Wednesday, December 17, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

IFOTO: Bamporiki ku munsi w’Ilayidi ati “Alhamdulillah”

radiotv10by radiotv10
03/05/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
IFOTO: Bamporiki ku munsi w’Ilayidi ati “Alhamdulillah”
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, ushinzwe Umuco, Hon Bamporiki Edouard ni umwe mu bifurije umunsi mwiza abo mu idini ya Islamu, yifashishije ifoto yambaye imyambaro imenyerewe ku bayoboke b’iri dini.

Yifashishije ifoto imugaragaza yambaye imyambaro imenyerewe ku bo mu idini ya Islam, Hon Bamporiki Edouard, yageneye ubutumwa abo muri iri dini ku munsi wo gusoza igisibo gitagatifu.

Muri ubu butumwa, yateruye agira ati “Alhamdulillah [icyubahiro ni icy’Imana] ku bwa buri kimwe tutabura gushimira Allah yaduhanye umugisha. Imana ni nziza iteka ryose. Mukomeze kunezerwa ku munsi wanyu kandi muheshe mwibuke n’abandi mubaheshe umugisha.”

Ifoto iherekeje ubu butumwa igaragaza Hon Bamporiki yambaye ikanzu year imenyerewe ku bayisilamu ndetse atamirije igitambaro mu mutwe na cyo kimenyerewe ku bo muri iyi dini.

Hon Bamporiki Edouard

Ni ibintu bikunze gukorwa na bamwe basanzwe atari n’abo mu idini ya islam aho ku munsi nk’uyu Bambara iyi myambaro ubundi bakifatanya n’abo muri iri dini kwizihiza uyu munsi mukuru wabo.

Uwitwa Mbabazi watanze igiteherezo kuri ubu butmwa bwa Bamporiki, yagize ati “Bwana na we yagiyeyo yitwa Abubacar sulayimin silimani khalifa hafthali.”

Naho uwiyita Gradiator OG na we yagize ati “Kuvumba ni umuco mwiza twarazwe nabakurambere.”

Providence Tuyisabe na we yatanze igitekerezo agira ati “Uragaragara neza muri iyo myambarire. Kandi ni byo rwose Imana ni nziza iteka ryose.”

Yunuss na we yagize ati “Nyakubahwa rwose turabanezerewe mwambaye neza rwose muduhaye ibyishimo kuri uyu munsi sinabona icyo nabitura peeh.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 + seventeen =

Previous Post

Nyamasheke: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana batatu yigisha ‘Cours du soir’

Next Post

Bari bagiye kumushyingura ahita akomangira mu isanduku ababwira ko ari muzima

Related Posts

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

by radiotv10
16/12/2025
0

Umunyamakurukazi Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy uri mu myiteguro yo gukorana ubukwe n’umuraperi Shizzo, yakorewe ibirori byo gusezera ku rungano...

Ibisobanuro byatanzwe nyuma yuko hari ukemanze uburyo bwo kwipima SIDA mu macandwe

Ibisobanuro byatanzwe nyuma yuko hari ukemanze uburyo bwo kwipima SIDA mu macandwe

by radiotv10
16/12/2025
0

Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima RBC cyatanze ibisobanuro by’uburyo umuntu ashobora kubona ko yanduye cyangwa atanduye Virusi itera SIDA akoresheje agakoresha...

Abanyeshuri 100 barimo abiga mu mashuri y’incuke basuye Polisi y’u Rwanda ibereka ibyo ikora

Abanyeshuri 100 barimo abiga mu mashuri y’incuke basuye Polisi y’u Rwanda ibereka ibyo ikora

by radiotv10
16/12/2025
0

Abanyeshuri barenga 100 b’ikigo cy’ishuri cya ‘Wise and Smart School’ cyo mu Karere ka Musanze n’abarezi babo, basuye Polisi y’u...

Iby’ingenzi Itorero ADEPR ryishimira mu myaka 85 rimaze ribayeho rigiye no kwizihiza isabukuru yayo

Iby’ingenzi Itorero ADEPR ryishimira mu myaka 85 rimaze ribayeho rigiye no kwizihiza isabukuru yayo

by radiotv10
16/12/2025
0

Itorero ADEPR rigiye kwizihiza isabukuru y'imyaka 85 rimaze ribayeho, rivuga ko muri iyi myaka hari byinshi ryishimira ryagezeho nko kubaka...

Umujyi wa Kigali waje ku mwanya wa mbere muri serivisi z’ubuzima

Umujyi wa Kigali waje ku mwanya wa mbere muri serivisi z’ubuzima

by radiotv10
16/12/2025
0

Urutonde rwashyizwe hanze n’Ikinyamakuru Jeune Afrique, rugaragaza uko imijyi ikurikiranaga ku ireme rya serivisi z’ubuvuzi n’imitangire yazo, Umujyi wa Kigali...

IZIHERUKA

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports
FOOTBALL

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

by radiotv10
16/12/2025
0

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

16/12/2025
Agezweho: Uko byifashe mu mujyi wa Uvira nyuma yuko AFC/M23 itangaje ko yemeye kuwurekura

Agezweho: Uko byifashe mu mujyi wa Uvira nyuma yuko AFC/M23 itangaje ko yemeye kuwurekura

16/12/2025
Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe

Amakuru mashya: AFC/M23 ifashe icyemezo cyo kurekura umujyi wa Uvira nyuma y’iminsi micye iwufashe

16/12/2025
Kiliziya Gatulika muri Congo yongeye guha ubusabe Leta nyuma yuko AFC/M23 yari yafashe Uvira

Kiliziya Gatulika muri Congo yongeye guha ubusabe Leta nyuma yuko AFC/M23 yari yafashe Uvira

16/12/2025
Amakuru agezweho avugwa ku basirikare b’u Burundi bari bakiri muri Kivu y’Epfo nyuma yo gutsindwa na AFC/M23

Amakuru agezweho avugwa ku basirikare b’u Burundi bari bakiri muri Kivu y’Epfo nyuma yo gutsindwa na AFC/M23

16/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bari bagiye kumushyingura ahita akomangira mu isanduku ababwira ko ari muzima

Bari bagiye kumushyingura ahita akomangira mu isanduku ababwira ko ari muzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

Agezweho: Uko byifashe mu mujyi wa Uvira nyuma yuko AFC/M23 itangaje ko yemeye kuwurekura

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.