Tuesday, September 9, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

NYAGATARE: umujyi uratera imbere ariko n’agaciro k’ibibanza kakiyongera

radiotv10by radiotv10
09/06/2021
in Uncategorized
0
NYAGATARE: umujyi  uratera imbere ariko n’agaciro k’ibibanza kakiyongera
Share on FacebookShare on Twitter

Mu bice by’imirenge itandukanye y’umujyi wa Nyagatare, byashyizwemo imihanda mishya. Ibi bikorwa muri gahunda yo guteza imbere uyu mujyi cyane ko ari umwe muri itandatu yahawe ipeti ryo kunganira kigali. Abatuye n’abakorera muri uyu mujyi, bavuga ko isura yawo yahindutse bagereranije n’uko wari umeze. Ibi babishingira ko urujya n’uruza rworohejwe n’iyi mihanda. Ariko nanone ngo hari abo biri kugiraho ingaruka.

Umwe mu baganiriye na RADIOTV10 ati” nibyo iyi mihanda itarakorwa imigenderanire n’ubuhahirane byari ikibazo,kuko n’abanyeshuli n’abarimu bazaga buzuye ibyondo “

Undi ati: “imihanda uko yubakwa ninako ibibanza bya hano I Nyagatare  bihenda bitagutma ababyubaka bataboneka ,twe ducuruza tugakikizwa n’ibigunda.”

Kuri iyi ngingo, ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare ntibuhakana iki ahaturage bafata nk’ikibazo. Gusa bo babibona nk’amahirwe kubaturage bafite ibibanza byegerejwe iyi mihanda.

David Claudian Mushabe, uyobora aka karere. Ati”kuba ibibanza bihenda nibyo kuko iterambere iyo rije n’agaciro kaho hantu kariyongera,abafite ibibanza ni inyungu zabo kuko bashobora kubigurisha,abadashaka kubigurisha tuzabahuza n’amabanki bakorane babone uko babyubakamo.”

Ubuyobozi bw’aka karere bushimangira ko mubyiciro 2 byatangiye muri 2016 _2021.kugeza bauzaba bamaze kubaka imihanda ingana n’ibilometero 18.1. Izi nyubako zizarangira zitwaye miliyarI 12.248  Frw. Kuri ubu ngo bari kwitegura icyiciro cya kabiri cy’uyu mushinga.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × five =

Previous Post

Kwibuka T20: Namibia na Kenya zakomeje umujyo w’itsinzi mbere yo kwihurira kuri uyu wa Gatatu

Next Post

Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w’impunzi

Related Posts

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

IZIHERUKA

FARDC yategetswe kwitandukanya vuba na bwangu n’umutwe umaze igihe uyifasha
AMAHANGA

FARDC yategetswe kwitandukanya vuba na bwangu n’umutwe umaze igihe uyifasha

by radiotv10
09/09/2025
0

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe

AFC/M23 yashyize hanze urutonde rw’ibyaha ishinja ubutegetsi bwa Tshisekedi

09/09/2025
Umunyamakuru Rugaju Reagan bwa mbere kuva yafungurwa yumvikanye kuri radio hahita hamenyekana iyo azakoraho

Umunyamakuru Rugaju Reagan bwa mbere kuva yafungurwa yumvikanye kuri radio hahita hamenyekana iyo azakoraho

09/09/2025
Ukuri ku cyatumye bamwe mu bari bitabiriye Inteko ya Rayon basohorwa itararangira

Ukuri ku cyatumye bamwe mu bari bitabiriye Inteko ya Rayon basohorwa itararangira

09/09/2025
Urugamba muri Congo rwahinduye isura, u Burundi bwongera kugarakwaho

Urugamba muri Congo rwahinduye isura, u Burundi bwongera kugarakwaho

09/09/2025
Impamvu rutahizamu ngenderwaho w’Amavubi atagaragara mu mukino n’andi makuru avugwa mbere yawo

Impamvu rutahizamu ngenderwaho w’Amavubi atagaragara mu mukino n’andi makuru avugwa mbere yawo

09/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w’impunzi

Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w'impunzi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

FARDC yategetswe kwitandukanya vuba na bwangu n’umutwe umaze igihe uyifasha

AFC/M23 yashyize hanze urutonde rw’ibyaha ishinja ubutegetsi bwa Tshisekedi

Umunyamakuru Rugaju Reagan bwa mbere kuva yafungurwa yumvikanye kuri radio hahita hamenyekana iyo azakoraho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.