Saturday, December 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

IFOTO: Bamporiki ku munsi w’Ilayidi ati “Alhamdulillah”

radiotv10by radiotv10
03/05/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
IFOTO: Bamporiki ku munsi w’Ilayidi ati “Alhamdulillah”
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, ushinzwe Umuco, Hon Bamporiki Edouard ni umwe mu bifurije umunsi mwiza abo mu idini ya Islamu, yifashishije ifoto yambaye imyambaro imenyerewe ku bayoboke b’iri dini.

Yifashishije ifoto imugaragaza yambaye imyambaro imenyerewe ku bo mu idini ya Islam, Hon Bamporiki Edouard, yageneye ubutumwa abo muri iri dini ku munsi wo gusoza igisibo gitagatifu.

Muri ubu butumwa, yateruye agira ati “Alhamdulillah [icyubahiro ni icy’Imana] ku bwa buri kimwe tutabura gushimira Allah yaduhanye umugisha. Imana ni nziza iteka ryose. Mukomeze kunezerwa ku munsi wanyu kandi muheshe mwibuke n’abandi mubaheshe umugisha.”

Ifoto iherekeje ubu butumwa igaragaza Hon Bamporiki yambaye ikanzu year imenyerewe ku bayisilamu ndetse atamirije igitambaro mu mutwe na cyo kimenyerewe ku bo muri iyi dini.

Hon Bamporiki Edouard

Ni ibintu bikunze gukorwa na bamwe basanzwe atari n’abo mu idini ya islam aho ku munsi nk’uyu Bambara iyi myambaro ubundi bakifatanya n’abo muri iri dini kwizihiza uyu munsi mukuru wabo.

Uwitwa Mbabazi watanze igiteherezo kuri ubu butmwa bwa Bamporiki, yagize ati “Bwana na we yagiyeyo yitwa Abubacar sulayimin silimani khalifa hafthali.”

Naho uwiyita Gradiator OG na we yagize ati “Kuvumba ni umuco mwiza twarazwe nabakurambere.”

Providence Tuyisabe na we yatanze igitekerezo agira ati “Uragaragara neza muri iyo myambarire. Kandi ni byo rwose Imana ni nziza iteka ryose.”

Yunuss na we yagize ati “Nyakubahwa rwose turabanezerewe mwambaye neza rwose muduhaye ibyishimo kuri uyu munsi sinabona icyo nabitura peeh.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 + 15 =

Previous Post

Nyamasheke: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana batatu yigisha ‘Cours du soir’

Next Post

Bari bagiye kumushyingura ahita akomangira mu isanduku ababwira ko ari muzima

Related Posts

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

by radiotv10
27/12/2025
0

Umugore wari umaze ukwezi ashatse mu murenge wa Muganza yagerageje kwiyahura akoresheje igitenge ubwo umugabo yari amaze kumubwirira mu buriri...

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

by radiotv10
27/12/2025
0

Umugabo wagaragaye mu Mujyi wa Kigali afite umuhoro ashaka gutema abantu anamenagura imodoka yasangaga ziparitse, yafashwe, ndetse iperereza rigaragaza ko...

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

by radiotv10
27/12/2025
0

Ginger is a common spice found in many kitchens. In Rwanda and across the world, people use it in tea,...

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

by radiotv10
26/12/2025
0

Mu busabane bwa Noheli Gianni Infantino, Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yagiranye n’abakiri bato bafite impano muri uyu...

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

by radiotv10
26/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko akurikije uko yabonye Israel Mbonyi yataramiye abantu, uyu muhanzi arenze kuba...

IZIHERUKA

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka
MU RWANDA

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

by radiotv10
27/12/2025
0

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

27/12/2025
Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

27/12/2025
Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

26/12/2025
Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

26/12/2025
Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bari bagiye kumushyingura ahita akomangira mu isanduku ababwira ko ari muzima

Bari bagiye kumushyingura ahita akomangira mu isanduku ababwira ko ari muzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.