Tuesday, May 13, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#10SPORTS: Renato Sanches na Juste Fontaine baravutse,Usain Bolt akora agashya…ibyaranze umunsi nk’uyu mu mateka

radiotv10by radiotv10
18/08/2021
in SIPORO
0
#10SPORTS: Renato Sanches na Juste Fontaine baravutse,Usain Bolt akora agashya…ibyaranze umunsi nk’uyu mu mateka
Share on FacebookShare on Twitter

Turi kuwa Gatatu w’itariki 18 Kanama 2021, ni umunsi wa 230 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 135 ngo umwaka urangire, Turi kuwa Gatatu  wa 33 kuva 2021 yatangira, Turi mu cyumweru cya 34 mu byumweru bigize umwaka wa 2021.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Renato Sanches (1997)

Renato Sanches offered to Barcelona? - Barca Blaugranes

Yujuje imyaka 24, umukinnyi wo hagati w’umunya-Portugal ukinira Lille n’ikipe y’igihugu ya Portugal

Renato Júnior Luz Sanches yavukiye Lisbon mu murwa mukuru wa Portugal, yanyuze mu makipe nka Benfica, Bayern München, Swansea city na Lille akinira kugeza ubu.

Mu ikipe y’igihugu ya Portugal amaze kubakinira imikino 30 abatsindira bibiri, yanatwaranye nabo igikombe cy’Uburayi cya 2016.

2.Juste Fontaine (1933)

Yujuje imyaka 88, Uwahoze ari Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa azwi cyane ko ariwe muntu wabashije gutsinda ibitego byinshi mu irushanwa rimwe ry’igikombe cy’isi aho yatsinze ibitego 13 mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cy’ 1958

3.Esteban Cambiasso (1980)

Yujuje imyaka 41 uwahoze ari umukinnyi wo hagati w’umunya-Argentina

Esteban Matías Cambiasso Deleau yatwaye ibikombe 21 mu makipe atandukanye yanyuzemo,arimo Independiente, River Plate, Real Madrid, Inter Milan, Leicester City na  Olympiacos.

Mu ikipe y’igihugu ya Argentina yayikiniye imikino 52 ayitsindira ibitego bitanu.

4.Liz Cambage -Australia (1991)

Liz Cambage withdraws from Australian Opals Olympic team. | Basketball  Australia

Yujuje imyaka 30, umunya-Australiyakazi ukinira  Las Vegas Aces muri  NBA y’Abagore abitse agahigo ko kuba ariwe mukinnyi watsinze amanota menshi mu mukino umwe (53).

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

Christopher Bauman (2005):

Umunyamerika wakinaga umukino gukirana yitabye Imana afite imyaka 32.

Hal Connolly (2010)Umunyamerika wasiganwaga ku maguru akanakina amarushanwa yo kujugunya inyundo yitabye Imana afite 79.

Ni ibihe bihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino?

1886 : Carr Baker Neel & Samuel Neel begukanye irushanwa rya Tennis ribera muri Leta zunze ubumwe za Amerika (US open) mu bakina ari babiri.

1958 : Floyd Patterson yakubise ahwereje Roy Harris yegukana ikamba rye rya 13 mu iteramakofe ry’abafite ibiro byinshi.

Patterson's “Moral Crusade”: Islamophobia in Ali v. Patterson | Sport in  American History

1964: kubera Politiki mbi y’ivangura yakandamizaga abirabura, Afrika y’epfo yaciwe mu mikino Olempike.

2004 :imikino Olempike yari yasubiye ku gicumbi cyayo i Athènes mu Bugeleki, bwa mbere abagore barushanijwe mu gutera intosho, umudali wa zahabu wegukanwa n’umunya-Cuba kazi Yumileidi Cumbá

2008 : mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa, umurusiyakazi wamamaye mu gusimbuka yifashishije ikibando yashyizeho agahigo ke ka 24, ubwo yasimbukaga metero 5.05 ari nako yegukana umudali wa zahabu Olempike.

2008: mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa, Abashinwa batwaye irushanwa rya Tennis ikinirwa ku meza badatsinzwe umukino n’umwe

2016 : Mu mikino Olempike yabereye i Río de Janeiro muri Brazil, umunya-Jamaica Usain Bolt yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kwirukanka metero 200 aho yazikoze mu masegonda 19.78, ukaba wari. Umudali wa zahabu Olempike wa gatatu wikurikiranya muri izi metero kuko yari yawutwaye 2012 i Londres na 2008 i Beijing

Going the extra half-mile: Retired Bolt trains for 800 event

Usain Bolt yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu 2016 muri metero 200

Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen + 9 =

Previous Post

Mozambique: UN irasaba ko hongerwa imfashanyo ku bahunze muri Cabo Delgado

Next Post

Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Related Posts

Ubutumwa Rayon yageneye umufana wayo wahuye n’isanganya agakorerwa ibyamaganywe na benshi

Ubutumwa Rayon yageneye umufana wayo wahuye n’isanganya agakorerwa ibyamaganywe na benshi

by radiotv10
13/05/2025
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwihanganishije umufana w’iyi kipe uherutse guhohoterwa n’umwe mu bari bashinzwe umutekano kuri sitade, wamukubise umutego. Bikubiye...

Iby’ibibazo by’amikoro bivugwa mu ikipe iri mu zikomeye mu Rwanda byashyize hanze n’abakozi bayo

Iby’ibibazo by’amikoro bivugwa mu ikipe iri mu zikomeye mu Rwanda byashyize hanze n’abakozi bayo

by radiotv10
13/05/2025
0

Bamwe mu bakozi b’ikipe ya Rayon Sports iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona, barataka inzara ibarembeje kubera kumara igihe kinini badahembwa,...

Urundi rwego mu Rwanda rwinjiye mu by’umusekirite wagaragaye akorera ibigayitse umufana runatangaza ingamba zafashwe

Urundi rwego mu Rwanda rwinjiye mu by’umusekirite wagaragaye akorera ibigayitse umufana runatangaza ingamba zafashwe

by radiotv10
13/05/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryababajwe n’igikorwa cyakozwe n’umwe mu bari bashinzwe umutekano ubwo Rayon Sports yahuraga...

Umutoza w’umunyabigwi i Burayi yateye intambwe yo ku rundi rwego

Umutoza w’umunyabigwi i Burayi yateye intambwe yo ku rundi rwego

by radiotv10
13/05/2025
0

Umutaliyani Carlo Ancelloti uri gusoza inshingano ze nk'umutoza wa Real Madrid, byamaze kwemezwa n'Ikipe y'Igihugu ya Brazil ko ari we...

Ikibazo cy’Umusekirite wagaragaye akubita umutego umufana wa Rayon akagwa bikanganye cyinjiwemo n’inzego

Ikibazo cy’Umusekirite wagaragaye akubita umutego umufana wa Rayon akagwa bikanganye cyinjiwemo n’inzego

by radiotv10
12/05/2025
0

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusekirite wagaragaye atega umutego umwe mu bafana ba Rayon Sports agasa nk’uguye...

IZIHERUKA

Ibyo wamenya ku ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi
MU RWANDA

Ibyo wamenya ku ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi

by radiotv10
13/05/2025
0

Ubutumwa Rayon yageneye umufana wayo wahuye n’isanganya agakorerwa ibyamaganywe na benshi

Ubutumwa Rayon yageneye umufana wayo wahuye n’isanganya agakorerwa ibyamaganywe na benshi

13/05/2025
Perezida w’Igihugu kimwe muri Afurika yatanzeho u Rwanda urugero rw’ibyo ibindi byarwigiraho

Perezida w’Igihugu kimwe muri Afurika yatanzeho u Rwanda urugero rw’ibyo ibindi byarwigiraho

13/05/2025
Iby’ibibazo by’amikoro bivugwa mu ikipe iri mu zikomeye mu Rwanda byashyize hanze n’abakozi bayo

Iby’ibibazo by’amikoro bivugwa mu ikipe iri mu zikomeye mu Rwanda byashyize hanze n’abakozi bayo

13/05/2025
AMAFOTO: Perezida Kagame muri Côte d’Ivoire yahuye n’Abayobozi batandukanye

AMAFOTO: Perezida Kagame muri Côte d’Ivoire yahuye n’Abayobozi batandukanye

13/05/2025
Urundi rwego mu Rwanda rwinjiye mu by’umusekirite wagaragaye akorera ibigayitse umufana runatangaza ingamba zafashwe

Urundi rwego mu Rwanda rwinjiye mu by’umusekirite wagaragaye akorera ibigayitse umufana runatangaza ingamba zafashwe

13/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Ibyo wamenya ku ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi

Ubutumwa Rayon yageneye umufana wayo wahuye n’isanganya agakorerwa ibyamaganywe na benshi

Perezida w’Igihugu kimwe muri Afurika yatanzeho u Rwanda urugero rw’ibyo ibindi byarwigiraho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.