Saturday, June 14, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

10 SPORTS: Gareth Southgate na Jérôme Boateng baravutse, 1938 nibwo Abayapani bambuwe imikino Olempike

radiotv10by radiotv10
03/09/2021
in SIPORO
0
10 SPORTS: Gareth Southgate na Jérôme Boateng baravutse, 1938 nibwo Abayapani bambuwe imikino Olempike
Share on FacebookShare on Twitter

Amateka adufasha kumenya aho tuva, kugira ngo tumenye uko dutegura ejo hazaza, muri iyi nkuru tugaruka ku bihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi

Tumenye uyu munsi:

Uyu munsi ni kuwa Gatanu w’itariki ya 03 Nzeri 2021, ni umunsi wa 246 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 119 ngo umwaka urangire, Turi kuwa Gatanu wa 36 kuva 2021 yatangira Turi mu cyumweru cya 36 mu byumweru bigize umwaka wa 2021.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Gareth Southgate (1970)

Gareth Southgate salutes 'special night' for England but hero Kane warns:  We've won nothing yet | Blackpool Gazette

Yujuje imyaka 51,umwongereza utoza ikipe y’igihugu y’u Bwongereza.

Southgate nk’umukinnyI Yanyuze mu makipe nka Aston Villa, Middlesbrough na Crstal Palace yari abereye captain batwara igikombe cya shampiyona y’1993–94

Ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yayikiniye imikino 57 ayitsindira ibitego bibiri.

2.Jérôme Boateng (1988)

Bayern Munich: AS Roma emerges option for Jerome Boateng

Yujuje imyaka 33, myugariro w’umudage ukinira ya Lyon yo mubufaransa yagiyemo uyu mwaka avuye muri Bayern München n’ikipe y’igihugu y’u Budage.

Mbere yo kugera muri Bayern München Yanyuze mu makipe nka Hertha Berlin, Hamburg SV na Manchester city.

Mu ikipe y’igihugu y’u Budage amaze kuyikinira imikino 76 ayitsindira igitego kimwe, yatwaranye nayo igikombe cy’isi cya 2014.

3.Júlio César (1979)

Júlio César - Best Saves - World Cup 2014 HD - YouTube

Yujuje imyaka 42, umunyezamu w’umunya-Brazil wahoze akinira Inter Milan n’ikipe y’igihugu ya Brazil

César yanyuze mu makipe nka Flamengo, Chievo, Queens Park Rangers, Toronto FC, Flamengo, Benfica na Inter Milan yakiniye imyaka irindwi agatwarana nayo ibikombe bitanu bya shampiyona y’u Butataliyani, UEFA Champions League imwe n’igikombe cy’isi cy’ama clubs.

Mu ikipe y’igihugu ya Brazil yayikiniye imikino 87,yatwaranye nayo ibikombe bibiri mpuzamigabane (2009 & 2013) na copa América yabereye muri Perú muri 2004.

4.Gérard Houllier(1947)

Former Liverpool FC Manager, Gerard Houllier Is Dead - Routine Blast

Yujuje imyaka 73, umufaransa wakiniye  akanatoza amakipe atandukanye.

Nk’umukinnyi yakiniye amakipe nka Paris Saint-Germain, Lens na Liverpool yaranye nayo ibikombe bitandukanye birimo FA Cup, League Cup, UEFA Cup na UEFA Super Cup ya 2001

Nk’umutoza yatoje amakipe nka Olympique Lyonnais yahawe ibikombe bibiri bya shampiyona ayisezeramo kuya 25 Gicurasi 2007,yanatoje Aston Villa muri 2010, uyu mugabo yanatoje ikipe y’igihugu y’u Bufaransa akaba yari umwe mu batoza bari bungirije Aimé Jacquet batwara igikombe cy’isi cy’1998.

Guhera muri Nyakanga 2012,Houllier yagizwe uhagarariye umupira w’amaguru  muri Redbull, areberera amakipe nka Redbull Salzburg yo muri Autriche, Leipzig yo mu Budage na New York Redbull yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika.

5.Dominic Thiem (1993)

From Williams sisters to Dominic Thiem: Tennis stars who have withdrawn  from US Open, Sports News | wionews.com

Yujuje imyaka 28,umukinnyi wa Tennis w’umunya-Autriche, wageze ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya French Open rya 2018.

Ni ibihe bihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi?

1881: Bwa mbere hakinwa irushanwa rya Tennis rikinirwa muri Amerika (US open), ryatwawe na Richard Sears  atsinze William E. Glyn amaseti 3-0 (6-0, 6-3, 6-2)

1904: Mu mikino Olempike, nibwo bwonyine mu mateka, abantu babiri banganyije mu gutera ingasire, bisaba ko basubiramo, maze Martin Sheridan atsinda Ralph Rose bari babanje kunganya.

1938 : umujyi wa Tokyo wambuwe kwakira imikino Olempike y’1940, ihabwa umujyi wa Helsinki wo muri Finland, kubera intambara yahuzaga u Buyapani n’u Bushinwa, Helsinki nayo byarangiye itakiriye iyi mikino kuko nayo yahagaritswe n’intambara ya kabiri y’isi yose.

2005: Ikipe y’igihugu ya Nouvelle Zélande y’umukino wa Rugby yegukanye igikombe cya gatandatu cyayo  cya Tri-Nations itsinze Australia amanota 34-24.

2008: Ikipe y’umujyi wa Oklahoma y’umukino wa Basketball, yemejeko izafata akazina ka “Thunder” (inkuba) bagendeye ku mvura nyinshi irangwa muri kariya gace niko kwitwa Oklahoma City Thunder.

Oklahoma City Thunder: The Best Talent Grooming Franchise That Consistently  Loses Superstars - Fadeaway World

2011: Nyuma yo gukurwamo muri metero 100,umunya-Jamaica Usain Bolt yegukanye umudali wa zahabu mu kwirukanka metero 200, mu mikini y’isi yabereye muri Koreya y’epfo.

Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 2 =

Previous Post

KIGALI: Muri iyi minsi amata yabaye macye ku isoko n’igiciro kirazamuka

Next Post

AFROBASKET2021: Imikino ya ½ cy’irangiza irakinwa kuri uyu wa gatandatu, Tunisia ibitse igikokombe izahura na Cape Verde

Related Posts

Uwari kapiteni wa Rayon aragiye: Iby’ingenzi wamenya ku ikipe yerecyejemo hanze y’u Rwanda

Uwari kapiteni wa Rayon aragiye: Iby’ingenzi wamenya ku ikipe yerecyejemo hanze y’u Rwanda

by radiotv10
13/06/2025
0

Muhire Kevin wari kapiteni w’ikipe ya Rayon Sport, aratangazwa nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Jamus FC yo muri Sudani y'Epfo. Ni...

APR BBC yari ihanzwe amaso n’Abanyarwanda muri BAL yasitariye ku marembo ya Final

APR BBC yari ihanzwe amaso n’Abanyarwanda muri BAL yasitariye ku marembo ya Final

by radiotv10
11/06/2025
0

Ikipe ya APR BBC yo mu Rwanda yasezerewe muri 1/2 cy’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) 2025 nyuma yo gutsindwa...

Ubutumwa bw’umutoza Mashami washimangiye ko atazakomeza n’ikipe yatandukanye na benshi

Ubutumwa bw’umutoza Mashami washimangiye ko atazakomeza n’ikipe yatandukanye na benshi

by radiotv10
10/06/2025
0

Mashami Vincent wari umutoza mukuru wa Police FC, yemeje ko atazakomezanya n’iyi kipe nyuma y’imyaka itatu yari ayimazemo, ayishimira icyizere...

Biri gukoranwa ibanga rikomeye: Amakuru twamenye mu igura ry’abakinnyi mu makipe ayoboye ruhago mu Rwanda

Biri gukoranwa ibanga rikomeye: Amakuru twamenye mu igura ry’abakinnyi mu makipe ayoboye ruhago mu Rwanda

by radiotv10
09/06/2025
0

Amakipe azahagararira u Rwanda mu marushanwa mpuzamahanga APR FC na Rayon Sports, yatanze andi kujya ku isoko ryo kugura abakinnyi...

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

by radiotv10
06/06/2025
0

Myugairo Gabriel Magalhães wa Arsenal FC, yongereye amasezerano muri iyi kipe azageza 2029, yavuze ko yishimiye kuguma muri iyi kipe,...

IZIHERUKA

RIB yafunze Animateri wiyemerera ko yakubise inshyi mu matwi umunyeshuri bikamuviramo kuvamo amaraso
MU RWANDA

Umugabo arakekwaho kwica umugore bari bamaranye igihe gito amuziza ukuri yari amubwije

by radiotv10
14/06/2025
0

Korali yatumiye mu gitaramo cyayo iyo muri rindi Torero rikayangira yatanze ubutumwa

Korali yatumiye mu gitaramo cyayo iyo muri rindi Torero rikayangira yatanze ubutumwa

14/06/2025
Trump yabaye nk’ukina ku mubyimba Iran ku bitero rurangiza byayishegeshe bikanahitana abasirikare bakuru bayo

Trump yabaye nk’ukina ku mubyimba Iran ku bitero rurangiza byayishegeshe bikanahitana abasirikare bakuru bayo

14/06/2025
Perezida wa Afurika y’Epfo yakirijwe amarira ubwo yasuraga abaturahe bagize ibyago

Perezida wa Afurika y’Epfo yakirijwe amarira ubwo yasuraga abaturahe bagize ibyago

14/06/2025
Umuntu umwe rukumbi warokotse impanuka havuzwe ibyo yabwiye ababyeyi be akirokoka

Umuntu umwe rukumbi warokotse impanuka havuzwe ibyo yabwiye ababyeyi be akirokoka

13/06/2025
Amakuru mashya: Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ yahamijwe ibyaha aranakatirwa

Amakuru mashya: Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ yahamijwe ibyaha aranakatirwa

13/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AFROBASKET2021: Imikino ya ½ cy’irangiza irakinwa kuri uyu wa gatandatu, Tunisia ibitse igikokombe izahura na Cape Verde

AFROBASKET2021: Imikino ya ½ cy’irangiza irakinwa kuri uyu wa gatandatu, Tunisia ibitse igikokombe izahura na Cape Verde

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umugabo arakekwaho kwica umugore bari bamaranye igihe gito amuziza ukuri yari amubwije

Korali yatumiye mu gitaramo cyayo iyo muri rindi Torero rikayangira yatanze ubutumwa

Trump yabaye nk’ukina ku mubyimba Iran ku bitero rurangiza byayishegeshe bikanahitana abasirikare bakuru bayo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.