Thursday, January 1, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

10 SPORTS: Habib Beye na Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike

radiotv10by radiotv10
19/10/2021
in MU RWANDA, SIPORO
0
10 SPORTS: Habib Beye na  Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike
Share on FacebookShare on Twitter

Uyu munsi ni kuwa kabiri w’itariki ya 19 Ukwakira 2021, ni umunsi wa 292 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 73 ngo umwaka urangire, turi kuwa kabiri wa 42 kuva 2021 yatangira Turi mu cyumweru cya 43 mu byumweru bigize umwaka wa 2021. Muri Brazil barizihiza umunsi wahariwe igitabo.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Habib Beye (1977):

National : malgré Habib Beye sur le banc, le Red Star s'incline encore - Le Parisien

Yujuje imyaka 44, umufaransa w’umunya-Senegal wahoze akina aca ku ruhande rw’iburyo inyuma muri Strasbourg, Marseille, Newcastle United, Aston Villa na Doncaster Rovers, yanakiniye kandi ikipe y’igihugu ya Senegal imikino 35 ayitsindira igitego kimwe.

2. Valdivia(1983):

755 Player Valdivia Photos and Premium High Res Pictures - Getty Images

Yujuje imyaka 38,umukinnyi w’umupira w’amaguru wumunya chile akaba akina  hagati mu ikipe yiwabo yitwa Unión La Calera yo muri Chile  anakinira n’ikipe y’igihugu ya Chile.

Valdivia Yanyuze mu makipe arimo Rayo Vallecano, Palmeiras, Colo-Colo n’ikipe y’igihugu ya Chile yakiniye imikino 78 akayitsindira ibitego 7 yanatwaranye nayo copa América ya 2015.

3.Sam Allardyce (1954):

I had to go to Limerick to find a job and work my way through the leagues to get to where I am now'

Yujuje imyaka 67, umutoza w’umwongereza wahoze akina nka myugariro mu makipe nka Sunderland, Bolton Wanderers n’ayandi.

Yatoje amakipe nka Sunderland, West Ham United, Newcastle United, ikipe y’igihugu y’u Bwongereza n’ayandi.

4.Evander Holyfield (1962):

Evander Holyfield, aged 58, beaten by Vitor Belfort via first-round TKO | Boxing News | Sky Sports

Yujuje imyaka 59, umunyamerika wahoze akina iteramakofe, yatahanye umudali w’umwanya wa gatatu mu mikino Olempike y’1988, yanamaze imyaka itatu ari nimero ya mbere ku isi (1990-92).

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

2012: Fiorenzo Magni, Umutaliyani wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare, yegukanye Giro d’Italie eshatu (1948, 51, 55;) yitabye Imana afite imyaka 91.

Ibihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi:

1933: Inama ya komite mpuzamahanga Olempike yabereye i Berlin, yemeje ko umukino w’intoki wa Basketball ugomba gukinwa mu mikino Olempike yabereye i Berlin mu 1936.

1964: Tamara Press umugore ukomoka mu cyahoze ari Leta zunze ubumwe z’abasoviyete yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kujugunya ingasire aho Yayijugunye muri metero 57.27.

 Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen − nine =

Previous Post

IMIYOBORERE: Baranenga imigendekere y’amatora y’inzego z’ibanze

Next Post

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Related Posts

Habaye impanuka idasanzwe muri Kigali ku munsi wa mbere w’umwaka

Habaye impanuka idasanzwe muri Kigali ku munsi wa mbere w’umwaka

by radiotv10
01/01/2026
0

Mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, habaye impanuka y’imodoka bikekwa ko yari yacitse feri,...

Ahazaza dukwiriye harashoboka- Perezida Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa busoza 2025 buzanabaherekeza muri 2026

Ahazaza dukwiriye harashoboka- Perezida Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa busoza 2025 buzanabaherekeza muri 2026

by radiotv10
01/01/2026
0

Mu butumwa busoza umwaka wa 2025, Perezida Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko uyu mwaka waranzwe n’urusobe rw’ibyiza n’ibitari byiza, ariko...

12 Simple Habits to Make Your Brain Happier Every Day

12 Simple Habits to Make Your Brain Happier Every Day

by radiotv10
01/01/2026
0

Feeling happy doesn’t always have to depend on what happens around you. Scientists say you can actually train your brain...

Minisitiri Nduhungirehe yahishuye icyihishe inyuma y’ihagarikwa ry’uwari Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

Minisitiri Nduhungirehe yahishuye icyihishe inyuma y’ihagarikwa ry’uwari Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

by radiotv10
31/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, avuga ko ihagarikwa rya Général Major Sylvain Ekenge ku mwanya w’Umuvugizi w’Igisirikare...

Ibisobanuro by’umunyamategeko ukurikiranyweho gusambanya umwana arusha imyaka 59

Umunyamategeko waregwaga gusambanya umukobwa waburanye mu rubanza rwigeze kurangwa n’impaka yafatiwe icyemezo

by radiotv10
31/12/2025
0

Umunyamategeko wunganira abandi mu manza waburanishwaga n'Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga ku cyaha cyo gusambanya umwana w'umukobwa w'imyaka 15, yagihamijwe akatirwa...

IZIHERUKA

Habaye impanuka idasanzwe muri Kigali ku munsi wa mbere w’umwaka
MU RWANDA

Habaye impanuka idasanzwe muri Kigali ku munsi wa mbere w’umwaka

by radiotv10
01/01/2026
0

Ijambo rya Perezida w’u Burundi ryumvikanamo ko gushaka umuti w’ibibazo bufitanye n’u Rwanda bikigoye

Ijambo rya Perezida w’u Burundi ryumvikanamo ko gushaka umuti w’ibibazo bufitanye n’u Rwanda bikigoye

01/01/2026
Ahazaza dukwiriye harashoboka- Perezida Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa busoza 2025 buzanabaherekeza muri 2026

Ahazaza dukwiriye harashoboka- Perezida Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa busoza 2025 buzanabaherekeza muri 2026

01/01/2026
12 Simple Habits to Make Your Brain Happier Every Day

12 Simple Habits to Make Your Brain Happier Every Day

01/01/2026
Ubutumwa bw’impanuro bw’Umupfumu Rutangarwamaboko yageneye Pamella umugore wa The Ben

Ubutumwa bw’impanuro bw’Umupfumu Rutangarwamaboko yageneye Pamella umugore wa The Ben

31/12/2025
Ibihugu bibiri bya Afurika biyobowe n’Igisirikare bishobora gufatira America icyemezo nk’ibyo yabifatiye

Ibihugu bibiri bya Afurika biyobowe n’Igisirikare bishobora gufatira America icyemezo nk’ibyo yabifatiye

31/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Habaye impanuka idasanzwe muri Kigali ku munsi wa mbere w’umwaka

Ijambo rya Perezida w’u Burundi ryumvikanamo ko gushaka umuti w’ibibazo bufitanye n’u Rwanda bikigoye

Ahazaza dukwiriye harashoboka- Perezida Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa busoza 2025 buzanabaherekeza muri 2026

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.