Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Noneho bari mu buriri batambaye…Cyusa yongeye kurisha abantu umubu aryamye n’umukunzi we

radiotv10by radiotv10
01/03/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
Noneho bari mu buriri batambaye…Cyusa yongeye kurisha abantu umubu aryamye n’umukunzi we
Share on FacebookShare on Twitter

Ntabwo ari kugarukwaho kubera indirimbo nshya yashyize hanze cyangwa iyo ari gutegura ahubwo ni ukubera ibihe byiza arimo we n’umukunzi we. Umuhanzi Cyusa yongeye kugaragara ari kumwe n’umukunzi we noneho baryamye mu buriri.

Ni amashusho yagiye hanze nyuma y’amasaha macye hasohotse amafoto y’uyu muhanzi Cyusa Ibrahim ari kumwe n’umukunzi we Jeanine Noach wizihirije isabukuru mu Mujyi w’ibyishimo wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.

Ku mbuga nkoranyambaga z’aba bombi, bakomeje kwerekana ko urukundo rwabo rugeze aharyoshye, bongeye kubishimangira bashyiraho amashusho baryamanye mu buriri.

Aya mashusho abagaragaza baryamye ndetse bigaragara ko batambaye imyenda, bagaragara bishimye bihebuje ndetse bakanyuzamo bagasomana umunwa ku wundi.

Cyusa Ibrahim, uherutse kwerura iby’urukundo rwe Jeanine Noach, yavuze ko atitaye ku bakunze kumunenga ku kuba akundana n’umuntu umuruta mu myaka, kuko icya ngombwa ari urukundo kandi ko bombi buri umwe arufitiye undi.

Cyusa w’imyaka 33 y’amavuko n’uyu mukunzi we w’imyaka 48, bakunze kugaragaza ko urukundo rwabo rwamaze kugera kure ndetse buri umwe akabwira undi ko ntako bisa kuba afite undi.

Mu buriri baramukije abantu
Barebana akana ko mu jisho
Banyujijemo barasomana

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nine − 6 =

Previous Post

Perezidansi yamaganye amakuru y’ibihuha yitiriwe Perezida Kagame ku by’u Burusiya

Next Post

Uganda: Umupolisi ushinjwa gushimuta Abanyarwanda barimo Joel Mutabazi yasubiye mu rukiko

Related Posts

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

by radiotv10
18/12/2025
0

Abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyunuzi bavuga ko umusaruro wabo utinda guhuza ibipimo bikenerwa kugira ngo ugurwe kuko batagira imashini...

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
18/12/2025
0

Inama y’Abaminisitiri ya nyuma y'umwaka wa 2025, yaranzwe n’ibikorwa binyuranye birimo kugezwaho isinywa ry’amasezerano y’Amahoro n’Ubufatanye mu by’Ubukungu hagati y’u...

Why young adults should embrace short courses in today’s fast-changing World

Why young adults should embrace short courses in today’s fast-changing World

by radiotv10
18/12/2025
0

In a world that keeps changing faster than ever, young adults are under increasing pressure to keep up. Technology, job...

Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

by radiotv10
18/12/2025
0

Umwarimu wigisha mu ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (TSS) rya Mutenderi mu Karere ka Ngoma, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa...

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

by radiotv10
18/12/2025
0

Polisi y’u Rwanda yavuze ko Abapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri pandagari mu Karere ka Rubavu, batangiye gukurikiranwa kuko uburyo babikozemo...

IZIHERUKA

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke
IMIBEREHO MYIZA

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

by radiotv10
18/12/2025
0

Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

18/12/2025
Why young adults should embrace short courses in today’s fast-changing World

Why young adults should embrace short courses in today’s fast-changing World

18/12/2025
Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

18/12/2025
Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

18/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uganda: Umupolisi ushinjwa gushimuta Abanyarwanda barimo Joel Mutabazi yasubiye mu rukiko

Uganda: Umupolisi ushinjwa gushimuta Abanyarwanda barimo Joel Mutabazi yasubiye mu rukiko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.