Tuesday, May 12, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umujyi wa Kigali wakemuye kibazo cy’abawishyuzaga miliyoni 10Frw bakoreye mu mezi umunani ashize

radiotv10by radiotv10
12/05/2026
in MU RWANDA
0
Umujyi wa Kigali wakemuye kibazo cy’abawishyuzaga miliyoni 10Frw bakoreye mu mezi umunani ashize
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwemeje ko bwakemuye ikibazo cy’abakoze imirimo yo gutera ubusitani muri uyu Mujyi ubwo mu Rwanda habaga Shampiyona y’Isi y’umukino w’Amagare, ntibishyurwe arenga miliyoni 10 Frw.

Abateye ubusitani, bavuga ko bari bagiranye amasezerano na Kigali Youth Cooperatives Gasabo, bavugaga ko bakoze imirimo yo gutera ubusitani mu Mujyi wa Kigali ubwo habaga Shampiyona y’Isi y’umukino w’Amagare UCI Road World Championships yabaye umwaka ushize.

Bavuga ko iyi Koperative yari yabemereye ko bazishyurwa nyuma y’iminsi 15 barangije igikorwa, ariko ntibishyurwe amafaranga bakobokeye.

Ubuyobozi bw’iyi Koperative y’Urubyiruko, na bwo bwavugaga ko kutishyurwa kw’aba bantu, byatewe n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwari butarabishyura, mu gihe ariya masezerano yari yashyizweho umukono tariki 16 Nzeri 2025, kandi abateye buriya busitani bari bizejwe kwishyurwa mu minsi 15.

Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, nyuma yo kugezwaho iki kibazo no kugikurikirana, yemeje ko koko cyabayeho ariko ko cyamaze gukemurwa.

Yagize ati “Ni byo koko, Koperative y’urubyiruko ya Gasabo ni yo yahawe akazi ko gutera ubusitani ahantu hatandukanye. Yagiranye amasezerano na Alioni Multisuply kugira ngo iyifashe kurangiza ako kazi mu gihe gito.”

Emma Claudine akomeza agira ati “Hakurikijwe amategeko agenda imyishyurize mu bigo bya Leta, Koperative yatanze raporo n’ibindi bisabwa, ariko bituzuye.”

Arongera ati “Ibyari byasabwe bibura byagejejwe ku Mujyi wa Kigali kandi no kwishyura byamaze gukorwa.”

Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, yibukije ko uru rwego rwishyura binyuze mu nzira zemewe n’amategeko, bityo ko abakorana na rwo bagomba kujya bakurikiza ibiba byasabwe.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 + 10 =

Previous Post

MTN Rwanda delivers strong Q1 2026 results across all platforms, underpinned by a conducive regulatory environment

Next Post

Uzwi mu myidagaduro y’u Rwanda akurikiranyweho ibirimo kuruma ugutwi umugore we

Related Posts

Hashyizweho uburyo bushya bwo korohereza abagura ibinyabiziga mu Rwanda mu ihererekanya

Hashyizweho uburyo bushya bwo korohereza abagura ibinyabiziga mu Rwanda mu ihererekanya

by radiotv10
12/05/2026
0

Ikigo cy'Imisoro n'Amahoro (RRA) cyashyizeho uburyo bushya bwongewe muri sisiteme y’imisoro, buzafasha abagura n’abagurisha ibinyabiziga na ba Noteri bigenga, mu...

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butara yageneye ubutumwa abasirikare bari muri Centrafrique

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butara yageneye ubutumwa abasirikare bari muri Centrafrique

by radiotv10
12/05/2026
0

Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka muri RDF, Maj Gen Vincent Nyakarundi yasuye abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye...

Perezida Kagame yitabiriye umusangiro wahuriyemo Abakuru b’Ibihugu binyuranye muri Kenya

Perezida Kagame yitabiriye umusangiro wahuriyemo Abakuru b’Ibihugu binyuranye muri Kenya

by radiotv10
12/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abandi Bakuru b’Ibihugu na za Guverinoma mu gikorwa cyo kwakirwa ku meza cyayobowe na Perezida William...

East African Physiology quiz and teaching workshop promotes medical education in the region

East African Physiology quiz and teaching workshop promotes medical education in the region

by radiotv10
12/05/2026
0

Kigali, Rwanda- Students, lecturers, researchers, and healthcare professionals from different universities across Africa say the East African Physiology Quiz and...

MTN Rwanda delivers strong Q1 2026 results across all platforms, underpinned by a conducive regulatory environment

MTN Rwanda delivers strong Q1 2026 results across all platforms, underpinned by a conducive regulatory environment

by radiotv10
12/05/2026
0

MTN Rwandacell Plc (MTN Rwanda) has posted strong Quarter one financial results, with service revenue growing 21.2% year-on-year to Rwf...

IZIHERUKA

Hashyizweho uburyo bushya bwo korohereza abagura ibinyabiziga mu Rwanda mu ihererekanya
MU RWANDA

Hashyizweho uburyo bushya bwo korohereza abagura ibinyabiziga mu Rwanda mu ihererekanya

by radiotv10
12/05/2026
0

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butara yageneye ubutumwa abasirikare bari muri Centrafrique

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butara yageneye ubutumwa abasirikare bari muri Centrafrique

12/05/2026
Perezida Kagame yitabiriye umusangiro wahuriyemo Abakuru b’Ibihugu binyuranye muri Kenya

Perezida Kagame yitabiriye umusangiro wahuriyemo Abakuru b’Ibihugu binyuranye muri Kenya

12/05/2026
East African Physiology quiz and teaching workshop promotes medical education in the region

East African Physiology quiz and teaching workshop promotes medical education in the region

12/05/2026
Hatanzwe umucyo ku ikipe izahabwa Igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda igihe iyo muri Sudan yasoza iyoboye

Hatanzwe umucyo ku ikipe izahabwa Igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda igihe iyo muri Sudan yasoza iyoboye

12/05/2026
Uzwi mu myidagaduro y’u Rwanda akurikiranyweho ibirimo kuruma ugutwi umugore we

Uzwi mu myidagaduro y’u Rwanda akurikiranyweho ibirimo kuruma ugutwi umugore we

12/05/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Uzwi mu myidagaduro y’u Rwanda akurikiranyweho ibirimo kuruma ugutwi umugore we

Uzwi mu myidagaduro y’u Rwanda akurikiranyweho ibirimo kuruma ugutwi umugore we

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hashyizweho uburyo bushya bwo korohereza abagura ibinyabiziga mu Rwanda mu ihererekanya

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butara yageneye ubutumwa abasirikare bari muri Centrafrique

Perezida Kagame yitabiriye umusangiro wahuriyemo Abakuru b’Ibihugu binyuranye muri Kenya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.