• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Friday, July 3, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

TANZANIA: Abakobwa babyaye bemerewe gusubira mu ishuri

radiotv10by radiotv10
23/06/2021
in MU RWANDA
0
TANZANIA: Abakobwa babyaye bemerewe gusubira mu ishuri
Share on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’uburezi muri Tanzania yatangaje ko nyuma y’imyaka ine abakobwa babyaye batemererwa kwiga, ubu noneho bagiye gusubizwa ubwo burenganzira.

Mu mwaka wa 2017 nibwo uwari perezida wa Tanzania John Pombe  Magufuli  yaciye iteka ko nta mukobwa utwite n’uwabyaye akiri umunyeshuri ugomba gukomeza amasomo, ahubwo ahita yirukanwa burundu.

Ibyo byatumye Banki y’isi ihita ihagarika inguzanyo ya milliyoni 500 z’amadorali yageneraga urwego rw’uburezi muri iki gihugu ikavuga ko iri tegeko rihonyora uburenganzira bwa muntu.

Kera kabaye ariko Minisiteri y’uburezi yavuze ko nyuma y’ibiganiro imaze iminsi igirana na Banki y’isi, noneho abangavu batewe inda bagiye kwemererwa kujya biga mu mashuri y’abakuze, gusa ngo icyemezo cyo kwirukana mu mashuri abatewe inda n’ababyaye bakiga yo iragumaho.

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 − 3 =

Previous Post

RUHANGO: Barasaba ko ikiraro gikorwa kikoroshya ubuhahirane

Next Post

UBUTABERA : Sankara yahakanye ibyaha bibiri muri 17 akurikiranyweho

Related Posts

Kigali: Uko byagenze ngo bafatane mu mashati nyuma yo gusangira inzoga

Kigali: Uko byagenze ngo bafatane mu mashati nyuma yo gusangira inzoga

by radiotv10
03/07/2026
0

Mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, umusore yakubiswe na bagenzi be bari bamaze gusangira...

Hagaragajwe impungenge zikomeye ku biri gukorerwa abanyamakuru mu Rwanda

Hagaragajwe impungenge zikomeye ku biri gukorerwa abanyamakuru mu Rwanda

by radiotv10
03/07/2026
0

Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda ARJ ryagaragaje impungenge “zikomeye” rifite ku kwibasirwa, gukorerwa bamwe mu banyamakuru bikorwa mu mvugo za bamwe...

Perezida wa Mozambique yasuye ingabo z’u Rwanda i Cabo Delgado azishimira akazi gakomeye zakoze

Perezida wa Mozambique yasuye ingabo z’u Rwanda i Cabo Delgado azishimira akazi gakomeye zakoze

by radiotv10
03/07/2026
0

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo yasuye Inzego z'Umutekano z'u Rwanda ziri mu butumwa mu Ntara ya Cabo Delgado, azishimira...

Amashimwe bafitiye ishuri ritagira ifaranga na rimwe ryishyuza umwana wese uryigamo

Amashimwe bafitiye ishuri ritagira ifaranga na rimwe ryishyuza umwana wese uryigamo

by radiotv10
02/07/2026
0

Bamwe mu batuye mu Karere ka Nyanza, bashima ishuri ritagira ikintu na kimwe ryishyuza abana baryigamo, aho ryakira abari baracikirije...

Umugabo wamaze imyaka 15 afungiye Jenoside ubu akurikiranyweho kwica umugore we

Ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yafatiwe mu Budage

by radiotv10
02/07/2026
0

Ubushinjacyaha bw’u Budage bwataye muri yombi Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bw’iki Gihugu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho akekwaho...

Next Post
UBUTABERA : Sankara yahakanye ibyaha bibiri muri 17 akurikiranyweho

UBUTABERA : Sankara yahakanye ibyaha bibiri muri 17 akurikiranyweho

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abanyamakuru babiri bazwi mu biganiro bya siporo mu Rwanda Hit na Ida bagiye gukora ubukwe

Kigali: Uko byagenze ngo bafatane mu mashati nyuma yo gusangira inzoga

Hagaragajwe impungenge zikomeye ku biri gukorerwa abanyamakuru mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.