, watangaje kuri Telegram, ko kuri uyu wa Gatanu wibasira “inyungu zose z’Abafaransa muri Iraq no mu karere” nyuma yo kohereza indege z’Abafaransa Charles de Gaulle mu kigobe.

Uyu mutwe wasabye abaturage kuguma nibura kure muri metero 500 uvuye ku birindiro muri Kurdistan ya Irak aho ingabo z’Abafaransa ziri.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 − 3 =

Previous Post

Uwamamaye muri Filimi Nyarwanda udaheruka kugaragara yahishuye iby’urukundo yanyuzemo rw’uwamubeshye ubukwe

Next Post

Moving to Kigali: Five Realities Foreigners Discover After Arriving

Related Posts

Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize

Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize

by radiotv10
13/03/2026
0

Abarimu bo muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaje ko...

Eng.-Goma hit by heavy drone attacks followed by a message from AFC/M23 to the DRC Government

America yagize icyo ivuga ku gitero cy’i Goma inaha umukoro impande zihanganye

by radiotv10
12/03/2026
0

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za America, yamaganye igitero cy’indege zitagira abapilote cyabaye i Goma kigahitana abarimo umukozi w’Umuryango w’Abibumbye,...

BREAKING: I Goma haramukiye imyigaragambyo ikomeye nyuma y’igitero cyamaganiwe kure

BREAKING: I Goma haramukiye imyigaragambyo ikomeye nyuma y’igitero cyamaganiwe kure

by radiotv10
12/03/2026
0

Abatuye mu mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu ya Ruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baramukiye...

Iran yateguje Isi itumbagira ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli

Iran yateguje Isi itumbagira ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli

by radiotv10
12/03/2026
0

Iran yatangaje ko isi igomba kwitegura ko igiciro cya peteroli gishobora gutumbagira kikagera ku madolari 200 ku kagunguru kamwe, nyuma...

Eng.-Major protests erupt in Goma after widely condemned drone attack

Eng.-Major protests erupt in Goma after widely condemned drone attack

by radiotv10
12/03/2026
0

Residents of the city of Goma in North Kivu Province, in the eastern part of the Democratic Republic of Congo,...

IZIHERUKA

Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize
AMAHANGA

Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize

by radiotv10
13/03/2026
0

RCS yavuze ku mugororwa washatse gutoroka abanje kujya mu bwiherero bw’Urukiko i Kigali

RCS yavuze ku mugororwa washatse gutoroka abanje kujya mu bwiherero bw’Urukiko i Kigali

13/03/2026
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen.M. Muganga yoherereje ubutumwa uwa Jamaica

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen.M. Muganga yoherereje ubutumwa uwa Jamaica

13/03/2026
Abarundi batahutse bavuye mu Rwanda bari bamazemo imyaka 10 barusigiye ubutumwa bwo kurushimira

Abarundi batahutse bavuye mu Rwanda bari bamazemo imyaka 10 barusigiye ubutumwa bwo kurushimira

13/03/2026
Moving to Kigali: Five Realities Foreigners Discover After Arriving

Moving to Kigali: Five Realities Foreigners Discover After Arriving

13/03/2026
Hemejwe urupfu rw’umusirikare wa mbere w’u Bufaransa wishwe kuva intambara ya Iran yatangira

Hemejwe urupfu rw’umusirikare wa mbere w’u Bufaransa wishwe kuva intambara ya Iran yatangira

13/03/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Moving to Kigali: Five Realities Foreigners Discover After Arriving

Moving to Kigali: Five Realities Foreigners Discover After Arriving

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize

RCS yavuze ku mugororwa washatse gutoroka abanje kujya mu bwiherero bw’Urukiko i Kigali

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen.M. Muganga yoherereje ubutumwa uwa Jamaica

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.