Thursday, December 11, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

10 SPORTS: Habib Beye na Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike

radiotv10by radiotv10
19/10/2021
in MU RWANDA, SIPORO
0
10 SPORTS: Habib Beye na  Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike
Share on FacebookShare on Twitter

Uyu munsi ni kuwa kabiri w’itariki ya 19 Ukwakira 2021, ni umunsi wa 292 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 73 ngo umwaka urangire, turi kuwa kabiri wa 42 kuva 2021 yatangira Turi mu cyumweru cya 43 mu byumweru bigize umwaka wa 2021. Muri Brazil barizihiza umunsi wahariwe igitabo.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Habib Beye (1977):

National : malgré Habib Beye sur le banc, le Red Star s'incline encore - Le Parisien

Yujuje imyaka 44, umufaransa w’umunya-Senegal wahoze akina aca ku ruhande rw’iburyo inyuma muri Strasbourg, Marseille, Newcastle United, Aston Villa na Doncaster Rovers, yanakiniye kandi ikipe y’igihugu ya Senegal imikino 35 ayitsindira igitego kimwe.

2. Valdivia(1983):

755 Player Valdivia Photos and Premium High Res Pictures - Getty Images

Yujuje imyaka 38,umukinnyi w’umupira w’amaguru wumunya chile akaba akina  hagati mu ikipe yiwabo yitwa Unión La Calera yo muri Chile  anakinira n’ikipe y’igihugu ya Chile.

Valdivia Yanyuze mu makipe arimo Rayo Vallecano, Palmeiras, Colo-Colo n’ikipe y’igihugu ya Chile yakiniye imikino 78 akayitsindira ibitego 7 yanatwaranye nayo copa América ya 2015.

3.Sam Allardyce (1954):

I had to go to Limerick to find a job and work my way through the leagues to get to where I am now'

Yujuje imyaka 67, umutoza w’umwongereza wahoze akina nka myugariro mu makipe nka Sunderland, Bolton Wanderers n’ayandi.

Yatoje amakipe nka Sunderland, West Ham United, Newcastle United, ikipe y’igihugu y’u Bwongereza n’ayandi.

4.Evander Holyfield (1962):

Evander Holyfield, aged 58, beaten by Vitor Belfort via first-round TKO | Boxing News | Sky Sports

Yujuje imyaka 59, umunyamerika wahoze akina iteramakofe, yatahanye umudali w’umwanya wa gatatu mu mikino Olempike y’1988, yanamaze imyaka itatu ari nimero ya mbere ku isi (1990-92).

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

2012: Fiorenzo Magni, Umutaliyani wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare, yegukanye Giro d’Italie eshatu (1948, 51, 55;) yitabye Imana afite imyaka 91.

Ibihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi:

1933: Inama ya komite mpuzamahanga Olempike yabereye i Berlin, yemeje ko umukino w’intoki wa Basketball ugomba gukinwa mu mikino Olempike yabereye i Berlin mu 1936.

1964: Tamara Press umugore ukomoka mu cyahoze ari Leta zunze ubumwe z’abasoviyete yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kujugunya ingasire aho Yayijugunye muri metero 57.27.

 Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × 3 =

Previous Post

IMIYOBORERE: Baranenga imigendekere y’amatora y’inzego z’ibanze

Next Post

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Related Posts

AMAKURU AGEZWEHO: Uwakekwagaho kwica urw’agashinyaguro uwarokotse Jenoside na we yarashwe arapfa

Hemejwe amakuru y’umupolisi w’u Rwanda warashe abantu babiri barimo DASSO nawe agahita yirasa

by radiotv10
10/12/2025
0

Polisi y’u Rwanda yemeje ko Umupolisi wo mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro, yarashe abantu babiri barimo Umu-DASSO...

BREAKING: U Rwanda rusohoye itangazo ruvuga ku bimaze iminsi muri Kivu y’Epfo runasubiza ku binyoma rwongeye kwegekwaho

BREAKING: U Rwanda rusohoye itangazo ruvuga ku bimaze iminsi muri Kivu y’Epfo runasubiza ku binyoma rwongeye kwegekwaho

by radiotv10
10/12/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iratangaza ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye kwegeka ku Rwanda ibikorwa byo kurenga ku gahenge, nyuma...

Imirwano muri Congo ikomeje guca ibintu, Abanyekongo benshi bari gukiza amagara bahungira mu Rwanda

Eng.-Rwanda speaks out on the recent South Kivu bombing from Burundi and responds to the accompanying false claims

by radiotv10
10/12/2025
0

The Government of Rwanda states that the Democratic Republic of Congo (DRC) cannot place on Rwanda any cross-border violations following...

Ikibazo u Rwanda rwabajije Congo yakinnye ku mubyimba Abanyekongo baruhungiyemo

Ibi birahagije: Ubutumwa Umuvugizi w’u Rwanda yageneye uwa Congo nyuma yo kongera kuzamura ibinyoma

by radiotv10
10/12/2025
0

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko igihe kigeze ngo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihagarike ibinyoma byayo,...

U Rwanda rwagaragaje ibizagenerwa abimukira baturutse mu Bwongereza bazatangira kuza ejo

Eng.-Rwanda Government Spokesperson condemns the new false accusations raised by the DRC

by radiotv10
10/12/2025
0

Rwanda Government Spokesperson, Yolande Makolo, has said that it is time for the Democratic Republic of Congo (DRC) to stop...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho: Bidasubirwa AFC/M23 yemeje ifatwa ry’umujyi wa Uvira
AMAHANGA

Amakuru agezweho: Bidasubirwa AFC/M23 yemeje ifatwa ry’umujyi wa Uvira

by radiotv10
10/12/2025
0

AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

10/12/2025
Eng.-Breaking: AFC/M23 confirms the capture of Uvira City

Eng.-Breaking: AFC/M23 confirms the capture of Uvira City

10/12/2025
Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

10/12/2025
Iby’ingenzi ku runturuntu rututumba mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi

Iby’ingenzi ku runturuntu rututumba mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi

10/12/2025
AMAKURU AGEZWEHO: Uwakekwagaho kwica urw’agashinyaguro uwarokotse Jenoside na we yarashwe arapfa

Hemejwe amakuru y’umupolisi w’u Rwanda warashe abantu babiri barimo DASSO nawe agahita yirasa

10/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho: Bidasubirwa AFC/M23 yemeje ifatwa ry’umujyi wa Uvira

AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

Eng.-Breaking: AFC/M23 confirms the capture of Uvira City

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.