Wednesday, December 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

NYAGATARE: umujyi uratera imbere ariko n’agaciro k’ibibanza kakiyongera

radiotv10by radiotv10
09/06/2021
in Uncategorized
0
NYAGATARE: umujyi  uratera imbere ariko n’agaciro k’ibibanza kakiyongera
Share on FacebookShare on Twitter

Mu bice by’imirenge itandukanye y’umujyi wa Nyagatare, byashyizwemo imihanda mishya. Ibi bikorwa muri gahunda yo guteza imbere uyu mujyi cyane ko ari umwe muri itandatu yahawe ipeti ryo kunganira kigali. Abatuye n’abakorera muri uyu mujyi, bavuga ko isura yawo yahindutse bagereranije n’uko wari umeze. Ibi babishingira ko urujya n’uruza rworohejwe n’iyi mihanda. Ariko nanone ngo hari abo biri kugiraho ingaruka.

Umwe mu baganiriye na RADIOTV10 ati” nibyo iyi mihanda itarakorwa imigenderanire n’ubuhahirane byari ikibazo,kuko n’abanyeshuli n’abarimu bazaga buzuye ibyondo “

Undi ati: “imihanda uko yubakwa ninako ibibanza bya hano I Nyagatare  bihenda bitagutma ababyubaka bataboneka ,twe ducuruza tugakikizwa n’ibigunda.”

Kuri iyi ngingo, ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare ntibuhakana iki ahaturage bafata nk’ikibazo. Gusa bo babibona nk’amahirwe kubaturage bafite ibibanza byegerejwe iyi mihanda.

David Claudian Mushabe, uyobora aka karere. Ati”kuba ibibanza bihenda nibyo kuko iterambere iyo rije n’agaciro kaho hantu kariyongera,abafite ibibanza ni inyungu zabo kuko bashobora kubigurisha,abadashaka kubigurisha tuzabahuza n’amabanki bakorane babone uko babyubakamo.”

Ubuyobozi bw’aka karere bushimangira ko mubyiciro 2 byatangiye muri 2016 _2021.kugeza bauzaba bamaze kubaka imihanda ingana n’ibilometero 18.1. Izi nyubako zizarangira zitwaye miliyarI 12.248  Frw. Kuri ubu ngo bari kwitegura icyiciro cya kabiri cy’uyu mushinga.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − 2 =

Previous Post

Kwibuka T20: Namibia na Kenya zakomeje umujyo w’itsinzi mbere yo kwihurira kuri uyu wa Gatatu

Next Post

Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w’impunzi

Related Posts

Behind Every Success, There’s a Woman

Behind Every Success, There’s a Woman

by radiotv10
02/12/2025
0

In every great achievement, every celebrated milestone, and every story of resilience, there is often someone whose name is rarely...

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

by radiotv10
19/11/2025
0

Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, hagaragaye umurambo w’umugabo w’imyaka 25 umanitse mu giti,...

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya Bugesera FC yahakanye amakuru yavugaga ko igiye gukina na Al Hilal, mu gihe iyi kipe yo yari yamaze...

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

IZIHERUKA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules
MU RWANDA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

24/12/2025
Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

24/12/2025
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

24/12/2025
Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

23/12/2025
Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

23/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w’impunzi

Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w'impunzi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.