Wednesday, September 17, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda

radiotv10by radiotv10
22/02/2022
in MU RWANDA
0
Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Kompanyi ya Techno Market Printing House imaze kubaka izina muri serivisi z’icapiro (Printing) ikaba ari n’umuterankunga w’irushanwa rya Tour du Rwanda riri kuzenguruka mu bice binyuranye mu Rwanda, ikuzaniye inkuru nziza, aho ubu ibiciro byo gucapisha byagabanyijweho 10%.

Yaba abari kurebera irushanwa rya Tour du Rwanda kuri televiziyo no ku mbuga nkoranyambaga cyanagwa abajya kurirebera aho rihagurukira n’aho risorezwa, bari kubona ibyiza bihatatse, byaba ibyapa biri ku mihanda, banner zihamanitse ndetse n’ibindi birango byose bihari.

Ibi byose binogeye ijisho bishimisha buri wese ubibonye, nta handi byacapiwe atari muri Techno Market Printing House imaze kubaka izina mu gutanga serivisi z’icapiro.

Techno Market Printing House inamaze imyaka itatu ari umufatanyabikorwa wa Tour du Rwanda, ubu yazanye agashya kuko yagabanyije ibiciro byagabanyijweho 10% kuri serivisi zose nka printing, branding, finishing na graphic design.

Abakeneye ibikoresho byamamaza n’abifuza gutambutsa ubutumwa bifashishije ibirango binyuranye birimo ibyapa, banners [Pull up banner na Event Banner], tear drops, n’ibishushanyije ku bikoresho nk’imitaka, amacupa, ingofero ndetse n’ibindi, nimugane Techno Market Printing House.

Kugerayo nta mayobera, ikorera mu nyubako ya T2000 iherereye mu Mujyi rwagati, mu muryango w’107, cyangwa  mukabahamagara kuri 0788158800, ubundi ukakiranwa ubwuzu kuko muri Techno Market Printing House, umukiliya ni umwami.

Waba wifuza gusohora (Printing) inyandiko imwe cyangwa nyinshi, ntugire impungenge, gana Techno Market Printing House ubundi babigukorera mu mwanya nk’uwo guhumbya.

Techno Market Printing House yakoze ibirango byose biri muri Tour du Rwanda, ubu iri no guherekeza iri rushanwa aho riri kwerecyeza hose aho iri kumwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Ndimbati na Kibonke bamaze kubaka izina muri sinema nyarwanda.

Nubona ibi byamamare ahari kubera iri rushanwa, ntugire impungenge zo kubyegera, begere ubabaze amakuru, barakuramukanya yombi ubundi banagusobanurire kuri serivisi za Techno Market Printing House.

Techno Market Printing House ni umufatanyabikorwa muri Tour du Rwanda
Ndimbati na Kibonke begere bagusobanurire ibyo dukora munaganire
Aho Tour du Rwanda yerecyeza hose barahari
Urakiranwa ubwuzu
Ibirango byose biri muri Tour du Rwanda byakozwe na Techno Market Printing House
N’uyu munsi i Rubavu barahari

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × three =

Previous Post

Uwayobora Gereza ya Mageragere wakatiwe imyaka 5 yagarutse mu rukiko arusaba ikintu gikomeye

Next Post

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Related Posts

Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho

Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho

by radiotv10
17/09/2025
0

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko indege nto yazo yo mu bwoko bwa drone yakoreshwaga mu myitozo, yataye inzira...

U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar

U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar

by radiotv10
16/09/2025
0

Mu Nteko y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Uburengenazira bwa Muntu; yateranye mu buryo bw’igitaraganya, uhagarariye u Rwanda yavuze ko iki Gihugu...

Amakuru mashya: Icyo amashuri yose yo muri Kigali asabwa mu cyumweru cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

Amakuru mashya: Icyo amashuri yose yo muri Kigali asabwa mu cyumweru cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

by radiotv10
16/09/2025
0

Amashuri yose yo mu Mujyi wa Kigali; guhera ku y’incuke kugeza ku makuru na za kaminuza, yibukijwe ko mu cyumweru...

Igikekwa nyuma yuko habonetse umurambo w’umuntu mu Mujyi wa Kigali

Igikekwa nyuma yuko habonetse umurambo w’umuntu mu Mujyi wa Kigali

by radiotv10
16/09/2025
0

Umurambo w’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 35, wasanzwe muri ruhurura iri mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarungege mu...

Abaturiye ikiraro giteye impungenge bagaragaje icyo basaba

Abaturiye ikiraro giteye impungenge bagaragaje icyo basaba

by radiotv10
16/09/2025
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Kabaya mu Karere ka Ngororero barasaba gusanirwa ikiraro cyangiritse ku muhamda werecyeza ku ruganda...

IZIHERUKA

Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho
MU RWANDA

Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho

by radiotv10
17/09/2025
0

U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar

U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar

16/09/2025
Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

16/09/2025
Amakuru mashya: Icyo amashuri yose yo muri Kigali asabwa mu cyumweru cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

Amakuru mashya: Icyo amashuri yose yo muri Kigali asabwa mu cyumweru cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

16/09/2025
Umunyamakuru uzwi mu myidagaduro mu Rwanda yasezeye igitangazamakuru yakoreraga ahita abona umusimbura

Umunyamakuru uzwi mu myidagaduro mu Rwanda yasezeye igitangazamakuru yakoreraga ahita abona umusimbura

16/09/2025
Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

16/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho

U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.