• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Izuba riva Umudepite yibwe imodoka abanje gufatirwaho imbunda

radiotv10by radiotv10
23/12/2021
in Uncategorized
0
Izuba riva Umudepite yibwe imodoka abanje gufatirwaho imbunda
Share on FacebookShare on Twitter

Umudepite wo mu ishyaka ry’Abademokarate muri Leta Zunze Ubumwe za America, yibwe imodoka ubwo yabanzaga gutungwa imbunda n’abajura bayimwibye ku manywa y’ihangu.

Uyu Mudepite w’Umutegarugori witwa Mary Gay Scanlon yibiwe iki kinyabiziga cye mu mujyi wa Philadelphia muri leta ya Pennsylvania.

Mary Gay Scanlon yibwe iyi modoka yo mu bwoko bwa 2017 Acura MDX ubwo yari agiye mu nama ajya kubona abona imodoka y’ibirahure byijimye imusatiraivamo abahabo babiri b’ibigango bitwaje imbunda bahita bamwaka imfunguzo z’imodoka ye ndetse n’ibindi yari afite birimo telephone y’akazi.

Umuyobozi wa Philadelphia, Jim Kenney, yatangaje ko ubu bujura bwabaye saa munani na 45’ ku manywa y’ihangu ubwo yari amaze kuzenguruka kamwe mu duce two mu Majyepfo ya Philadelphia anahagarariye mu Nteko.

Umudepite mugenzi we witwa Brendan Boyle, na we w’Umudemokarate, yihanganishije mugenzi we ku bw’ubu bujura yakorewe.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Brendan Boyle “Ndabizi afite umutima ukomeye wihangana. Nizeye ko azamererwa neza.”

Wishing my colleague and good friend @RepMGS the very best. She’s Philly tough so I know she will be ok!

— US Rep Brendan Boyle (@RepBrendanBoyle) December 22, 2021

Ubu bujura bwatumye urwego rw’Ubutasi rwa America, FBI rwinjira muri iki kibazo rwizeza iyi ntumwa ya rubanda guhiga bariya bajura.

Ubujura bw’imodoka muri Philadelphia bukomeje gukaza umurego kuko muri uyu mwaka wa 2021 bwazamutse ku gipimo cya 80%.

Depite Mary Gay Scanlon

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × five =

Previous Post

Abiringiye Imana y’Aba-Israel mubambwirire ko bo yabategetse kwikingiza urwa kane- Bamporiki

Next Post

TMC yarangije indi Masters’ nyuma y’amezi 22 ageze muri USA

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
TMC yarangije indi Masters’ nyuma y’amezi 22 ageze muri USA

TMC yarangije indi Masters’ nyuma y'amezi 22 ageze muri USA

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.