Sunday, January 11, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Menya abayobozi bahawe inshingano mu nzego zitandukanye mu Rwanda

radiotv10by radiotv10
18/01/2025
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Menya abayobozi bahawe inshingano mu nzego zitandukanye mu Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi banyuranye, barimo abahawe inshingano mu Nteko Ishinga Amategeko-Umutwe w’Abadepite, muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda n’iy’Uburezi.

Aba bahawe inshingano n’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Mutarama 2025 yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, barimo Julien Ngabonziza wagizwe Umunyamabanga Mukuru Wungirije mu Mutwe w’Abadepite.

Muri uyu mutwe w’Inteko Ishinga Amategeko, kandi hashyizwe mu myanya abandi bayobozi barimo, Augustin Mico wagizwe Umuyobozi Mukuru Ushinzwe ibikorwa bya za Komite.

Muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi barimo Christian Twahirwa wagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe Inganda no kwihangira imirimo.

Muri iyi Minisiteri, harimo kandi Doreen Ntawebasa Hategekimana wagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubucuruzi n’Ishoramari.

Ni mu gihe muri Minisiteri y’Uburezi, hashyizwemo Rose Baguma wagizwe Umuyobozi w’ishami rishinzwe Uburezi na Politiki, ndetse na Adia Umulisa wagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe w’Ishami rishinzwe igenamigambi ry’uburezi, ikurikiranabikorwa n’isuzuma.

Mu buyobozi Bukuru bw’Inama y’Igihugu y’Amashuri makuru na za Kaminuza, hakozwe impinduka, aho yahawe kuyoborwa na Dr Edouard Kadozi wasimbuye Rose Mukankomeje wari umaze imyaka itanu kuri izi nshingano.

DORE ABAYOBOZI BOSE BASHYIZWE MU BUYOBOZI

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one + 16 =

Previous Post

Uko byifashe hagati ya M23 na FARDC muri Masisi ahamaze iminsi rwambikanye

Next Post

Perezida Kagame yagize icyo avuga ku ngeso zimaze iminsi zigaragara mu rubyiruko zirutesha agaciro

Related Posts

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Many people struggle with money not because they earn too little, but because they confuse needs with wants. Understanding the...

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

by radiotv10
10/01/2026
0

Bamwe mu bakecuru batishoboye bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, bibumbiye mu itsinda ryo kwikura mu bukene,...

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

by radiotv10
09/01/2026
0

Road safety remains a major public concern in Rwanda, especially as the number of vehicles continues to increase. In response...

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

by radiotv10
09/01/2026
0

Abatwara amagare na bo bari mu barebwa n’ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu muhanda. Ni ubutumwa abantu bakwiye gukura mu...

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

by radiotv10
09/01/2026
0

Ubushyamirane bwabaye hagati y’abakekwaho kwiba ihene, n’abari bazibwe mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza, bwaguyemo babiri bakekwagaho kuba...

IZIHERUKA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life
IMIBEREHO MYIZA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

10/01/2026
Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

10/01/2026
Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

09/01/2026
Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

09/01/2026
Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yagize icyo avuga ku ngeso zimaze iminsi zigaragara mu rubyiruko zirutesha agaciro

Perezida Kagame yagize icyo avuga ku ngeso zimaze iminsi zigaragara mu rubyiruko zirutesha agaciro

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.