Friday, November 21, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda

radiotv10by radiotv10
22/02/2022
in MU RWANDA
0
Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Kompanyi ya Techno Market Printing House imaze kubaka izina muri serivisi z’icapiro (Printing) ikaba ari n’umuterankunga w’irushanwa rya Tour du Rwanda riri kuzenguruka mu bice binyuranye mu Rwanda, ikuzaniye inkuru nziza, aho ubu ibiciro byo gucapisha byagabanyijweho 10%.

Yaba abari kurebera irushanwa rya Tour du Rwanda kuri televiziyo no ku mbuga nkoranyambaga cyanagwa abajya kurirebera aho rihagurukira n’aho risorezwa, bari kubona ibyiza bihatatse, byaba ibyapa biri ku mihanda, banner zihamanitse ndetse n’ibindi birango byose bihari.

Ibi byose binogeye ijisho bishimisha buri wese ubibonye, nta handi byacapiwe atari muri Techno Market Printing House imaze kubaka izina mu gutanga serivisi z’icapiro.

Techno Market Printing House inamaze imyaka itatu ari umufatanyabikorwa wa Tour du Rwanda, ubu yazanye agashya kuko yagabanyije ibiciro byagabanyijweho 10% kuri serivisi zose nka printing, branding, finishing na graphic design.

Abakeneye ibikoresho byamamaza n’abifuza gutambutsa ubutumwa bifashishije ibirango binyuranye birimo ibyapa, banners [Pull up banner na Event Banner], tear drops, n’ibishushanyije ku bikoresho nk’imitaka, amacupa, ingofero ndetse n’ibindi, nimugane Techno Market Printing House.

Kugerayo nta mayobera, ikorera mu nyubako ya T2000 iherereye mu Mujyi rwagati, mu muryango w’107, cyangwa  mukabahamagara kuri 0788158800, ubundi ukakiranwa ubwuzu kuko muri Techno Market Printing House, umukiliya ni umwami.

Waba wifuza gusohora (Printing) inyandiko imwe cyangwa nyinshi, ntugire impungenge, gana Techno Market Printing House ubundi babigukorera mu mwanya nk’uwo guhumbya.

Techno Market Printing House yakoze ibirango byose biri muri Tour du Rwanda, ubu iri no guherekeza iri rushanwa aho riri kwerecyeza hose aho iri kumwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Ndimbati na Kibonke bamaze kubaka izina muri sinema nyarwanda.

Nubona ibi byamamare ahari kubera iri rushanwa, ntugire impungenge zo kubyegera, begere ubabaze amakuru, barakuramukanya yombi ubundi banagusobanurire kuri serivisi za Techno Market Printing House.

Techno Market Printing House ni umufatanyabikorwa muri Tour du Rwanda
Ndimbati na Kibonke begere bagusobanurire ibyo dukora munaganire
Aho Tour du Rwanda yerecyeza hose barahari
Urakiranwa ubwuzu
Ibirango byose biri muri Tour du Rwanda byakozwe na Techno Market Printing House
N’uyu munsi i Rubavu barahari

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four − three =

Previous Post

Uwayobora Gereza ya Mageragere wakatiwe imyaka 5 yagarutse mu rukiko arusaba ikintu gikomeye

Next Post

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Related Posts

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

by radiotv10
21/11/2025
0

Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, na we yageneye ubutumwa Perezdia Paul Kagame, amushimira ibiganiro byiza...

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

by radiotv10
21/11/2025
0

President Paul Kagame expressed his gratitude to the Emir of Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, who visited Rwanda...

U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

by radiotv10
21/11/2025
0

Mu biganiro byahuje urwego ruhuriweho na Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impande zombi ziyemeje gutera intambwe...

Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

by radiotv10
21/11/2025
0

Perezida Paul Kagame yashimiye Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani wagendereye u Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi...

Uko byagenze ngo inzego zinjire mu iperereza ryihariye ku Bayobozi bamwe muri Nyamagabe n’ibyo bakekwaho

Uko byagenze ngo inzego zinjire mu iperereza ryihariye ku Bayobozi bamwe muri Nyamagabe n’ibyo bakekwaho

by radiotv10
21/11/2025
0

Bamwe mu bayobozi bo mu Karere ka Nyamagabe, bari gukorwaho iperereza ridasanzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, nyuma yuko igenzura ritahuye...

IZIHERUKA

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika
SIPORO

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

by radiotv10
21/11/2025
0

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

21/11/2025
Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

21/11/2025
Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

21/11/2025
U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

21/11/2025
Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

21/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.