Wednesday, May 6, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

radiotv10by radiotv10
06/05/2026
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ku butumire bwa mugenzi we Duma Gideon Boko, bazanagirana ibiganiro bigamije guteza imbere umubano n’imikoranire.

Umukuru w’u Rwanda, yageze muri Botswana kuri uyu wa Gatatu tariki 06, mu ruzinduko ruzageza kuri uyu wa Kane tariki 07 Gicurasi 2026.

Perezida Kagame agiye muri Botswana, asanga hamaze iminsi habera ibiganiro bihuza abayobozi b’impande zombi, bigamije kwagura imikoranire n’ubufatanye.

Ibi biganiro by’Inama ya Kabiri ya Komisiyo Ihoraho ihuriweho hagati ya Botswana n’u Rwanda igamije ubufatanye (JPCC/ Joint Permanent Commission on Cooperation), yabaye kuva ku ya 04 kugeza ku ya 05 Gicurasi 2026, byashimangiye ubufatanye buhamye kandi bushingiye ku musaruro hagati y’Ibihugu byombi.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa Botswana, Hon. Phenyo Butale, ni bo bayoboye ibi biganiro kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026.

Aba bakuriye dipolomasi z’Ibihugu byombi kandi banishimiye amasezerano y’ingenzi atandatu, ashyirwaho umukono kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Gicurasi, mu muhango uyoborwa n’abakuru b’Ibihugu byombi.

Amwe mu masezerano ategerejwe gusinywa, harimo ay’imigenderanire y’abatuye ibi Bihugu, aho byitezweho Guverinoma zabyo zikuraniraho visa, ku buryo ababituye bazarushaho kugenderanira.

Harasinywa kandi amasezerano ajyanye n’imikoranire mu by’ubucuruzi n’ishoramari, yitezweho korohereza abashoramari bo muri ibi Bihugu, gukorera mu buri Gihugu ku mpande zombi.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 − 9 =

Previous Post

Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

Related Posts

MTN RWANDA AND INFINIX LAUNCH SMART 20, EXPANDING ACCESS TO RELIABLE SMARTPHONES ACROSS THE COUNTRY

MTN RWANDA AND INFINIX LAUNCH SMART 20, EXPANDING ACCESS TO RELIABLE SMARTPHONES ACROSS THE COUNTRY

by radiotv10
06/05/2026
0

MTN Rwanda, in partnership with Infinix, has officially launched the SMART 20 smartphone, bringing a new level of performance, durability,...

Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

by radiotv10
06/05/2026
0

Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney, Komiseri muri Komisiyo y'Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima busanzwe Abari Abasirikare, yatangaje ko...

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

by radiotv10
06/05/2026
0

General Mubarakh Muganga ari Istanbul muri Türkiye ahari kubera imurika mpuzamahanga ry’intwaro, akaba yanaganiriye na migenzi we w’iki Gihugu General...

Umukozi w’Umurenge ukurikiranyweho kunyereza miliyoni 1,5Frw akoresheje amayeri ngo yashakaga gukemura akabazo

Umukozi w’Umurenge ukurikiranyweho kunyereza miliyoni 1,5Frw akoresheje amayeri ngo yashakaga gukemura akabazo

by radiotv10
06/05/2026
0

Umukozi ushinzwe ibururamari mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rumukurikiranyeho kunyereza...

The 4-3-2-1 Money Rule: A Simple Way to Take Control of Your Finances

The 4-3-2-1 Money Rule: A Simple Way to Take Control of Your Finances

by radiotv10
06/05/2026
0

Money comes in, and somehow, it disappears just as fast. For many young people today, managing finances feels like a...

IZIHERUKA

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri
MU RWANDA

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

by radiotv10
06/05/2026
0

Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

06/05/2026
MTN RWANDA AND INFINIX LAUNCH SMART 20, EXPANDING ACCESS TO RELIABLE SMARTPHONES ACROSS THE COUNTRY

MTN RWANDA AND INFINIX LAUNCH SMART 20, EXPANDING ACCESS TO RELIABLE SMARTPHONES ACROSS THE COUNTRY

06/05/2026
Polisi ya Uganda yafashe abarimo Abanya-Nigeria bakekwaho ibyaha bikomeye inafata intwaro n’imyambaro ya gisirikare

Polisi ya Uganda yafashe abarimo Abanya-Nigeria bakekwaho ibyaha bikomeye inafata intwaro n’imyambaro ya gisirikare

06/05/2026
Umunyeshuri utwite wo muri Kaminuza muri Uganda yapfukamishijwe imbere kubera kwiba telefone

Umunyeshuri utwite wo muri Kaminuza muri Uganda yapfukamishijwe imbere kubera kwiba telefone

06/05/2026
Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

06/05/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

MTN RWANDA AND INFINIX LAUNCH SMART 20, EXPANDING ACCESS TO RELIABLE SMARTPHONES ACROSS THE COUNTRY

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.