Friday, July 4, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

PAC iranenga imikorere n’imitangire ya serivisi y’ikigo cya REG

radiotv10by radiotv10
13/09/2021
in MU RWANDA
0
PAC iranenga imikorere n’imitangire ya serivisi y’ikigo cya REG
Share on FacebookShare on Twitter

Komisiyo Ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’umutungo wa Leta inenga Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi (REG) kuba hari  ibibanza bya yo bigera kuri 426 biri hirya no hino mu gihugu 386 bitagira  ibyangombwa by’ubutaka bwabyo ndetse  amazu ahari yarangiritse bikomeye maze abadepite babasaba kubyihera abakene. Ubuyobozi bwa REG bwavuze ko muri aya mazu hari ari mu gishanga kandi ngo bagiye kuyasana.

Ingingo yagarutsweho cyane ni ukuba hari imitungo ibarwa mu bitabo bya REG ariko itabanditse yiganjemo amazu yubatse hirya no hino mu gihugu ibariwe hamwe irarenga 400 abadepite bagize PAC banenze bikomeye ukuntu REG yananiwe kwandikisha imitungo yabo kandi ngo n’umuturage ubwe adacikanwa ni kwandikisha isambu ye bityo basaba REG guha amazu abakene niba kuyabyaza umusaruro byarabananiye.

Umwe mu badepite yagize ati” Ese bu mwananiwe kwandikisha iyo mitungo?, Ese ko mbona inzu zamezemo ibyatsi…Mwanagezeyo? Ndibaza nti ko  umuturage amenya inzira acamo ngo abone ibyangombwa by’immitungo ye, REG nk’ikigo cya leta bananijwe n’iki kwandikisha imitungo yabo?..bahitemo izo nzu nziza z’amatafarari ahiye tuzihere abakene.

Undi yunze mu rye ati “Ese nyuma y’imyaka itatu musabwa kwikosora mukaba ntacyo muratwereka ubu mugiye kutwizeza iki? Mwafashe ngamba ki ?

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ysabye REG kwigobotora isindwe rya Electrogaz maze igakemura ibibazo byose ifite bimaze imyaka itatu.

Umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ibikorwaremezo Eng.Patricie Uwase wari kumwe n’abagize itsinda rya REG yasobanuye ko mu mitungo babwiwe ko bacunze nabi hari iri mu gishanga igiye gusenywa ariko bemera gukurikirana iyacunzwe nabi amazu akavugururwa

Ikindi cyanenzwe n’abadepite ni ukuba hari abakozi ba REG yishyuye amafaranga menshi ku yo bagombaga guhabwa angana na Million 16 z’amafaranga y’u Rwanda ndetse no kuba hari umushinga wa Gishoma wahombeje Leta miliyari 40.

Inkuru ya MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen − 15 =

Previous Post

Uwayezu François Régis wari umaze imyaka 3 ari umunyamabanga wa FERWAFA yeguye

Next Post

Abanyarwanda bakiranye ubwuzu isubukurwa ry’inteko z’abaturage zizabamururaho isiragizwa

Related Posts

Abacururiza mu isoko rya Kabarondo nyuma y’igihe barira ayo kwarika ubu barabyinira ku rukoma

Abacururiza mu isoko rya Kabarondo nyuma y’igihe barira ayo kwarika ubu barabyinira ku rukoma

by radiotv10
03/07/2025
0

Abacururiza mu isoko rya Kabarondo mu Karere ka Kayonza bari bamaze igihe bataka ibibazo uruhuri baterwaga n’aho bacururizaga, ubu bari...

Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

by radiotv10
03/07/2025
5

The National Identification Agency (NIDA) in Rwanda has announced plans to launch a new digital national ID that will include...

Bubakiwe isoko rishya rinagezweho ariko bamaze umwaka baricururizamo bafite amaganya

Bubakiwe isoko rishya rinagezweho ariko bamaze umwaka baricururizamo bafite amaganya

by radiotv10
03/07/2025
0

Abacururiza imbuto n’imboga mu isoko rya Kariyeri riherereye mu mjyi wa Musanze, bataka ibihombo bavuga ko baterwa n'uko bashyizwe mu...

Rubavu: Bashingiwe amapoto none imyaka ibaye ibiri bategereje amashanyarazi barahebye

Rubavu: Bashingiwe amapoto none imyaka ibaye ibiri bategereje amashanyarazi barahebye

by radiotv10
02/07/2025
0

Bamwe mu batuye mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Ruvavu, bavuga ko Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu REG cyabashingiye amapoto...

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

by radiotv10
01/07/2025
0

Bamwe mu bageze mu izabukuru bo mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi, bavuga ko amafaranga bari batangiye guhabwa...

IZIHERUKA

Abacururiza mu isoko rya Kabarondo nyuma y’igihe barira ayo kwarika ubu barabyinira ku rukoma
IMIBEREHO MYIZA

Abacururiza mu isoko rya Kabarondo nyuma y’igihe barira ayo kwarika ubu barabyinira ku rukoma

by radiotv10
03/07/2025
0

Baltasar wavuzweho cyane ku mbuga nkoranyambaga hamenyekanye icyemezo yafatiwe n’Urukiko

Baltasar wavuzweho cyane ku mbuga nkoranyambaga hamenyekanye icyemezo yafatiwe n’Urukiko

03/07/2025
AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo

AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo

03/07/2025
Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

03/07/2025
Perezida Trump yahaye Hamas inama z’icyatuma intambara yayo na Israel irangira burundu

Perezida Trump yahaye Hamas inama z’icyatuma intambara yayo na Israel irangira burundu

02/07/2025
Umukinnyi ukomoka muri America umaze iminsi atanga ibyishimo mu Rwanda yamaze kuba Umunyarwanda bidasubirwaho

Umukinnyi ukomoka muri America umaze iminsi atanga ibyishimo mu Rwanda yamaze kuba Umunyarwanda bidasubirwaho

02/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abanyarwanda bakiranye ubwuzu isubukurwa ry’inteko z’abaturage zizabamururaho isiragizwa

Abanyarwanda bakiranye ubwuzu isubukurwa ry’inteko z’abaturage zizabamururaho isiragizwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abacururiza mu isoko rya Kabarondo nyuma y’igihe barira ayo kwarika ubu barabyinira ku rukoma

Baltasar wavuzweho cyane ku mbuga nkoranyambaga hamenyekanye icyemezo yafatiwe n’Urukiko

AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.