Tuesday, February 3, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Rwamukwaya wamaze imyaka 30 mu mwuga w’itangazamakuru wanakoreye RBA yitabye Imana

radiotv10by radiotv10
03/02/2026
in MU RWANDA
0
Rwamukwaya wamaze imyaka 30 mu mwuga w’itangazamakuru wanakoreye RBA yitabye Imana
Share on FacebookShare on Twitter

Valens Rwamukwaya wamaze imyaka 38 mu mwuga w’itangazamakuru, irimo 28 yakoreye ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru RBA nk’umukozi ufata amashusho, yitabye Imana.

Amakuru y’itabaruka rya Rwamukwaya wamaze imyaka irenga 26 akorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, yatangiye kuvugwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Gashyantare 2026, na bamwe mu bo bakoranye muri RBA.

Umwe mu bo bakoranye mu Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, yavuze ko Rwamukwaya yitabye Imana azize uburwayi.

Umwana wa nyakwigendera, Lyse Jennifer Muhorakeye yemeje ko umubyeyi we yatabarutse, ariko ntiyagira amakuru menshi avuga ku rupfu rwe.

Rwamukwaya yari yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru muri Kamena 2020, asezerwaho n’ubuyobozi bwa RBA yari amaze imyaka 26 akorera.

Nyakwigendera wavutse mu 1956, yatangiye umwuga w’Itangazamakuru mu 1982, awutangiriye mu Gihugu cy’u Burundi, aho yari yarahunganye n’ababyeyi be.

Mu 1994 ubwo yagarukaga mu Rwanda, yagiye gukorera icyahoze ari ORINFOR cyaje kuvamo RBA, kuva icyo gihe yakoreye iki Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru kugeza muri 2020 ubwo yajyaga mu kiruhuko cy’izabukuru.

Umwuga w’itangazamakuru ryo gufata amashusho yawumazemo igihe kinini
Muri 2020 yari yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru
Yari yashimiwe n’ubuyobozi bw’iki Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 − three =

Previous Post

Abatoza bose ba Etincelles FC bahagaritswe

Related Posts

Ruhango: Yabanje gukubita ifuni umugore we arangije yica umwana we na we ariyahura

Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga

by radiotv10
03/02/2026
0

Mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango, haravugwa impfu z’abantu batatu barimo umugabo n’umugore we, bitabye Imana nyuma yo...

Ibyo abarimu bakwiye kugendera kure byabangamira iterambere n’imikurire y’umwana

Ibyo abarimu bakwiye kugendera kure byabangamira iterambere n’imikurire y’umwana

by radiotv10
03/02/2026
0

Abarimu bigisha mu mshuri y’incuke  barasabwa  kwitondera no kugenzura ikoranabuhanga bifashisha mu kwigisha abana bato kuko iyo rikoreshwejwe nabi,  bigira...

Nyamasheke: Umugore uherutse guteguzwa kugirirwa nabi n’uwo bapfaga umugabo yishwe ashinyaguriwe

Nyamasheke: Umugore uherutse guteguzwa kugirirwa nabi n’uwo bapfaga umugabo yishwe ashinyaguriwe

by radiotv10
03/02/2026
0

Nzabamwita Foromina wo mu kagari ka Mpumbu mu murenge wa Bushekeri uherutse kubwirwa n’uwo abereye nyina wabo  bapfaga umugabo ko ukwezi...

Rusizi: Umugabo aravugwaho gutinga mugenzi we ufite uburwayi bwo mu mutwe umugore watambukaga akamumukuraho

Rusizi: Umugabo aravugwaho gutinga mugenzi we ufite uburwayi bwo mu mutwe umugore watambukaga akamumukuraho

by radiotv10
03/02/2026
0

Ngendahimana Jacques wo mu kagari ka Kamanu mu murenge wa Nyakabuye aravugwaho kwihererana umusore w’imyaka 25 ufite uburwayi bwo mu...

Rusizi: Old mutual iravugwaho amananiza yatumye uwagonzwe n’imodoka yishingiye ahera ku kirago

Rusizi: Old mutual iravugwaho amananiza yatumye uwagonzwe n’imodoka yishingiye ahera ku kirago

by radiotv10
02/02/2026
0

Nyuma y’uko hashize imyaka 2 hari umwana wo mu murenge wa Muganza waheze mu buriri bitewe no kugongwa n’imodoka ya...

IZIHERUKA

Rwamukwaya wamaze imyaka 30 mu mwuga w’itangazamakuru wanakoreye RBA yitabye Imana
MU RWANDA

Rwamukwaya wamaze imyaka 30 mu mwuga w’itangazamakuru wanakoreye RBA yitabye Imana

by radiotv10
03/02/2026
0

Abatoza bose ba Etincelles FC bahagaritswe

Abatoza bose ba Etincelles FC bahagaritswe

03/02/2026
Ruhango: Yabanje gukubita ifuni umugore we arangije yica umwana we na we ariyahura

Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga

03/02/2026
MONUSCO tasked with deploying troops to Uvira under a newly signed agreement

MONUSCO tasked with deploying troops to Uvira under a newly signed agreement

03/02/2026
Ibyo abarimu bakwiye kugendera kure byabangamira iterambere n’imikurire y’umwana

Ibyo abarimu bakwiye kugendera kure byabangamira iterambere n’imikurire y’umwana

03/02/2026
Nyamasheke: Umugore uherutse guteguzwa kugirirwa nabi n’uwo bapfaga umugabo yishwe ashinyaguriwe

Nyamasheke: Umugore uherutse guteguzwa kugirirwa nabi n’uwo bapfaga umugabo yishwe ashinyaguriwe

03/02/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rwamukwaya wamaze imyaka 30 mu mwuga w’itangazamakuru wanakoreye RBA yitabye Imana

Abatoza bose ba Etincelles FC bahagaritswe

Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.