Friday, January 16, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

10 SPORTS: Habib Beye na Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike

radiotv10by radiotv10
19/10/2021
in MU RWANDA, SIPORO
0
10 SPORTS: Habib Beye na  Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike
Share on FacebookShare on Twitter

Uyu munsi ni kuwa kabiri w’itariki ya 19 Ukwakira 2021, ni umunsi wa 292 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 73 ngo umwaka urangire, turi kuwa kabiri wa 42 kuva 2021 yatangira Turi mu cyumweru cya 43 mu byumweru bigize umwaka wa 2021. Muri Brazil barizihiza umunsi wahariwe igitabo.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Habib Beye (1977):

National : malgré Habib Beye sur le banc, le Red Star s'incline encore - Le Parisien

Yujuje imyaka 44, umufaransa w’umunya-Senegal wahoze akina aca ku ruhande rw’iburyo inyuma muri Strasbourg, Marseille, Newcastle United, Aston Villa na Doncaster Rovers, yanakiniye kandi ikipe y’igihugu ya Senegal imikino 35 ayitsindira igitego kimwe.

2. Valdivia(1983):

755 Player Valdivia Photos and Premium High Res Pictures - Getty Images

Yujuje imyaka 38,umukinnyi w’umupira w’amaguru wumunya chile akaba akina  hagati mu ikipe yiwabo yitwa Unión La Calera yo muri Chile  anakinira n’ikipe y’igihugu ya Chile.

Valdivia Yanyuze mu makipe arimo Rayo Vallecano, Palmeiras, Colo-Colo n’ikipe y’igihugu ya Chile yakiniye imikino 78 akayitsindira ibitego 7 yanatwaranye nayo copa América ya 2015.

3.Sam Allardyce (1954):

I had to go to Limerick to find a job and work my way through the leagues to get to where I am now'

Yujuje imyaka 67, umutoza w’umwongereza wahoze akina nka myugariro mu makipe nka Sunderland, Bolton Wanderers n’ayandi.

Yatoje amakipe nka Sunderland, West Ham United, Newcastle United, ikipe y’igihugu y’u Bwongereza n’ayandi.

4.Evander Holyfield (1962):

Evander Holyfield, aged 58, beaten by Vitor Belfort via first-round TKO | Boxing News | Sky Sports

Yujuje imyaka 59, umunyamerika wahoze akina iteramakofe, yatahanye umudali w’umwanya wa gatatu mu mikino Olempike y’1988, yanamaze imyaka itatu ari nimero ya mbere ku isi (1990-92).

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

2012: Fiorenzo Magni, Umutaliyani wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare, yegukanye Giro d’Italie eshatu (1948, 51, 55;) yitabye Imana afite imyaka 91.

Ibihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi:

1933: Inama ya komite mpuzamahanga Olempike yabereye i Berlin, yemeje ko umukino w’intoki wa Basketball ugomba gukinwa mu mikino Olempike yabereye i Berlin mu 1936.

1964: Tamara Press umugore ukomoka mu cyahoze ari Leta zunze ubumwe z’abasoviyete yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kujugunya ingasire aho Yayijugunye muri metero 57.27.

 Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

11 + thirteen =

Previous Post

IMIYOBORERE: Baranenga imigendekere y’amatora y’inzego z’ibanze

Next Post

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Related Posts

Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

by radiotv10
16/01/2026
0

Polisi y’u Rwanda yemeje ko mu murima uri hafi y’Ishuri ryo mu Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo, habonetse...

Hamenyekanye Igihugu cya mbere muri Afurika kigiye gutangira gukoreshwamo urukingo rwa SIDA

Iby’ingenzi wamenya ku muti urinda abantu kwandura SIDA byemejwe ko ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda

by radiotv10
16/01/2026
0

Umuti wa Lenacapavir ushobora gufasha umuntu wawutewe kutandura Virusi itera SIDA mu gihe cy’amezi atandatu, uzatangira gutangwa mu Rwanda muri...

Igisirikare cya Jamaica cyahaye ikaze abasirikare b’u Rwanda 100

Igisirikare cya Jamaica cyahaye ikaze abasirikare b’u Rwanda 100

by radiotv10
16/01/2026
0

Ubuyobozi bw’Ingabo za Jamaica bwakiriye itsinda ry’abasirikare 100 mu Ngabo z’u Rwanda bazobereye mu by’ubwubatsi bagiye mu bikorwa byo gufasha...

Abagororwa barimo n’abahamijwe Jenoside bavuze ibanga ryababereye urufunguzo rwo kubona amahoro

Abagororwa barimo n’abahamijwe Jenoside bavuze ibanga ryababereye urufunguzo rwo kubona amahoro

by radiotv10
16/01/2026
0

Bamwe mu bagororwa bagororerwa mu Igororero rya Nyarugenge, barimo abahamijwe gukora Jenoside, bavuga ko inyigisho zatanzwe n’umuryango Prison Fellowship, zatumye...

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

by radiotv10
16/01/2026
0

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yahaye umukoro abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Handball yitegura Igikombe cya Afurika kigiye kubera mu Rwanda,...

IZIHERUKA

Umuririmbyi w’Indirimbo z’Imana uzwi mu Rwanda yasubije abamututse ko yaririmbye indirimbo bamwe bavugaho inzongamubiri
IBYAMAMARE

Umuririmbyi w’Indirimbo z’Imana uzwi mu Rwanda yasubije abamututse ko yaririmbye indirimbo bamwe bavugaho inzongamubiri

by radiotv10
16/01/2026
0

Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi

Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi

16/01/2026
Ishyaka riri ku butegetsi i Burundi riravugwaho ibyo bamwe bafashe nk’agahomamunwa

Ishyaka riri ku butegetsi i Burundi riravugwaho ibyo bamwe bafashe nk’agahomamunwa

16/01/2026
Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

16/01/2026
Hamenyekanye Igihugu cya mbere muri Afurika kigiye gutangira gukoreshwamo urukingo rwa SIDA

Iby’ingenzi wamenya ku muti urinda abantu kwandura SIDA byemejwe ko ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda

16/01/2026
AFC/M23 yongeye kugaragaza ingaruka ziteye inkeke zo kuba uruhande bahanganye rwirengagiza ibyo rwasinyiye

AFC/M23 yongeye kugaragaza ingaruka ziteye inkeke zo kuba uruhande bahanganye rwirengagiza ibyo rwasinyiye

16/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuririmbyi w’Indirimbo z’Imana uzwi mu Rwanda yasubije abamututse ko yaririmbye indirimbo bamwe bavugaho inzongamubiri

Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi

Ishyaka riri ku butegetsi i Burundi riravugwaho ibyo bamwe bafashe nk’agahomamunwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.