• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ruto yise Kenyatta boss we nubwo yamuteye umugongo anahishura icyo baganiriye

radiotv10by radiotv10
07/09/2022
in MU RWANDA
0
Ruto yise Kenyatta boss we nubwo yamuteye umugongo anahishura icyo baganiriye
Share on FacebookShare on Twitter

William Ruto watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu, yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefone n’uwo yari abereye Visi Perezida Uhuru Kenyatta, amwita boss we, anavuga icyo bavuganye.

Mu butumwa yanyuije kuri Twitter kuri uyu wa Gatatu tariki 07 Nzeri 2022, William Ruto yagize ati “Nagiranye ikiganiro na boss wanye, Perezida Uhuru Kenyatta. Twaganiriye ku matora aherutse kuba ndetse no guhererekanya ubutegetsi nk’ikimenyetso cy’umuco wacu wa Demokarasi.”

William Ruto yatangaje ibi nyuma y’umunsi umwe Urukiko rw’Ikirenga rwemeje ko ari we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ubwo rwatangaga umwanzuro ku kirego cyatanzwe na Raila Odinga wari warwiyambaje avuga ko yibwe muri aya matora.

Perezida Uhuru Kenyatta uri gusoza manda ze, yari azwiho kuba inkoramutima ikomeye ya William Ruto wamubereye Visi Perezida muri manda zombi uko ari ebyiri, gusa byaje guhinduka ubwo yazaga kumugaragaza nk’umuntu udashoboye ndetse ubwo amatora yari yagereje, akerura ko ashyigikiye Odinga.

Ubwo Urukiko rw’Ikirenga rwari rumaze kwemeza ko William Ruto ari we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu, Perezida Uhuru Kenyatta yatangaje ko agomba kubaha iki cyemezo cy’Urukiko kandi ko yiteguye guhererekanya ubutegetsi n’uwatsinze mu mahoro.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eight − 4 =

Previous Post

Poland: Umuyobozi Wungirije wa Polisi y’u Rwanda yitabiye imurika riri kumurikirwamo n’imbunda

Next Post

Uganda: Igitaramo kivugwaho gukongeza ubusambanyi n’ubutinganyi hamenyekanye icyatumye kidahagarikwa nkuko byifuzwaga

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Uganda: Igitaramo kivugwaho gukongeza ubusambanyi n’ubutinganyi hamenyekanye icyatumye kidahagarikwa nkuko byifuzwaga

Uganda: Igitaramo kivugwaho gukongeza ubusambanyi n’ubutinganyi hamenyekanye icyatumye kidahagarikwa nkuko byifuzwaga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.