• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Wednesday, June 3, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Trump yemeje ko yise Netanyahu izina ryumvikana nk’igitutsi anavuga icyabimuteye

radiotv10by radiotv10
03/06/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Trump yemeje ko yise Netanyahu izina ryumvikana nk’igitutsi anavuga icyabimuteye
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za America, yemeje ko yise ijambo ryumvikana nk’igitutsi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, kubera uburakari yatewe n’imyitwarire ye mu makimbirane ari hagati y’Igihugu cye na Hezbollah.

Donald Trump yemeje ko yise Netanyahu ‘fucking crazy’ [cyangwa umurwayi wo mu mutwe] mu kiganiro bagiranye kuri telefone ku wa Mbere w’iki cyumweru.

Ubwo yaganiraga na Pod Force One, Trump yemeje ko yakoresheje iyi mvugo. Ati “Ariko ntabwo nagombaga kubivuga, sinavuga ko nari ndakaye, ariko nari ntewe impungenge n’urugamba ari kurwana muri Lebanon.”

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Trump yavuze ko asanzwe akunda Benjamin Netanyahu. Ati “tugirana imikoranire y’intangarugero.”

Iyi mvugo yafashwe nko kuba Trump yarasuzuguye Minisitiri w’Intebe wa Israel, Netanyahu, yatangajwe bwa mbere ku wa Mbere n’ikinyamakuru Axios cyo muri America, ariko ubutegetsi bwa Israel bwo bwari bwabanje guhakana ko ibi byabaye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 + 2 =

Previous Post

Hagati ya America na Iran byongeye gukomera

Related Posts

Hagati ya America na Iran byongeye gukomera

Hagati ya America na Iran byongeye gukomera

by radiotv10
03/06/2026
0

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za America cyatangaje ko cyagabye ibitero cyise ibyo kwirwanaho ku bikorwa bya Iran mu ijoro...

Abasirikare babiri bo hejuru muri M23 na FDLR bafatiwe ibihano na America

Abasirikare babiri bo hejuru muri M23 na FDLR bafatiwe ibihano na America

by radiotv10
03/06/2026
0

Leta Zunze Ubumwe za America zafatiye ibihano John Imani Nzenze ukuriye ubutasi bwa gisirikare muri M23, na Gustave Kubwayo ubukuriye...

Uko i Kinshasa muri Congo haramutse ku munsi w’imyigaragambyo idasanzwe yiswe ‘Ville Morte’

Uko i Kinshasa muri Congo haramutse ku munsi w’imyigaragambyo idasanzwe yiswe ‘Ville Morte’

by radiotv10
03/06/2026
0

I Kinshasa mu Murwa Mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haramutse umwuka w'igabanuka rikabije ry'urujya n'uruza ku munsi w'imyigaragambyo...

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

by radiotv10
02/06/2026
0

Ikibumbano cy’umukinnyi w’umupira w'amaguru, Lionel Messi cyari mu Buhindi, cyasenywe gikurwaho nyuma yuko abaturage bagize ikikango ko gishobora kuzahanuka kuko...

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

by radiotv10
02/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 buravuga ko ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DRC, byafashe intera, kandi ko igihe kigeze ngo abarwanyi baryo...

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Trump yemeje ko yise Netanyahu izina ryumvikana nk’igitutsi anavuga icyabimuteye

Hagati ya America na Iran byongeye gukomera

Abaturiye akabari kitiriwe CHOGM ko muri Kigali bavuze uruhuri rw’ibyo bakanenga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.