Thursday, March 5, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Uko abayobozi bashyizwe mu myanya barimo Hon.Edda Mukabagwiza wamenyakanye mu buyobozi bukuru

radiotv10by radiotv10
05/03/2026
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Uko abayobozi bashyizwe mu myanya barimo Hon.Edda Mukabagwiza wamenyakanye mu buyobozi bukuru
Share on FacebookShare on Twitter

Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame; yashyize mu myanya abayobozi banyuranye no mu nzego zitandukanye zirimo Inama y’Ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati y’ubuhunzi aho Hon. Mukabagwiza Edda wabaye mu nzego nkuru z’Igihugu, yagizwe Perezida.

Uretse Mukabagwiza Edda uzaba ari Perezida w’iyi Nama y’Ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati y’ubuhunzi, azaba anakorana na Rusanganwa Jean Damascène na we akaba Perezida.

Hon Edda Mukabagwiza wari umaze igihe yarashinze Cabinet nk’umwavoka, azwi cyane mu Nteko Ishinga Amategeko mu mutwe w’Abadepite aho yanabaye Visi Perezida wayo. Yabaye Umudepite hagati ya 2013 na 2018.

Mbere y’icyo gihe yakoze indi mirimo inyuranye nko kuba yarabaye Ambasaderi w’u Rwanda muri Canada na Cuba hagati ya 2007 na 2013, ndetse akaba yaranabaye Minisitiri w’Ubutabera.

UKO ABAYOBOZI BOSE BASHYIZWE MU MYANYA

* Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) – Inama y’Ubuyobozi

  • Bwana Mukete Diko Jacob, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Madamu Dushimire Alice, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Bwana Nsengumuremyi Cyridion, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Madamu Nabaasa Judith, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Bwana Mwizerwa Jean Claude, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Dr. Batamuliza Jennifer, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Madamu Muhongerwa K Judith, Ugize Inama y’Ubuyobozi

* Inama y’Ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati y’ubuhunzi

  • Madamu Mukabagwiza Edda, Perezida
  • Bwana Rusanganwa Jean Damascène, Perezida
  • Madamu Mukanyundo Patricie, Ugize Inama y’Ubujurire
  • Madamu Nyirinkwaya ImmaculĂ©e, Ugize Inama y’ Ubujurire
  • Bwana Rudasingwa Joseph, Ugize Inama y’Ubujurire
  • Bwana Mukama Augustin, Ugize Inama y’ Ubujurire
  • Bwana Ndabirora Kalinda Jean Damascène, Umwanditsi

* Minisiteri y’ Ubutegetsi bw’lgihugu (MINALOC)

  • Bwana Ingabire Jean Claude, Umuyobozi Mukuru ushinzwe Igenamigambi, Ikurikirana n’lsuzumabikorwa
  • Madamu Mukobwa Justine, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’lnama y’lgihugu y’Abantu bafite Ubumuga (NCPD)
  • Madamu Uwimanimpaye Jeanne d’Arc, Umuhuzabikorwa w’lkigo Ngororamuco cya Gitagata
  • Bwana Bizimana Servilien, Umuhuzabikorwa w’lkigo Ngororamuco cya Ngarama

* Minisiteri y’lbidukikije (MoE)

  • Dr. Biraro Mireille, Umubitsi w’lmpapurompamo z’Ubutaka
  • Bwana Twizeyeyezu Jean Pierre, Umubitsi w’Impapurompamo z’Ubutaka
  • Bwana Uwayisenga Vedaste, Umubitsi w’Impapurompamo z’Ubutaka
  • Madamu Kanyamugenge Akimana Adeline, Umuyobozi w’lshami ry’Ubugenzuzi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka

* Urwego rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB)

  • Bwana Uwiduhaye Jean d’Amour, Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ubushakashatsi bwa Mine, Peteroli na Gazi
  • Madamu Umuhorakeye Alice, Umuyobozi w’lshami rishinzwe gukurikirana ibikorwa by’ubucukuzi
  • Bwana Maniragaba Ephrem, Umuyobozi w’ishami rishinzwe ubushakashatsi bw’amabuye y agaciro
  • Madamu Kantenga Catherine, Umuyobozi w’ishami rishinzwegutanga impushya n’ikoranabuhanga
Hon. Edda Mukabagwiza yamaze kuba Umwavoka
Mukobwa Justine na we wabaye Umudepite, yagizwe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’lnama y’lgihugu y’Abantu bafite Ubumuga (NCPD)
Uwimanimpaye Jeanne d’Arc na we wabaye Umudepite, yagizwe Umuhuzabikorwa w’lkigo Ngororamuco cya Gitagata

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen + eight =

Previous Post

Hatangajwe ibiciro bishya bya Lisansi na Mazutu mu Rwanda

Related Posts

Hatangajwe ibiciro bishya bya Lisansi na Mazutu mu Rwanda

Hatangajwe ibiciro bishya bya Lisansi na Mazutu mu Rwanda

by radiotv10
05/03/2026
0

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli, aho igiciro cya Lisansi cyagumye ku mafaranga cyariho mu gihe icya...

BREAKING: Abanyarwanda baba mu Bihugu biri kwibasirwa n’ibitero bya Iran bagiriwe inama

BREAKING: Abanyarwanda baba mu Bihugu biri kwibasirwa n’ibitero bya Iran bagiriwe inama

by radiotv10
04/03/2026
0

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu, yizeje Abanyarwanda baba muri iki Gihugu no muri Bahrain, ko iri gukurikiranira...

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudan y’Epfo zibukijwe igisobanuro cy’umudali zambitswe

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudan y’Epfo zibukijwe igisobanuro cy’umudali zambitswe

by radiotv10
04/03/2026
0

Umugaba Mukuru Wungirije w’Ingabo za ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Maj Gen Robert Yaw Affram...

Ambasaderi Wungirije wa Uganda mu Rwanda yitabye Imana

Ambasaderi Wungirije wa Uganda mu Rwanda yitabye Imana

by radiotv10
04/03/2026
0

Santa Mary Laker Kinyera wari Ambasaderi Wungirije wa Uganda mu Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi aho yari yajyanywe muri Uganda...

NAME CHANGE REQUEST

NAME CHANGE REQUEST

by radiotv10
04/03/2026
0

IZIHERUKA

Uko abayobozi bashyizwe mu myanya barimo Hon.Edda Mukabagwiza wamenyakanye mu buyobozi bukuru
MU RWANDA

Uko abayobozi bashyizwe mu myanya barimo Hon.Edda Mukabagwiza wamenyakanye mu buyobozi bukuru

by radiotv10
05/03/2026
0

Hatangajwe ibiciro bishya bya Lisansi na Mazutu mu Rwanda

Hatangajwe ibiciro bishya bya Lisansi na Mazutu mu Rwanda

05/03/2026
Ibintu bikomeje kurushaho kuba bibi muri Iran n’umubare w’abahitanywe n’ibitero urazamuka

Ibintu bikomeje kurushaho kuba bibi muri Iran n’umubare w’abahitanywe n’ibitero urazamuka

04/03/2026
BREAKING: Abanyarwanda baba mu Bihugu biri kwibasirwa n’ibitero bya Iran bagiriwe inama

BREAKING: Abanyarwanda baba mu Bihugu biri kwibasirwa n’ibitero bya Iran bagiriwe inama

04/03/2026
Indi mpanuka ikomeye yabaye ahacukurwa amabuye y’agaciro muri Rubaya yahitanye benshi

Indi mpanuka ikomeye yabaye ahacukurwa amabuye y’agaciro muri Rubaya yahitanye benshi

04/03/2026
Trump akomeje kwikoma Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kubera igisubizo yahaye America

Trump akomeje kwikoma Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kubera igisubizo yahaye America

04/03/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Uko abayobozi bashyizwe mu myanya barimo Hon.Edda Mukabagwiza wamenyakanye mu buyobozi bukuru

Hatangajwe ibiciro bishya bya Lisansi na Mazutu mu Rwanda

Ibintu bikomeje kurushaho kuba bibi muri Iran n’umubare w’abahitanywe n’ibitero urazamuka

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.