Wednesday, January 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

10 SPORTS: Habib Beye na Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike

radiotv10by radiotv10
19/10/2021
in MU RWANDA, SIPORO
0
10 SPORTS: Habib Beye na  Sam Allardyce baravutse…inama ya IOC yemeye umukino wa Basketball nk’umukino Olempike
Share on FacebookShare on Twitter

Uyu munsi ni kuwa kabiri w’itariki ya 19 Ukwakira 2021, ni umunsi wa 292 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 73 ngo umwaka urangire, turi kuwa kabiri wa 42 kuva 2021 yatangira Turi mu cyumweru cya 43 mu byumweru bigize umwaka wa 2021. Muri Brazil barizihiza umunsi wahariwe igitabo.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Habib Beye (1977):

National : malgré Habib Beye sur le banc, le Red Star s'incline encore - Le Parisien

Yujuje imyaka 44, umufaransa w’umunya-Senegal wahoze akina aca ku ruhande rw’iburyo inyuma muri Strasbourg, Marseille, Newcastle United, Aston Villa na Doncaster Rovers, yanakiniye kandi ikipe y’igihugu ya Senegal imikino 35 ayitsindira igitego kimwe.

2. Valdivia(1983):

755 Player Valdivia Photos and Premium High Res Pictures - Getty Images

Yujuje imyaka 38,umukinnyi w’umupira w’amaguru wumunya chile akaba akina  hagati mu ikipe yiwabo yitwa Unión La Calera yo muri Chile  anakinira n’ikipe y’igihugu ya Chile.

Valdivia Yanyuze mu makipe arimo Rayo Vallecano, Palmeiras, Colo-Colo n’ikipe y’igihugu ya Chile yakiniye imikino 78 akayitsindira ibitego 7 yanatwaranye nayo copa América ya 2015.

3.Sam Allardyce (1954):

I had to go to Limerick to find a job and work my way through the leagues to get to where I am now'

Yujuje imyaka 67, umutoza w’umwongereza wahoze akina nka myugariro mu makipe nka Sunderland, Bolton Wanderers n’ayandi.

Yatoje amakipe nka Sunderland, West Ham United, Newcastle United, ikipe y’igihugu y’u Bwongereza n’ayandi.

4.Evander Holyfield (1962):

Evander Holyfield, aged 58, beaten by Vitor Belfort via first-round TKO | Boxing News | Sky Sports

Yujuje imyaka 59, umunyamerika wahoze akina iteramakofe, yatahanye umudali w’umwanya wa gatatu mu mikino Olempike y’1988, yanamaze imyaka itatu ari nimero ya mbere ku isi (1990-92).

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

2012: Fiorenzo Magni, Umutaliyani wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare, yegukanye Giro d’Italie eshatu (1948, 51, 55;) yitabye Imana afite imyaka 91.

Ibihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi:

1933: Inama ya komite mpuzamahanga Olempike yabereye i Berlin, yemeje ko umukino w’intoki wa Basketball ugomba gukinwa mu mikino Olempike yabereye i Berlin mu 1936.

1964: Tamara Press umugore ukomoka mu cyahoze ari Leta zunze ubumwe z’abasoviyete yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kujugunya ingasire aho Yayijugunye muri metero 57.27.

 Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five + 14 =

Previous Post

IMIYOBORERE: Baranenga imigendekere y’amatora y’inzego z’ibanze

Next Post

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Related Posts

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

by radiotv10
27/01/2026
0

Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye, abarimo Prof. Dong-Sup Yoon usanzwe ari Perezida wa Yonsei University, Kaminuza yo muri...

Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

by radiotv10
27/01/2026
0

Guverinoma y’u Rwanda yamaze gutanga ikirego mu Rukiko Ruhoraho rushinzwe Ubukemurampaka, iregamo iy’u Bwongereza nyuma yo guhagarika amasezerano Ibihugu byombi...

Brig.Gen.Gasana uherutse kugirwa Umupilote Wihariye wa Perezida yahererekanyije ububasha n’uwamusimbuye

Brig.Gen.Gasana uherutse kugirwa Umupilote Wihariye wa Perezida yahererekanyije ububasha n’uwamusimbuye

by radiotv10
27/01/2026
0

Brigadier General Godfrey Gasana wahoze ari Umugaba Wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere akaba aherutse kugirwa Umupilote wihariye wa Perezida wa...

Perezida na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza mpuzamahanga

Perezida na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza mpuzamahanga

by radiotv10
27/01/2026
0

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza, Bill na Joyce Cummings; ndetse n’abagira uruhare...

Ikibazo cy’abarumwa n’imbwa mu Rwanda cyahagurukiwe hanagaragazwa imibare y’uko gihagaze

Ikibazo cy’abarumwa n’imbwa mu Rwanda cyahagurukiwe hanagaragazwa imibare y’uko gihagaze

by radiotv10
27/01/2026
0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) ku bufatanye n’Ihuriro ry’Imiryango itari iya Leta, bari mu bukangurambaga bwo gukumira indwara zititaweho, zirimo...

IZIHERUKA

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi
IMYIDAGADURO

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

by radiotv10
27/01/2026
0

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

27/01/2026
Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

27/01/2026
Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’Umwarimu wa kaminuza uherutse gufungwa hamwe n’abakobwa batatu

27/01/2026
AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

Igisubizo AFC/M23 ihaye abayisaba kurekura ibice yafashe

27/01/2026
Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

27/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Uwimana Soulaiman Emmanuel uheruka gutandukana na AS Muhanga yafashe umwanzuro wo kujya mu cyiciro cya kabiri

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.