Saturday, November 8, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Muhoozi yongeye kuburira abamurwanya we na Perezida Kagame

radiotv10by radiotv10
23/03/2022
in MU RWANDA
0
Muhoozi yongeye kuburira abamurwanya we na Perezida Kagame
Share on FacebookShare on Twitter

Lt Gen Muhoozi Kainerugaba udahwema kugaragaza ko Perezida Paul Kagame ari umuntu w’ingenzi kuri we, yongeye kuburira ababarwanya, avuga ko bazahura n’akaga.

Lt Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ibi nyuma y’igihe gito avuye mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu yahagiriye.

Muri uru ruzinduko yasoje mu cyumweru gishize tariki 16 Werurwe 2022, yanakiriwe na Perezida Paul Kagame mu biro bye ndetse bakaza no kujyana mu rwuri rwe, akamugabira Inka z’inyambo.

Lt Gen Muhoozi wifashishije amafoto ari kumwe na Perezida Kagame mu rwuri, yashyizeho ubutumwa avuga ko bombi basanzwe ari aborozi kandi bakaba bakunda ubworozi bw’inka.

Ati “Ikindi kandi twembi turi abarwanyi, ibyo byumvikane neza, abaturwanya bazahura n’ibibazo bikomeye.”

We are simply two cattle keepers that want to look after our cows in peace. But we are also both warriors, that's well documented, those who fight us will face a lot of problems! pic.twitter.com/ccY8ykwNJ6

— Muhoozi Kainerugaba (@mkainerugaba) March 22, 2022

Ubu butumwa si ubwa mbere abutanze, kuko muri Mutarama 2022, ubwo yanatangiraga kuvuga ko Perezida Kagame ari “My Uncle” na bwo yari yavuze ko abarwanya Kagame “bari no kurwanya umuryango wanye. Bagomba kwitonda.”

This is my uncle, Afande Paul Kagame. Those who fight him are fighting my family. They should all be careful. pic.twitter.com/YwBM5DwX0S

— Muhoozi Kainerugaba (@mkainerugaba) January 16, 2022

Muhoozi ukunze kwita Perezida Paul Kagame “My Uncle”, ubwo yageraga mu Gihugu cye avuye mu Rwanda mu cyumweru gishize, yahise ahishura umubare w’Inka yagabiwe na Perezida Paul Kagame ko ari Inka cumi z’inyambo.

Yanaboneyeho gushimira Umukuru w’u Rwanda ku bwo kumuha amahirwe akagira uruhare mu gufasha Igihugu cye kwiyunga n’u Rwanda.

Uyu muhungu wa Museveni uvugwaho kuzasimbura umubyeyi we muri 2026, nyuma y’umunzi umwe avuye mu Rwanda, yahise ajya mu Misiri kubutumire bwa Perezida w’iki Gihugu, Abdel Fattah Elsisi.

Ubwo Perezida Kagame yagabiraga Muhoozi

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 3 =

Previous Post

Masudi Juma yamaze kurega Rayon arayishyuza akayabo

Next Post

Ndimbati yagejejwe imbere y’urukiko

Related Posts

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

by radiotv10
07/11/2025
0

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye, yifashishije ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamuhamagaye kuri telefone saa cyenda z’ijoro, yavuze...

Ngoma: Inyubako z’Akarere bakoreramo ngo na bo ubwabo zibatera isoni

Ngoma: Inyubako z’Akarere bakoreramo ngo na bo ubwabo zibatera isoni

by radiotv10
07/11/2025
0

Abafite ibikorwa by’ubucuruzi mu Murenge wa Kibungo bakorera mu nzu z’Akarere kabo ka Ngoma, bavuga ko zisa nabi, ku buryo...

Harakekwa iki ku mukecuru wasanzwe yapfuye mu musarani w’akabari yari yagiye kunyweramo

Harakekwa iki ku mukecuru wasanzwe yapfuye mu musarani w’akabari yari yagiye kunyweramo

by radiotv10
07/11/2025
0

Umukecuru wasanzwe yapfuye mu musarani w’akabari gaherereye mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza, birakekwa ko yaba yajugunywemo n’abamwishe....

Perezida Kagame na Madamu J.Kagame bakiriye abayobozi mu nzego nkuru za America

Perezida Kagame na Madamu J.Kagame bakiriye abayobozi mu nzego nkuru za America

by radiotv10
07/11/2025
0

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye ku meza abayobozi mu nzego nkuru muri Leta Zunze Ubumwe za America,...

Perezida Kagame na Madamu J.Kagame bakiriye abayobozi mu nzego nkuru za America

Eng.-President Kagame and First Lady host Senior U.S Officials including Senior Advisor to the White House

by radiotv10
07/11/2025
0

President Paul Kagame and First Lady Jeannette Kagame hosted senior officials from the United States of America, including Paula White-Cain,...

IZIHERUKA

Style on a Budget: How to Build a Chic Wardrobe in Kigali Without Breaking the Bank
IMYIDAGADURO

Style on a Budget: How to Build a Chic Wardrobe in Kigali Without Breaking the Bank

by radiotv10
07/11/2025
0

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

07/11/2025
Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

07/11/2025
Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

07/11/2025
AFC/M23 yongeye kugaragariza amahanga amarorerwa akorwa n’uruhande bahanganye inayerurira icyo yiyemeje

AFC/M23 yongeye kugaragariza amahanga amarorerwa akorwa n’uruhande bahanganye inayerurira icyo yiyemeje

07/11/2025
Abasirikare barimo Aba-Colonel mu gisirikare cya Congo bakurikiranyweho kunyereza kawunga, umuceri n’amata

Abasirikare barimo Aba-Colonel mu gisirikare cya Congo bakurikiranyweho kunyereza kawunga, umuceri n’amata

07/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ndimbati yagejejwe imbere y’urukiko

Ndimbati yagejejwe imbere y’urukiko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Style on a Budget: How to Build a Chic Wardrobe in Kigali Without Breaking the Bank

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.