Friday, December 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

UBUZIMA : Hari abanyarwanda babyinira ku rukoma nyuma yo kumva ko hari serivisi yo kubagisha inda n’amabere mu Rwanda

radiotv10by radiotv10
23/06/2021
in MU RWANDA
0
UBUZIMA : Hari abanyarwanda babyinira ku rukoma nyuma yo kumva ko hari serivisi yo kubagisha inda n’amabere mu Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Ni ubuvuzi  ubusanzwe bwakorwaga  mu buryo bwa magendu bitewe n’uko hari abakeneraga kwiyongeresha cyangwa kwigabanyirisha bimwe mu bice byabo by’umubiri, ariko bakaba ntaho babona iyo servisi ikorwa mu buryo bwemewe mu gihugu.

Bamwe mu baturage biganjemo abagore n’abakobwa baganiriye na RADIOTV10 mu mujyi wa Kigali  bavuga ko  bije nk’igisubizo cy’abahoraga baterwa ipfunwe n’uko ibice bimwe by’umubiri wabo biteye, kandi ngo bibaye nta ngaruka benshi baba bashyizwe igorora.

Uwimana Jeanne yagize ati”  Njyewe bibaye nta ngaruka byagira ,nagenda bakangabanyiriza iyi nda kuko irambangamiye cyane.”

Naho uwitwa Mukeshimana Beatha we yavuze ko  ashaka ko bamwongerera ikibuno cyangwa se amabere.

Ati” Kuba ntagira ikibuno kinini mba numva binteye isoni, ariko niba bidahenze njye nzajyayo rwose bamfashe.”

Prof. Faustin Ntirenganya inzobere  mu bijyanye no kubaga ndetse no gukosora bimwe mu bice by’umubiri  mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUK, avuga ko kugeza ubona hari igice cye gifite inenge cyangwa kiremye uko atabyishimiye ,abagana bakamufasha kubikosora kandi ngo nta ngaruka bigira ku bikoze .

Image

Umuntu ufite ibice by’umubiri atishimiye barabitunganya agashira ipfunwe

Ati” Kugeza uyu munsi,umuntu ufite ikibazo cy’imiterere y’igice cy’umubiri we, nk’ubushye,ibibari n’ahandi wenda hatameze neza nk’uko abishaka yewe n’ugamije ubwiza, araza tukabikosora “.

N’ubwo hari abacyumva ko ntawatinyuka gukandagira imbere ya dogiteri ngo ariyongeresha cg aragabanya kimwe mu bice bigize umubiri we, hari n’abemeza ko iyi nzira izayobokwa n’abatari bake,cyane ko hari n’abaherutse gukwirakwizwa ku mbugankoranyambaga baguwe gitumo barikwiyongeresha ibibuno ariko mu buryo bwa magendu.

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × three =

Previous Post

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Col. Pascal Muhizi amugira Brig. General

Next Post

DR Congo : Abarwanyi 130 barimo aba FDLR bishyikirije Ingabo z’igihugu

Related Posts

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Abasirikare 21 065 mu Ngabo z’u Rwanda, bazamuwe mu mapeti, barimo 10 260 bahawe ipeti rya Sergeant bakuwe ku rya...

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

by radiotv10
12/12/2025
0

Umugabo wo mu Murenge wa Gakeshyi mu Karere ka Gakenke, yafatanywe ibilo 17 by’ikiyobyabwenge cy’urumogi na Litiro 14 za Kanyanga,...

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

by radiotv10
12/12/2025
0

Imodoka y’isuku n’umutekano y’Umurenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, yakoreye impanuka mu Murenge wa Kimisagara,...

Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

Kigali: Umugore yafatanywe urumogi rwinshi yari yarahishe mu mayeri adasanzwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Umugore w’imyaka 40 y’amavuko utuye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yafatanywe udupfunyika tw’urumogi...

Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

Minisitiri Maj.Gen.(Rtd) Murasira yeretse abashoramari uko Nyaruguru abereye imboni yababera amahirwe

by radiotv10
12/12/2025
0

Minisitiri w’Ibikorwa by'Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyaruguru, yasabye abashoramari gushora imari muri aka Karere,...

IZIHERUKA

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye
IBYAMAMARE

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

by radiotv10
12/12/2025
0

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

12/12/2025
Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

12/12/2025
Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

12/12/2025
Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

12/12/2025
Hahishuwe uko u Burundi buri kwitwara ku basirikare babwo bari gupfa umusubirizo muri Congo

AFC/M23 yashyize hanze imyitwarire iteye impungenge ya bamwe mu basirikare b’u Burundi nyuma yo kubatsinda

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
DR Congo : Abarwanyi 130 barimo aba FDLR bishyikirije Ingabo z’igihugu

DR Congo : Abarwanyi 130 barimo aba FDLR bishyikirije Ingabo z'igihugu

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.