Wednesday, January 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yavuye muri Barbados anyura muri Senegal aganira na Macky Sall

radiotv10by radiotv10
18/04/2022
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yavuye muri Barbados anyura muri Senegal aganira na Macky Sall
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame wasoje uruzinduko yagiriraga mu birwa bya Caraïbes, yanyuze muri Senegal, aganira na mugenzi we w’iki Gihugu, Macky Sall.

Perezida Paul Kagame wagiriye uruzinduko mu bihugu bibiri byo mu Birwa bya Caraïbes birimo Jamaica na Barbados, yasoje uruzinduko rwe kuri iki Cyumweru.

Ubwo yavagayo yahitse anyura muri Senegal, yakirwa na mugenzi we Macky Sall ku Kibuga cy’Indege cya Gisirikare cya Yoff.

Nk’uko tubikesha ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Senegal, Perezida Kagame na Macky Sall baboneyeho umwanya wo kuganira ku butwererane bw’Ibihugu byabo.

Umukuru w’u Rwanda, Paul Kagame yaherukaga muri Senegal mu mezi abiri ashize kuko tariki 21 Gashyantare yari yagiye muri iki Gihugu ubwo yitabiraga umuhango wo gufungura ku mugaragaro Stade du Senegal yiritiwe Abdoulaye Wade wayoboye iki Gihugu.

Icyo gihe na bwo akigera muri Senegal, Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we Macky Sall

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Sénégal, aho biteganyijwe ko ari umwe mu banyacyubahiro bazitabira umuhango wo gutahanga ‘Stade du Sénégal’ izajya yakira imikino itandukanye irimo n’umupira w’amaguru.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Perezida Kagame yageze i Dakar kuri uyu wa Mbere tariki 21 Gashyantare 2022. Akigera muri iki gihugu yakiriwe na mugenzi we, Perezida Macky Sall.

Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we Macky Sall

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × one =

Previous Post

Abanyarwanda barimo ibyamamare basabye Chameleone gukosora imvugo ipfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi

Next Post

Malaika wari Umu-Rayon byahamye yahinduye inzira ubu yambaye umukara n’umweru

Related Posts

Simple steps you can follow to build real confidence

Simple steps you can follow to build real confidence

by radiotv10
28/01/2026
0

Confidence isn’t about being the loudest person in the room or having everything figured out. It’s about feeling comfortable with...

Uko u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kujyana mu Nkiko u Bwongereza n’icyo rushingiraho rubwishyuza Miliyari 100Frw

Uko u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kujyana mu Nkiko u Bwongereza n’icyo rushingiraho rubwishyuza Miliyari 100Frw

by radiotv10
28/01/2026
0

Guverinoma y’u Rwanda yasobanuye birambuye iby’ikirego yarezemo iy’u Bwongereza mu Rukiko Nkemurampaka, ku bijyanye no kutabahiriza amasezerano zombi zagiranye, ivuga...

Batunga agatoki ubuyobozi kubarutisha igikorwa cy’amajyambere

Batunga agatoki ubuyobozi kubarutisha igikorwa cy’amajyambere

by radiotv10
28/01/2026
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Karenge mu Karere ka Rwamagana, bavuga ko babuzwa n’ubuyobozi kubaka no kuvugurura inzu zabo,...

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

by radiotv10
27/01/2026
0

Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye, abarimo Prof. Dong-Sup Yoon usanzwe ari Perezida wa Yonsei University, Kaminuza yo muri...

Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

by radiotv10
27/01/2026
0

Guverinoma y’u Rwanda yamaze gutanga ikirego mu Rukiko Ruhoraho rushinzwe Ubukemurampaka, iregamo iy’u Bwongereza nyuma yo guhagarika amasezerano Ibihugu byombi...

IZIHERUKA

Simple steps you can follow to build real confidence
MU RWANDA

Simple steps you can follow to build real confidence

by radiotv10
28/01/2026
0

Uko u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kujyana mu Nkiko u Bwongereza n’icyo rushingiraho rubwishyuza Miliyari 100Frw

Uko u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kujyana mu Nkiko u Bwongereza n’icyo rushingiraho rubwishyuza Miliyari 100Frw

28/01/2026
Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

28/01/2026
Batunga agatoki ubuyobozi kubarutisha igikorwa cy’amajyambere

Batunga agatoki ubuyobozi kubarutisha igikorwa cy’amajyambere

28/01/2026
Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

27/01/2026
Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

28/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Malaika wari Umu-Rayon byahamye yahinduye inzira ubu yambaye umukara n’umweru

Malaika wari Umu-Rayon byahamye yahinduye inzira ubu yambaye umukara n’umweru

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Simple steps you can follow to build real confidence

Uko u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kujyana mu Nkiko u Bwongereza n’icyo rushingiraho rubwishyuza Miliyari 100Frw

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.