Friday, December 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yavuye muri Barbados anyura muri Senegal aganira na Macky Sall

radiotv10by radiotv10
18/04/2022
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yavuye muri Barbados anyura muri Senegal aganira na Macky Sall
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame wasoje uruzinduko yagiriraga mu birwa bya Caraïbes, yanyuze muri Senegal, aganira na mugenzi we w’iki Gihugu, Macky Sall.

Perezida Paul Kagame wagiriye uruzinduko mu bihugu bibiri byo mu Birwa bya Caraïbes birimo Jamaica na Barbados, yasoje uruzinduko rwe kuri iki Cyumweru.

Ubwo yavagayo yahitse anyura muri Senegal, yakirwa na mugenzi we Macky Sall ku Kibuga cy’Indege cya Gisirikare cya Yoff.

Nk’uko tubikesha ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Senegal, Perezida Kagame na Macky Sall baboneyeho umwanya wo kuganira ku butwererane bw’Ibihugu byabo.

Umukuru w’u Rwanda, Paul Kagame yaherukaga muri Senegal mu mezi abiri ashize kuko tariki 21 Gashyantare yari yagiye muri iki Gihugu ubwo yitabiraga umuhango wo gufungura ku mugaragaro Stade du Senegal yiritiwe Abdoulaye Wade wayoboye iki Gihugu.

Icyo gihe na bwo akigera muri Senegal, Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we Macky Sall

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Sénégal, aho biteganyijwe ko ari umwe mu banyacyubahiro bazitabira umuhango wo gutahanga ‘Stade du Sénégal’ izajya yakira imikino itandukanye irimo n’umupira w’amaguru.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Perezida Kagame yageze i Dakar kuri uyu wa Mbere tariki 21 Gashyantare 2022. Akigera muri iki gihugu yakiriwe na mugenzi we, Perezida Macky Sall.

Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we Macky Sall

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 + 5 =

Previous Post

Abanyarwanda barimo ibyamamare basabye Chameleone gukosora imvugo ipfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi

Next Post

Malaika wari Umu-Rayon byahamye yahinduye inzira ubu yambaye umukara n’umweru

Related Posts

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Abasirikare 21 065 mu Ngabo z’u Rwanda, bazamuwe mu mapeti, barimo 10 260 bahawe ipeti rya Sergeant bakuwe ku rya...

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

by radiotv10
12/12/2025
0

Umugabo wo mu Murenge wa Gakeshyi mu Karere ka Gakenke, yafatanywe ibilo 17 by’ikiyobyabwenge cy’urumogi na Litiro 14 za Kanyanga,...

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

by radiotv10
12/12/2025
0

Imodoka y’isuku n’umutekano y’Umurenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, yakoreye impanuka mu Murenge wa Kimisagara,...

Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Umugore w’imyaka 40 y’amavuko utuye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yafatanywe udupfunyika tw’urumogi...

Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Minisitiri w’Ibikorwa by'Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyaruguru, yasabye abashoramari gushora imari muri aka Karere,...

IZIHERUKA

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze
AMAHANGA

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

by radiotv10
12/12/2025
0

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

12/12/2025
Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

12/12/2025
Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

12/12/2025
Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

12/12/2025
Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Malaika wari Umu-Rayon byahamye yahinduye inzira ubu yambaye umukara n’umweru

Malaika wari Umu-Rayon byahamye yahinduye inzira ubu yambaye umukara n’umweru

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.