Byaba ari icyasha kwemerera Koffi gutaramira mu Rwanda- Barasaba ko igitaramo cya K.Olomide gihagarikwa
Bamwe mu baharanira uburenganzira bw’abari n’abategarugori mu Rwanda, barasaba ko Leta ihagarika igitaramo cy’umuhanzi w’Ikirangirire Koffi Olomide kubera ibyo avugwaho ...