Saturday, November 8, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda

radiotv10by radiotv10
22/02/2022
in MU RWANDA
0
Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Kompanyi ya Techno Market Printing House imaze kubaka izina muri serivisi z’icapiro (Printing) ikaba ari n’umuterankunga w’irushanwa rya Tour du Rwanda riri kuzenguruka mu bice binyuranye mu Rwanda, ikuzaniye inkuru nziza, aho ubu ibiciro byo gucapisha byagabanyijweho 10%.

Yaba abari kurebera irushanwa rya Tour du Rwanda kuri televiziyo no ku mbuga nkoranyambaga cyanagwa abajya kurirebera aho rihagurukira n’aho risorezwa, bari kubona ibyiza bihatatse, byaba ibyapa biri ku mihanda, banner zihamanitse ndetse n’ibindi birango byose bihari.

Ibi byose binogeye ijisho bishimisha buri wese ubibonye, nta handi byacapiwe atari muri Techno Market Printing House imaze kubaka izina mu gutanga serivisi z’icapiro.

Techno Market Printing House inamaze imyaka itatu ari umufatanyabikorwa wa Tour du Rwanda, ubu yazanye agashya kuko yagabanyije ibiciro byagabanyijweho 10% kuri serivisi zose nka printing, branding, finishing na graphic design.

Abakeneye ibikoresho byamamaza n’abifuza gutambutsa ubutumwa bifashishije ibirango binyuranye birimo ibyapa, banners [Pull up banner na Event Banner], tear drops, n’ibishushanyije ku bikoresho nk’imitaka, amacupa, ingofero ndetse n’ibindi, nimugane Techno Market Printing House.

Kugerayo nta mayobera, ikorera mu nyubako ya T2000 iherereye mu Mujyi rwagati, mu muryango w’107, cyangwa  mukabahamagara kuri 0788158800, ubundi ukakiranwa ubwuzu kuko muri Techno Market Printing House, umukiliya ni umwami.

Waba wifuza gusohora (Printing) inyandiko imwe cyangwa nyinshi, ntugire impungenge, gana Techno Market Printing House ubundi babigukorera mu mwanya nk’uwo guhumbya.

Techno Market Printing House yakoze ibirango byose biri muri Tour du Rwanda, ubu iri no guherekeza iri rushanwa aho riri kwerecyeza hose aho iri kumwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Ndimbati na Kibonke bamaze kubaka izina muri sinema nyarwanda.

Nubona ibi byamamare ahari kubera iri rushanwa, ntugire impungenge zo kubyegera, begere ubabaze amakuru, barakuramukanya yombi ubundi banagusobanurire kuri serivisi za Techno Market Printing House.

Techno Market Printing House ni umufatanyabikorwa muri Tour du Rwanda
Ndimbati na Kibonke begere bagusobanurire ibyo dukora munaganire
Aho Tour du Rwanda yerecyeza hose barahari
Urakiranwa ubwuzu
Ibirango byose biri muri Tour du Rwanda byakozwe na Techno Market Printing House
N’uyu munsi i Rubavu barahari

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 − two =

Previous Post

Uwayobora Gereza ya Mageragere wakatiwe imyaka 5 yagarutse mu rukiko arusaba ikintu gikomeye

Next Post

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Related Posts

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri

by radiotv10
08/11/2025
0

Umwarimukazi wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kibare I rwo mu Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma, wafashwe yahishe akadishi...

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

by radiotv10
08/11/2025
0

Nteziryimana Alfred w’imyaka 70 wari utuye mu mudugudu wa Rwahi mu kagari ka Gatsiro mu murenge wa Gihundwe yasanzwe mu...

Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

by radiotv10
08/11/2025
0

Bamwe mu batuye mu Mirenge ya Muyira na Kigoma mu karere ka Nyanza bavuga ko hashize umwaka urenga babariwe agaciro...

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

by radiotv10
07/11/2025
0

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye, yifashishije ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamuhamagaye kuri telefone saa cyenda z’ijoro, yavuze...

Ngoma: Inyubako z’Akarere bakoreramo ngo na bo ubwabo zibatera isoni

Ngoma: Inyubako z’Akarere bakoreramo ngo na bo ubwabo zibatera isoni

by radiotv10
07/11/2025
0

Abafite ibikorwa by’ubucuruzi mu Murenge wa Kibungo bakorera mu nzu z’Akarere kabo ka Ngoma, bavuga ko zisa nabi, ku buryo...

IZIHERUKA

Five lifestyle habits every young woman in Kigali should adopt for 2026
IMYIDAGADURO

Five lifestyle habits every young woman in Kigali should adopt for 2026

by radiotv10
08/11/2025
0

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri

08/11/2025
Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

08/11/2025
Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

08/11/2025
Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

07/11/2025
Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

07/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Five lifestyle habits every young woman in Kigali should adopt for 2026

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.