Saturday, June 14, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ngororero: Abaturage ntibemeranya na meya uhakana ko batazonzwe n’inzara

radiotv10by radiotv10
11/06/2021
in Uncategorized
0
Ngororero: Abaturage ntibemeranya na meya uhakana ko batazonzwe n’inzara
Share on FacebookShare on Twitter

Hashize umwaka hari abaturage mu karere ka Ngorero batujwe mu mudugudu w’abatishoboye mu kagali ka Nyange umurerenge wa Ngororero .

Aba baturage baganira n’umunyamakuru wa RADIOTV10 bamubwiye ko inzara ibamereye nabi kuko batagira aho bakura icyo gufungura ,dore ko bagaragaza ko ntabutaka cg ibikorwa byabafasha mu mibereho bafite. Bakabishingiraho bavuga ko bakeneye ubutabazi.

Umwe muribo witwa Nyirahabimana Sipera avuga ko bishimira ko bahawe inzu, gusa ngo inzara ibamereye nabi.

Nyirabiza Beransira twasanze amaze n’iminsi arwaye avuga ko noneho byahumiye ku mirari kuko atakibasha no kwicira inshuro.

Yagize ati” Nk’ubu maze iminsi ndwaye kuko maze nk’ibyumweru nka bitatu ndwaye ntava mu nzu mbereye aho(ntacyo ndya) meze gutya”

Uyu mubyeyi avuga ko adaheruka kurya kuko n’umuturanyi uherutse kumuha amafaranga yo kugura ibijumba yabirumangiye aho, kuko nta mboga zo kubirisha yari afite.

Ubwo twabazaga uyuNyirabiza niba abaturanyi be ntacyo bamufasha, yasubizanije agahinda (yimyoza) avuga ko bamufasha rimwe na rimwe ariko bidashoboka ko bahora bamwishingira.

Umuyobozi w’akarere ka Ngororero NDAYAMBAJE Godefroid  yabwiye Radio10 na Tv10 ko nta nzara iri muri   Ngororero ku buryo umuturage yabura ibyo kurya, akavuga ko haba harabayeho amakosa mu mudugu gusa avuga ko bagiye kubikurikirana.

Yagize ati” Nkuko mwabibonye muri Ngororero ntabwo turi mu bihe by’inzara ku buryo ibyo kurya byabura, ariko iyo bibayeho umuturage akaba adashobora kubona ibyo kurya uruhare rw’abaturanyi be narwo ruba ari ngombwa mu kumenya uko mugenzi wabo yaramutse’’

NDAYAMBAJE Godefroid   avuga ko iki kibazo bagiye kugikurikirana gusa akanemeza ko ubusanzwe akarere kaba karagize inkunga kohereza ku mirenge iba igomba kwita kuri ku bantu bafite ibibabzo nk’ibyo.

Abatuye muri uyu mudugudu wa  Nyange bamwe bamazeyo umwaka umwe abandi bamaze amezi 6 kuko bahatujwe mu byiciro.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 + seventeen =

Previous Post

USA: Perezida Biden yagiriye uruzinduko rwe rwa mbere ku mugabane w’u Burayi

Next Post

HUYE: Muri RP-IPRC Huye hatashywe ikibuga cya Basketball cyatanzweho arenga miliyoni 50

Related Posts

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

by radiotv10
31/01/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wa Afurika, Ronald Lamola bagiranye ikiganiro kuri telefone,...

IZIHERUKA

RIB yafunze Animateri wiyemerera ko yakubise inshyi mu matwi umunyeshuri bikamuviramo kuvamo amaraso
MU RWANDA

Umugabo arakekwaho kwica umugore bari bamaranye igihe gito amuziza ukuri yari amubwije

by radiotv10
14/06/2025
0

Korali yatumiye mu gitaramo cyayo iyo muri rindi Torero rikayangira yatanze ubutumwa

Korali yatumiye mu gitaramo cyayo iyo muri rindi Torero rikayangira yatanze ubutumwa

14/06/2025
Trump yabaye nk’ukina ku mubyimba Iran ku bitero rurangiza byayishegeshe bikanahitana abasirikare bakuru bayo

Trump yabaye nk’ukina ku mubyimba Iran ku bitero rurangiza byayishegeshe bikanahitana abasirikare bakuru bayo

14/06/2025
Perezida wa Afurika y’Epfo yakirijwe amarira ubwo yasuraga abaturahe bagize ibyago

Perezida wa Afurika y’Epfo yakirijwe amarira ubwo yasuraga abaturahe bagize ibyago

14/06/2025
Umuntu umwe rukumbi warokotse impanuka havuzwe ibyo yabwiye ababyeyi be akirokoka

Umuntu umwe rukumbi warokotse impanuka havuzwe ibyo yabwiye ababyeyi be akirokoka

13/06/2025
Amakuru mashya: Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ yahamijwe ibyaha aranakatirwa

Amakuru mashya: Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ yahamijwe ibyaha aranakatirwa

13/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
HUYE: Muri RP-IPRC Huye hatashywe ikibuga cya Basketball cyatanzweho arenga miliyoni 50

HUYE: Muri RP-IPRC Huye hatashywe ikibuga cya Basketball cyatanzweho arenga miliyoni 50

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umugabo arakekwaho kwica umugore bari bamaranye igihe gito amuziza ukuri yari amubwije

Korali yatumiye mu gitaramo cyayo iyo muri rindi Torero rikayangira yatanze ubutumwa

Trump yabaye nk’ukina ku mubyimba Iran ku bitero rurangiza byayishegeshe bikanahitana abasirikare bakuru bayo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.