Saturday, January 3, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda

radiotv10by radiotv10
22/02/2022
in MU RWANDA
0
Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Kompanyi ya Techno Market Printing House imaze kubaka izina muri serivisi z’icapiro (Printing) ikaba ari n’umuterankunga w’irushanwa rya Tour du Rwanda riri kuzenguruka mu bice binyuranye mu Rwanda, ikuzaniye inkuru nziza, aho ubu ibiciro byo gucapisha byagabanyijweho 10%.

Yaba abari kurebera irushanwa rya Tour du Rwanda kuri televiziyo no ku mbuga nkoranyambaga cyanagwa abajya kurirebera aho rihagurukira n’aho risorezwa, bari kubona ibyiza bihatatse, byaba ibyapa biri ku mihanda, banner zihamanitse ndetse n’ibindi birango byose bihari.

Ibi byose binogeye ijisho bishimisha buri wese ubibonye, nta handi byacapiwe atari muri Techno Market Printing House imaze kubaka izina mu gutanga serivisi z’icapiro.

Techno Market Printing House inamaze imyaka itatu ari umufatanyabikorwa wa Tour du Rwanda, ubu yazanye agashya kuko yagabanyije ibiciro byagabanyijweho 10% kuri serivisi zose nka printing, branding, finishing na graphic design.

Abakeneye ibikoresho byamamaza n’abifuza gutambutsa ubutumwa bifashishije ibirango binyuranye birimo ibyapa, banners [Pull up banner na Event Banner], tear drops, n’ibishushanyije ku bikoresho nk’imitaka, amacupa, ingofero ndetse n’ibindi, nimugane Techno Market Printing House.

Kugerayo nta mayobera, ikorera mu nyubako ya T2000 iherereye mu Mujyi rwagati, mu muryango w’107, cyangwa  mukabahamagara kuri 0788158800, ubundi ukakiranwa ubwuzu kuko muri Techno Market Printing House, umukiliya ni umwami.

Waba wifuza gusohora (Printing) inyandiko imwe cyangwa nyinshi, ntugire impungenge, gana Techno Market Printing House ubundi babigukorera mu mwanya nk’uwo guhumbya.

Techno Market Printing House yakoze ibirango byose biri muri Tour du Rwanda, ubu iri no guherekeza iri rushanwa aho riri kwerecyeza hose aho iri kumwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Ndimbati na Kibonke bamaze kubaka izina muri sinema nyarwanda.

Nubona ibi byamamare ahari kubera iri rushanwa, ntugire impungenge zo kubyegera, begere ubabaze amakuru, barakuramukanya yombi ubundi banagusobanurire kuri serivisi za Techno Market Printing House.

Techno Market Printing House ni umufatanyabikorwa muri Tour du Rwanda
Ndimbati na Kibonke begere bagusobanurire ibyo dukora munaganire
Aho Tour du Rwanda yerecyeza hose barahari
Urakiranwa ubwuzu
Ibirango byose biri muri Tour du Rwanda byakozwe na Techno Market Printing House
N’uyu munsi i Rubavu barahari

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × 3 =

Previous Post

Uwayobora Gereza ya Mageragere wakatiwe imyaka 5 yagarutse mu rukiko arusaba ikintu gikomeye

Next Post

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Related Posts

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

by radiotv10
02/01/2026
0

“Abagore b’Abatutsi turubaha kandi turi indahemuka.” Ni bumwe mu butumwa bw’Impunzi z’Abanyekongo ziri mu nkambi zinyuranye mu Rwanda, zongeye gukora...

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

by radiotv10
02/01/2026
0

Congolese refugees living in Rwanda have sent a message to FARDC Major General Sylvain Ekenge, who recently used language that...

Perfecting Your Body: The Pros and Cons of Cosmetic Surgery

Perfecting Your Body: The Pros and Cons of Cosmetic Surgery

by radiotv10
02/01/2026
0

In today’s world, more and more people are turning to surgery to improve the way they look. From nose jobs...

Habaye impanuka idasanzwe muri Kigali ku munsi wa mbere w’umwaka

Habaye impanuka idasanzwe muri Kigali ku munsi wa mbere w’umwaka

by radiotv10
01/01/2026
0

Mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, habaye impanuka y’imodoka bikekwa ko yari yacitse feri,...

Ahazaza dukwiriye harashoboka- Perezida Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa busoza 2025 buzanabaherekeza muri 2026

Ahazaza dukwiriye harashoboka- Perezida Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa busoza 2025 buzanabaherekeza muri 2026

by radiotv10
01/01/2026
0

Mu butumwa busoza umwaka wa 2025, Perezida Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko uyu mwaka waranzwe n’urusobe rw’ibyiza n’ibitari byiza, ariko...

IZIHERUKA

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure
MU RWANDA

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

by radiotv10
02/01/2026
0

Umunyamakuru umaze imyaka ine asezeye igitangazamakuru yakoreraga agiye kumvikana ku yindi radio mu Rwanda

Umunyamakuru umaze imyaka ine asezeye igitangazamakuru yakoreraga agiye kumvikana ku yindi radio mu Rwanda

02/01/2026
Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

02/01/2026
Ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu cy’Afurika yafatiwe icyemezo cy’agateganyo Kapiteni wayo afatirwa icya burundu

Ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu cy’Afurika yafatiwe icyemezo cy’agateganyo Kapiteni wayo afatirwa icya burundu

02/01/2026
Umunyamideli uzwi mu Rwanda yahishuye ko we n’umugabo we w’Umunya-Israel benda kwibaruka

Umunyamideli uzwi mu Rwanda yahishuye ko we n’umugabo we w’Umunya-Israel benda kwibaruka

02/01/2026
Impaka ziracyakomeje hagati y’abafana ba Bruce Melodie na The Ben: Noneho baravuga iki?

Impaka ziracyakomeje hagati y’abafana ba Bruce Melodie na The Ben: Noneho baravuga iki?

02/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Umunyamakuru umaze imyaka ine asezeye igitangazamakuru yakoreraga agiye kumvikana ku yindi radio mu Rwanda

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.