• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

U Bufaransa bwaciye urubuga rwa Google amayero miliyoni 500

radiotv10by radiotv10
13/07/2021
in MU RWANDA
0
U Bufaransa bwaciye urubuga rwa Google amayero miliyoni 500
Share on FacebookShare on Twitter

Inkuru ya RFI ivuga ko urwego ngenzuramikorere mu Bufaransa rwamaze guca amande abashinzwe urubuga rwa Google bitewe no kutubahiriza amasezerano rufitanye n’abakora itangazamakuru muri iki gihugu.

Amasezerano ibi bitangazamakuru bisanzwe bifitanye n’uru rubuga arimo kwishyura amafaranga hakurikijwe inkuru zifashishijwe mu gukorwa cyangwa gusomwa binyuze kuri uru rubuga ariko rukaba rutarishyuye ibitangazamakuru bituma urwego ngenzuramikorere muri iki kigo rushyiraho amande ya miliyoni 500 y’amayero, aya akaba arenga miriyari 500 z’amanyarwanda.

Uru rubuga kandi rwahawe igihe kitarenze amezi abiri cyo kuba rwamaze gutanga aya mande no  kubahiriza amasezerano rufitanye n’ibitangazamakuru.

Inkuru ya Kubwimana Vedaste/RadioTV10Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × two =

Previous Post

Kicukiro : Motel bari bayihinduye akabari basanzemo batatu banduye COVID-19

Next Post

Urubyiruko ruhamya ko ingingo y’uburambe iruhejeje mu bushomeri

Related Posts

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Next Post
Urubyiruko ruhamya ko ingingo y’uburambe iruhejeje mu bushomeri

Urubyiruko ruhamya ko ingingo y’uburambe iruhejeje mu bushomeri

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.