• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

NYAGATARE: umujyi uratera imbere ariko n’agaciro k’ibibanza kakiyongera

radiotv10by radiotv10
09/06/2021
in Uncategorized
0
NYAGATARE: umujyi  uratera imbere ariko n’agaciro k’ibibanza kakiyongera
Share on FacebookShare on Twitter

Mu bice by’imirenge itandukanye y’umujyi wa Nyagatare, byashyizwemo imihanda mishya. Ibi bikorwa muri gahunda yo guteza imbere uyu mujyi cyane ko ari umwe muri itandatu yahawe ipeti ryo kunganira kigali. Abatuye n’abakorera muri uyu mujyi, bavuga ko isura yawo yahindutse bagereranije n’uko wari umeze. Ibi babishingira ko urujya n’uruza rworohejwe n’iyi mihanda. Ariko nanone ngo hari abo biri kugiraho ingaruka.

Umwe mu baganiriye na RADIOTV10 ati” nibyo iyi mihanda itarakorwa imigenderanire n’ubuhahirane byari ikibazo,kuko n’abanyeshuli n’abarimu bazaga buzuye ibyondo “

Undi ati: “imihanda uko yubakwa ninako ibibanza bya hano I Nyagatare  bihenda bitagutma ababyubaka bataboneka ,twe ducuruza tugakikizwa n’ibigunda.”

Kuri iyi ngingo, ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare ntibuhakana iki ahaturage bafata nk’ikibazo. Gusa bo babibona nk’amahirwe kubaturage bafite ibibanza byegerejwe iyi mihanda.

David Claudian Mushabe, uyobora aka karere. Ati”kuba ibibanza bihenda nibyo kuko iterambere iyo rije n’agaciro kaho hantu kariyongera,abafite ibibanza ni inyungu zabo kuko bashobora kubigurisha,abadashaka kubigurisha tuzabahuza n’amabanki bakorane babone uko babyubakamo.”

Ubuyobozi bw’aka karere bushimangira ko mubyiciro 2 byatangiye muri 2016 _2021.kugeza bauzaba bamaze kubaka imihanda ingana n’ibilometero 18.1. Izi nyubako zizarangira zitwaye miliyarI 12.248  Frw. Kuri ubu ngo bari kwitegura icyiciro cya kabiri cy’uyu mushinga.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × five =

Previous Post

Kwibuka T20: Namibia na Kenya zakomeje umujyo w’itsinzi mbere yo kwihurira kuri uyu wa Gatatu

Next Post

Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w’impunzi

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w’impunzi

Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w'impunzi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.