• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Uko abayobozi bashyizwe mu myanya barimo Hon.Edda Mukabagwiza wamenyakanye mu buyobozi bukuru

radiotv10by radiotv10
06/03/2026
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Uko abayobozi bashyizwe mu myanya barimo Hon.Edda Mukabagwiza wamenyakanye mu buyobozi bukuru
Share on FacebookShare on Twitter

Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame; yashyize mu myanya abayobozi banyuranye no mu nzego zitandukanye zirimo Inama y’Ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati y’ubuhunzi aho Hon. Mukabagwiza Edda wabaye mu nzego nkuru z’Igihugu, yagizwe Perezida.

Uretse Mukabagwiza Edda uzaba ari Perezida w’iyi Nama y’Ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati y’ubuhunzi, azaba anakorana na Rusanganwa Jean Damascène na we akaba Perezida.

Hon Edda Mukabagwiza wari umaze igihe yarashinze Cabinet nk’umwavoka, azwi cyane mu Nteko Ishinga Amategeko mu mutwe w’Abadepite aho yanabaye Visi Perezida wayo. Yabaye Umudepite hagati ya 2013 na 2018.

Mbere y’icyo gihe yakoze indi mirimo inyuranye nko kuba yarabaye Ambasaderi w’u Rwanda muri Canada na Cuba hagati ya 2007 na 2013, ndetse akaba yaranabaye Minisitiri w’Ubutabera.

UKO ABAYOBOZI BOSE BASHYIZWE MU MYANYA

* Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) – Inama y’Ubuyobozi

  • Bwana Mukete Diko Jacob, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Madamu Dushimire Alice, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Bwana Nsengumuremyi Cyridion, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Madamu Nabaasa Judith, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Bwana Mwizerwa Jean Claude, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Dr. Batamuliza Jennifer, Ugize Inama y’Ubuyobozi
  • Madamu Muhongerwa K Judith, Ugize Inama y’Ubuyobozi

* Inama y’Ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati y’ubuhunzi

  • Madamu Mukabagwiza Edda, Perezida
  • Bwana Rusanganwa Jean Damascène, Perezida
  • Madamu Mukanyundo Patricie, Ugize Inama y’Ubujurire
  • Madamu Nyirinkwaya ImmaculĂ©e, Ugize Inama y’ Ubujurire
  • Bwana Rudasingwa Joseph, Ugize Inama y’Ubujurire
  • Bwana Mukama Augustin, Ugize Inama y’ Ubujurire
  • Bwana Ndabirora Kalinda Jean Damascène, Umwanditsi

* Minisiteri y’ Ubutegetsi bw’lgihugu (MINALOC)

  • Bwana Ingabire Jean Claude, Umuyobozi Mukuru ushinzwe Igenamigambi, Ikurikirana n’lsuzumabikorwa
  • Madamu Mukobwa Justine, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’lnama y’lgihugu y’Abantu bafite Ubumuga (NCPD)
  • Madamu Uwimanimpaye Jeanne d’Arc, Umuhuzabikorwa w’lkigo Ngororamuco cya Gitagata
  • Bwana Bizimana Servilien, Umuhuzabikorwa w’lkigo Ngororamuco cya Ngarama

* Minisiteri y’lbidukikije (MoE)

  • Dr. Biraro Mireille, Umubitsi w’lmpapurompamo z’Ubutaka
  • Bwana Twizeyeyezu Jean Pierre, Umubitsi w’Impapurompamo z’Ubutaka
  • Bwana Uwayisenga Vedaste, Umubitsi w’Impapurompamo z’Ubutaka
  • Madamu Kanyamugenge Akimana Adeline, Umuyobozi w’lshami ry’Ubugenzuzi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka

* Urwego rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB)

  • Bwana Uwiduhaye Jean d’Amour, Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ubushakashatsi bwa Mine, Peteroli na Gazi
  • Madamu Umuhorakeye Alice, Umuyobozi w’lshami rishinzwe gukurikirana ibikorwa by’ubucukuzi
  • Bwana Maniragaba Ephrem, Umuyobozi w’ishami rishinzwe ubushakashatsi bw’amabuye y agaciro
  • Madamu Kantenga Catherine, Umuyobozi w’ishami rishinzwegutanga impushya n’ikoranabuhanga
Hon. Edda Mukabagwiza yamaze kuba Umwavoka
Mukobwa Justine na we wabaye Umudepite, yagizwe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’lnama y’lgihugu y’Abantu bafite Ubumuga (NCPD)
Uwimanimpaye Jeanne d’Arc na we wabaye Umudepite, yagizwe Umuhuzabikorwa w’lkigo Ngororamuco cya Gitagata

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × one =

Previous Post

Byinshi bikomeje kwangirikira mu ntambara: Sitade yo muri Iran yahindutse umuyonga

Next Post

Easy Tips for a Great Weekend

Related Posts

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

by radiotv10
01/06/2026
0

The Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, is currently in Seoul, South Korea, where he is...

Minisitiri Nduhungirehe ari muri Korea y’Epfo mu nama y’ubufatanye ku guhangana n’ibibazo byugarije Isi

Minisitiri Nduhungirehe ari muri Korea y’Epfo mu nama y’ubufatanye ku guhangana n’ibibazo byugarije Isi

by radiotv10
01/06/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe ari i Seoul muri Korea y’Epfo, aho yitabiriye Inama y’ubufatanye bw’iki Gihugu n’Umugabane...

How to Create a Home That Actually Helps You Rest

How to Create a Home That Actually Helps You Rest

by radiotv10
01/06/2026
0

A home should be the place where your body relaxes and your mind slows down after a long day. But...

Next Post
Easy Tips for a Great Weekend

Easy Tips for a Great Weekend

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.