Monday, November 3, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Label ifasha abahanzi nyarwanda ivugwamo urunturuntu yaciye undi muvuno witezweho igisubizo

radiotv10by radiotv10
30/01/2023
in IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Ishyamba si ryeru muri Label ibarizwamo abahanzi bakomeye mu Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Imwe muri nzu zifasha abahanzi nyarwanda imaze iminsi ivugwamo ibibazo bishobora no gutuma umwe mu bahanzi ifasha ashobora kuyisohokamo, iravugwaho ko igiye gukoresha amarushanwa yo gushaka umuhanzi wazamusimbura.

Iyi Kompanyi ya KIKAC imaze iminsi ivugwamo ibibazo bishingiye ku kuba umwe mu bahanzi isanzwe ifasha atifuza gukomezanya na yo.

Ntawundi ni Mico The Best uri mu bahanzi babirambyemo mu Rwanda wanagiye akora indirimbo zinyuranye zanakunzwe n’abatari bacye.

Havuzwemo itonesha ku muhanzikanzi Bwiza na we babana muri iyi Label, umaze igihe ari mu bahanzikazi bagezweho mu Rwanda banamaze iminsi bashyira hanze ibihangano byinshi.

Iryo toneshwa rivugwamo, ryatumye umuhanzi Mico The Best atifuza gukomezanya n’iyi Label ndetse uwaduhaye amakuru nka RADIOTV10 twananditse bwa mbere iby’ibi bibazo, yavuze ko Mico The Best atazasoza uyu mwaka ari muri iyi Label.

Iyi nzu ifasha abanzi ya KIKAC yatangiye gushaka umuti w’iki kibazo, aho iteganya gukoresha irushanwa rizwi nka ‘Next Diva’ ryo gushaka umuhanzi ufite impano uzasimbura Mico mu gihe cyose yaba agiye.

Iri rushangwa rizwi nka ‘Next Diva’ ni na ryo ryazamukiyemo umuhanzi Bwiza, ubu uri gufashwa n’iyi Label ya KIKAC ndetse akaba yaranahiriwe.

Uwaduhaye amakuru yagize ati “Mico The Test urebye ntabwo bazasozanya uyu mwaka, rero bari gushaka undi muhanzi ukiri muto bazafasha uzava nk’aho bwiza yavuye.”

Iyi nzu ya KIKAC yari yatangiranye n’abahanzi babiri ari bo Danny Vumbi na Mico The Best nyuma baza kuba batatu ubwo hongerwagamo Bwiza, gusa biri guca amarenga ko Bwiza ari we ugiye kuyisigaramo.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 − 11 =

Previous Post

Muri Tennis hongeye kuba igitangaza cyakokozwe n’Umunya-Serbia wahise yicarana na Rafael Nadal

Next Post

Muri Congo rwongeye kwambikana M23 iteguza gufata akandi gace

Related Posts

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

by radiotv10
02/11/2025
0

As the week draws to a close, many people rush into the weekend with long to-do lists, errands to run,...

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

by radiotv10
29/10/2025
0

Ange Niyonshuti Tricia, umugore w’umuhanzi Tom Close; yongeye kumwibutsa ko amukunda urutagereranywa, anamubwira ko amwifuriza kuramba kugeza igihe azabonera ubuvivi....

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera, who has Rwandan roots, is among the contestants for the Miss Belgium title. She is confident about her...

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera ufite inkomoko mu Rwanda, ari mu bahatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi, ndetse akaba afite icyizere cyo kuryegukana,...

How musicians are using streaming platforms to make money

How musicians are using streaming platforms to make money

by radiotv10
27/10/2025
0

In today’s digital world, streaming platforms have completely changed how musicians share their music and earn a living. Instead of...

IZIHERUKA

Gen.Makenga Umugaba Mukuru wa AFC/M23 yabwiye abakomando 7.000 binjiye mu gisirikare icyo bagomba kwitegura
AMAHANGA

AFC/M23 yaciye amarenga y’icyo ibona cyihishe inyuma y’ubutabazi bwavugiwe mu Bufaransa

by radiotv10
03/11/2025
0

Kamonyi: Umukwabu wo gushaka abakora ibikorwa bigayitse wageze no bajura b’amatungo

Kamonyi: Umukwabu wo gushaka abakora ibikorwa bigayitse wageze no bajura b’amatungo

03/11/2025
Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare

02/11/2025
The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

02/11/2025
Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

01/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

01/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Muri Congo rwongeye kwambikana M23 iteguza gufata akandi gace

Muri Congo rwongeye kwambikana M23 iteguza gufata akandi gace

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yaciye amarenga y’icyo ibona cyihishe inyuma y’ubutabazi bwavugiwe mu Bufaransa

Kamonyi: Umukwabu wo gushaka abakora ibikorwa bigayitse wageze no bajura b’amatungo

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.