Saturday, November 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

IFOTO: Bamporiki ku munsi w’Ilayidi ati “Alhamdulillah”

radiotv10by radiotv10
03/05/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
IFOTO: Bamporiki ku munsi w’Ilayidi ati “Alhamdulillah”
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, ushinzwe Umuco, Hon Bamporiki Edouard ni umwe mu bifurije umunsi mwiza abo mu idini ya Islamu, yifashishije ifoto yambaye imyambaro imenyerewe ku bayoboke b’iri dini.

Yifashishije ifoto imugaragaza yambaye imyambaro imenyerewe ku bo mu idini ya Islam, Hon Bamporiki Edouard, yageneye ubutumwa abo muri iri dini ku munsi wo gusoza igisibo gitagatifu.

Muri ubu butumwa, yateruye agira ati “Alhamdulillah [icyubahiro ni icy’Imana] ku bwa buri kimwe tutabura gushimira Allah yaduhanye umugisha. Imana ni nziza iteka ryose. Mukomeze kunezerwa ku munsi wanyu kandi muheshe mwibuke n’abandi mubaheshe umugisha.”

Ifoto iherekeje ubu butumwa igaragaza Hon Bamporiki yambaye ikanzu year imenyerewe ku bayisilamu ndetse atamirije igitambaro mu mutwe na cyo kimenyerewe ku bo muri iyi dini.

Hon Bamporiki Edouard

Ni ibintu bikunze gukorwa na bamwe basanzwe atari n’abo mu idini ya islam aho ku munsi nk’uyu Bambara iyi myambaro ubundi bakifatanya n’abo muri iri dini kwizihiza uyu munsi mukuru wabo.

Uwitwa Mbabazi watanze igiteherezo kuri ubu butmwa bwa Bamporiki, yagize ati “Bwana na we yagiyeyo yitwa Abubacar sulayimin silimani khalifa hafthali.”

Naho uwiyita Gradiator OG na we yagize ati “Kuvumba ni umuco mwiza twarazwe nabakurambere.”

Providence Tuyisabe na we yatanze igitekerezo agira ati “Uragaragara neza muri iyo myambarire. Kandi ni byo rwose Imana ni nziza iteka ryose.”

Yunuss na we yagize ati “Nyakubahwa rwose turabanezerewe mwambaye neza rwose muduhaye ibyishimo kuri uyu munsi sinabona icyo nabitura peeh.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − seven =

Previous Post

Nyamasheke: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana batatu yigisha ‘Cours du soir’

Next Post

Bari bagiye kumushyingura ahita akomangira mu isanduku ababwira ko ari muzima

Related Posts

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

by radiotv10
22/11/2025
0

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA/Rwanda Revenue Authority) cyatangaje ko mu mezi ane ashize abiyandikishihe muri gahunda y’ishimwe rihabwa abaka inyemezabwishyu ya...

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

by radiotv10
21/11/2025
0

Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, na we yageneye ubutumwa Perezdia Paul Kagame, amushimira ibiganiro byiza...

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

by radiotv10
21/11/2025
0

Umuhanzi Niyo Bosco yatanze umucyo ku byatumye hari abakeka ko yaba yarabeshye abantu igihe kinini ko atabona, avuga ko amashusho...

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

by radiotv10
21/11/2025
0

President Paul Kagame expressed his gratitude to the Emir of Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, who visited Rwanda...

U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

by radiotv10
21/11/2025
0

Mu biganiro byahuje urwego ruhuriweho na Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impande zombi ziyemeje gutera intambwe...

IZIHERUKA

Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika
AMAHANGA

Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika

by radiotv10
22/11/2025
0

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

22/11/2025
Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

21/11/2025
Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

21/11/2025
Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

21/11/2025
Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

21/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bari bagiye kumushyingura ahita akomangira mu isanduku ababwira ko ari muzima

Bari bagiye kumushyingura ahita akomangira mu isanduku ababwira ko ari muzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.