• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umunyarwenya wakubitiwe urushyi mu birori yari ayoboye yabibajijweho azenga amarira ati “Ndacyabyibazaho”

radiotv10by radiotv10
31/03/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
Umunyarwenya wakubitiwe urushyi mu birori yari ayoboye yabibajijweho azenga amarira ati “Ndacyabyibazaho”
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyarwenya w’ikirangirire ku Isi, Chris Rock uherutse gukubitwa urushyi n’umukinnyi wa Film Will Smith, yabibajijweho, azenga amarira mu maso avuga ko nta byinshi yabivugaho kuko na we atarabyiyumvisha.

Chris Rock yakubitiwe urushyi na Will Smith mu birori bikomeye bitangirwamo ibihembo ku bakinnyi ba Hollywood bitwaye neza kurusha abandi.

Mugenzi we w’icyamamare Will Smith, yamukubise uru rushyi ubwo uyu munyarwenya wari uruyoboye uyu muhango yatebyaga avuga ku bijyanye n’umugore wa Will Smith wari waje muri ibi birori adafite umusatsi.

Will Smith yamaze gusaba imbabazi avuga ko ibyo yakoze yabitewe n’umujinya yatewe no kuba uyu munyarwenya yaribasiye umugore we utagifite umusatsi kubera uburwayi afite.

Chris Rock we witabiriye igitaramo cy’urwenya ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, yabajijwe kugira icyo avuga ku rushyi yakubiswe na Will Smith, asubiza azenga amarira mu maso ati “Mureke uwo mwanda.”

Uyu munyarwenya wagaragazaga agahinda, yakomeje agira ati “Nta mwanya mfite wo kubivugaho…mfite itangazo nanditse nzasohora mbere y’iyi weekend.”

Yakomeje agira ati “Ndacyari kwibaza kubyabaye, icyo gihe nib wo nzagira icyo ntangaza kuri uwo mwanda, bizaba bikomeye, bizaba bisekeje ariko ubu ngiye kubatera urwenya gusa.”

Chris Rock yahakanye amakuru yavugwaga ko yaba yaravuganye na Will Smith amusaba imbabazi.

Ubwo Will Smith yakubitara urushyi Chris Rock
Chris Rock ubwo yari ageze mu gitaramo kuri uyu wa Gatatu

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × 2 =

Previous Post

Min. Bamporiki yageneye ubutumwa Abahanzi Nyarwanda bigana iby’ahandi

Next Post

Banki ifite amateka akomeye mu Rwanda igiye guhindura izina

Related Posts

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Next Post
Banki ifite amateka akomeye mu Rwanda igiye guhindura izina

Banki ifite amateka akomeye mu Rwanda igiye guhindura izina

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.