Mugunga Yves wa APR FC yavunikiye mu myitozo
Rutahizamu wa APR FC, Mugunga Yves yavunikiye mu myitozo ya yanyuma bakoze ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 17 Nzeri 2022, ubwo biteguraga guhura na US Monastir yo muri ...
Rutahizamu wa APR FC, Mugunga Yves yavunikiye mu myitozo ya yanyuma bakoze ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 17 Nzeri 2022, ubwo biteguraga guhura na US Monastir yo muri ...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryaratangaje ko Minsiteri ya Siporo yemereye amakipe yakirira imikino kuri Stade Umuganda kuhakinira. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ryabitangaje ku gicamunci cyo kuri uyu wa Kane ...
Mu Ijoro ryakeye nyuma yo gutsindwa na Uganda mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2022, benshi bahise basabira uyu mutoza kubera umusaruro we kwegura, ariko atangaza ko nta mpamvu n’imwe ...
Mu gitondo cy’uyu wa gatandatu tariki ya 2 Ukwakira 2021 nibwo ubushakashatsi bwa Radio&Tv10 bwageze ku mafoto y’ubukwe bwa Nsengimana Dominique urambye mu izamu rya Etincelles FC. Nsengimana Dominique umwe ...
Emmanuel Anold Okwi kapiteni w’ikipe y’gihugu ya Uganda ntari mu bakinnyi 32 umutoza Milutin Micho yashyize ku rutonde rwo gukora imyiteguro ya nyuma y’umukino bazahuramo n’u Rwanda tariki ya 7 ...
Uwayezu François Régis wari umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa Uwayezu yandikiye ubuyobozi bukuru bwa FERWAFA ...
Guhera kuri uyu wa mbere tariki 13-22 Nzeri 2021, abatoza barimo Seninga Innocent na Jimmy Mulisa bazaba bari mu mahugurwa akomeye yo kujya ku rwego rwo kuba bahugura abandi batoza ...
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryishyuye Jerôme Dufourg ibihumbi 119 by'amadolari ya Amerika (119,000 USD) bibanje kwemezwa n'inkiko. Nk'uko byatangajwe na The New Times, Dufourg yari ashinzwe amasoko mu ...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze kwemeza ko Habimana Sosthène ariwe wagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 23 izakina imikino ya CECAFA y’iki cyiciro kuva tariki ya ...