Monday, December 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

10 SPORTS: Habib Beye na Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike

radiotv10by radiotv10
19/10/2021
in MU RWANDA, SIPORO
0
10 SPORTS: Habib Beye na  Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike
Share on FacebookShare on Twitter

Uyu munsi ni kuwa kabiri w’itariki ya 19 Ukwakira 2021, ni umunsi wa 292 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 73 ngo umwaka urangire, turi kuwa kabiri wa 42 kuva 2021 yatangira Turi mu cyumweru cya 43 mu byumweru bigize umwaka wa 2021. Muri Brazil barizihiza umunsi wahariwe igitabo.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Habib Beye (1977):

National : malgré Habib Beye sur le banc, le Red Star s'incline encore - Le Parisien

Yujuje imyaka 44, umufaransa w’umunya-Senegal wahoze akina aca ku ruhande rw’iburyo inyuma muri Strasbourg, Marseille, Newcastle United, Aston Villa na Doncaster Rovers, yanakiniye kandi ikipe y’igihugu ya Senegal imikino 35 ayitsindira igitego kimwe.

2. Valdivia(1983):

755 Player Valdivia Photos and Premium High Res Pictures - Getty Images

Yujuje imyaka 38,umukinnyi w’umupira w’amaguru wumunya chile akaba akina  hagati mu ikipe yiwabo yitwa Unión La Calera yo muri Chile  anakinira n’ikipe y’igihugu ya Chile.

Valdivia Yanyuze mu makipe arimo Rayo Vallecano, Palmeiras, Colo-Colo n’ikipe y’igihugu ya Chile yakiniye imikino 78 akayitsindira ibitego 7 yanatwaranye nayo copa América ya 2015.

3.Sam Allardyce (1954):

I had to go to Limerick to find a job and work my way through the leagues to get to where I am now'

Yujuje imyaka 67, umutoza w’umwongereza wahoze akina nka myugariro mu makipe nka Sunderland, Bolton Wanderers n’ayandi.

Yatoje amakipe nka Sunderland, West Ham United, Newcastle United, ikipe y’igihugu y’u Bwongereza n’ayandi.

4.Evander Holyfield (1962):

Evander Holyfield, aged 58, beaten by Vitor Belfort via first-round TKO | Boxing News | Sky Sports

Yujuje imyaka 59, umunyamerika wahoze akina iteramakofe, yatahanye umudali w’umwanya wa gatatu mu mikino Olempike y’1988, yanamaze imyaka itatu ari nimero ya mbere ku isi (1990-92).

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

2012: Fiorenzo Magni, Umutaliyani wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare, yegukanye Giro d’Italie eshatu (1948, 51, 55;) yitabye Imana afite imyaka 91.

Ibihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi:

1933: Inama ya komite mpuzamahanga Olempike yabereye i Berlin, yemeje ko umukino w’intoki wa Basketball ugomba gukinwa mu mikino Olempike yabereye i Berlin mu 1936.

1964: Tamara Press umugore ukomoka mu cyahoze ari Leta zunze ubumwe z’abasoviyete yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kujugunya ingasire aho Yayijugunye muri metero 57.27.

 Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

11 + nine =

Previous Post

IMIYOBORERE: Baranenga imigendekere y’amatora y’inzego z’ibanze

Next Post

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Related Posts

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

by radiotv10
20/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov, byibanze ku guteza imbere...

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

by radiotv10
20/12/2025
0

Bamwe mu barema isoko ry’amatungo magufi ryo mu Murenge wa Kabarondo, bavuga ko babangamirwa n’uko ritazitiye, bigatuma amatungo yangiza ubusitani...

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Eng.-Rwanda and Russia review growing Bilateral Cooperation, discuss Eastern DRC peace efforts

by radiotv10
20/12/2025
0

Rwanda’s Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, held talks with his Russian counterpart, Sergey Lavrov, focusing...

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

by radiotv10
20/12/2025
0

Gushengerera ni isengesho rikomeye muri Kiliziya Gatulika, rifasha abakristu kuganira na Yezu bucece, bamurangamiye mu isakaramentu ry’Ukarisitiya. Dore ibyo wakubahiriza...

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

by radiotv10
20/12/2025
1

Edouard Bamporiki wagize imyanya inyuranye mu nzego nkuru z’u Rwanda nko muri Guverinoma, yagaragaje ibyishimo atewe n’isabukuru y’imyaka 15 amaze...

IZIHERUKA

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze
IBYAMAMARE

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

by radiotv10
21/12/2025
0

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

20/12/2025
Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Eng.-Rwanda and Russia review growing Bilateral Cooperation, discuss Eastern DRC peace efforts

20/12/2025
Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

20/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.