Thursday, January 8, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda

radiotv10by radiotv10
22/02/2022
in MU RWANDA
0
Ukeneye Banderole, Banners,…? Igisubizo ni Techno Market yarimbishije Tour du Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Kompanyi ya Techno Market Printing House imaze kubaka izina muri serivisi z’icapiro (Printing) ikaba ari n’umuterankunga w’irushanwa rya Tour du Rwanda riri kuzenguruka mu bice binyuranye mu Rwanda, ikuzaniye inkuru nziza, aho ubu ibiciro byo gucapisha byagabanyijweho 10%.

Yaba abari kurebera irushanwa rya Tour du Rwanda kuri televiziyo no ku mbuga nkoranyambaga cyanagwa abajya kurirebera aho rihagurukira n’aho risorezwa, bari kubona ibyiza bihatatse, byaba ibyapa biri ku mihanda, banner zihamanitse ndetse n’ibindi birango byose bihari.

Ibi byose binogeye ijisho bishimisha buri wese ubibonye, nta handi byacapiwe atari muri Techno Market Printing House imaze kubaka izina mu gutanga serivisi z’icapiro.

Techno Market Printing House inamaze imyaka itatu ari umufatanyabikorwa wa Tour du Rwanda, ubu yazanye agashya kuko yagabanyije ibiciro byagabanyijweho 10% kuri serivisi zose nka printing, branding, finishing na graphic design.

Abakeneye ibikoresho byamamaza n’abifuza gutambutsa ubutumwa bifashishije ibirango binyuranye birimo ibyapa, banners [Pull up banner na Event Banner], tear drops, n’ibishushanyije ku bikoresho nk’imitaka, amacupa, ingofero ndetse n’ibindi, nimugane Techno Market Printing House.

Kugerayo nta mayobera, ikorera mu nyubako ya T2000 iherereye mu Mujyi rwagati, mu muryango w’107, cyangwa  mukabahamagara kuri 0788158800, ubundi ukakiranwa ubwuzu kuko muri Techno Market Printing House, umukiliya ni umwami.

Waba wifuza gusohora (Printing) inyandiko imwe cyangwa nyinshi, ntugire impungenge, gana Techno Market Printing House ubundi babigukorera mu mwanya nk’uwo guhumbya.

Techno Market Printing House yakoze ibirango byose biri muri Tour du Rwanda, ubu iri no guherekeza iri rushanwa aho riri kwerecyeza hose aho iri kumwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Ndimbati na Kibonke bamaze kubaka izina muri sinema nyarwanda.

Nubona ibi byamamare ahari kubera iri rushanwa, ntugire impungenge zo kubyegera, begere ubabaze amakuru, barakuramukanya yombi ubundi banagusobanurire kuri serivisi za Techno Market Printing House.

Techno Market Printing House ni umufatanyabikorwa muri Tour du Rwanda
Ndimbati na Kibonke begere bagusobanurire ibyo dukora munaganire
Aho Tour du Rwanda yerecyeza hose barahari
Urakiranwa ubwuzu
Ibirango byose biri muri Tour du Rwanda byakozwe na Techno Market Printing House
N’uyu munsi i Rubavu barahari

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × four =

Previous Post

Uwayobora Gereza ya Mageragere wakatiwe imyaka 5 yagarutse mu rukiko arusaba ikintu gikomeye

Next Post

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Related Posts

RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

by radiotv10
08/01/2026
0

The Secretariat General of the FPR-Inkotanyi party has approved the establishment of a new advisory body composed of senior and...

FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

by radiotv10
08/01/2026
0

Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango FPR-Inkotanyi bwemeje ishyirwaho rw’Urwego rushya rw’inararibonye rushinzwe ubujyanama mu Banyamuryango. Ishyirwaho ry’uru rwego, rikubiye mu myanzuro y’Inama...

AMAKURU AGEZWEHO: Uwakekwagaho kwica urw’agashinyaguro uwarokotse Jenoside na we yarashwe arapfa

Hasobanuwe uko byagenze ngo haraswe uwakekwagaho ubwicanyi no kuba umujura ruharwa muri Kirehe

by radiotv10
08/01/2026
0

Umusore wakekwagaho ubwicanyi n’ubujura yakoreraga mu bice bitandukanye mu Karere ka Kirehe wari uherutse kwica umumotari akanamwiba moto, yishwe arashwe...

BREAKING: Urubanza rw’uwamenyekanye mu nzego z’ibanze uregwa ibirimo ishimishamubiri ry’igitsina rwashyize mu muhezo

BREAKING: Urubanza rw’uwamenyekanye mu nzego z’ibanze uregwa ibirimo ishimishamubiri ry’igitsina rwashyize mu muhezo

by radiotv10
08/01/2026
0

Iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo mu rubanza ruregwamo Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan wanabaye Umuyobozi w'Akarere ka...

Why Most People Struggle With Money Even When They Earn More

Why Most People Struggle With Money Even When They Earn More

by radiotv10
08/01/2026
0

For many people, earning more money feels like the ultimate solution to financial stress. A salary raise, a new job,...

IZIHERUKA

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko
IBYAMAMARE

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

by radiotv10
08/01/2026
0

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

08/01/2026
AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

08/01/2026
Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

08/01/2026
RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

08/01/2026
FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

08/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

TdRda2022: Umunya-Colombia Restrepo yongeye kwigaragaza yegukana Kigali-Rubavu, Umunyarwanda wa hafi ni uwa 23

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.