Wednesday, October 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezidansi yamaganye amakuru y’ibihuha yitiriwe Perezida Kagame ku by’u Burusiya

radiotv10by radiotv10
01/03/2022
in MU RWANDA
0
Perezidansi yamaganye amakuru y’ibihuha yitiriwe Perezida Kagame ku by’u Burusiya
Share on FacebookShare on Twitter

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, biratangaza ko ubutumwa bw’ubucurano bwitiriwe Perezida Paul Kagame ku ntambara iri kubera muri Ukraine, atari impamo.

Ku mbuga nkoranyambaga, hagaragaye ubutumwa bugagaraza ko bwashyizwe kuri Twitter na Perezida Pau Kagame, bugaruka ku Ntambara yashojwe n’u Burusiya muri Ukraine.

Ubu butumwa bwitiriwe Perezida Kagame Paul, bwasabaga Perezida Putin w’u Burusiya guhagarika iyi ntambara ngo cyangwa Ingabo z’u Rwanda zikajya guhangana n’ize.

Aya makuru yanyomojwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda ko ari ikinyoma (Fake News) ko ubu butumwa butigeze bushyirwa kuri Twitter na perezida Paul Kagame.

Umuvugisi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Stephanie Nyombayire yashyize kuri Twitter ye ifoto y’ubu butumwa bw’Ikinyoma, ashyiraho ubutumwa amenyesha abantu ko ari amakuru y’ikinyoma.

🚨 Fake news alert 🚨 pic.twitter.com/jKiEsFDVM8

— Stephanie Nyombayire (@PressSecRwanda) March 1, 2022

Benshi banenze abahimbye ubu butumwa bwitiriwe Perezida Paul Kagame, bavuga ko bidakwiye gukora igikorwa nk’iki cyo guhimbira Umukuru w’Igihugu.

Ubu butumwa bucurwa hifashishijwe ikoranabuhanga, bwitiriwe Perezida Kagame ko yabushyize kuri Twitter ye mu gihe ubutumwa aheruka gushyiraho, ari ifoto yashyizeho ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ari kumwe n’umwuzukuru we, yanakunzwe na benshi.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nine + nine =

Previous Post

Hagaragajwe ko kongera abagore mu rwego rw’Ibikorwa Remezo byagira uruhare mu kuruzamura

Next Post

Noneho bari mu buriri batambaye…Cyusa yongeye kurisha abantu umubu aryamye n’umukunzi we

Related Posts

Buri wese yagize icyo avuga: Ubutumwa bw’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame

Buri wese yagize icyo avuga: Ubutumwa bw’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame

by radiotv10
22/10/2025
0

Abasenateri bane bashyizweho na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame; bamushimiye icyizere yabagiriye cyo gukomeza gukorera Igihugu, bamwizeza kuzakorana umurava. Aba...

Ibyifuzo bitangwa n’abaherutse kwibasirwa n’ibiza bidasanzwe byabasize mu marira menshi

Ibyifuzo bitangwa n’abaherutse kwibasirwa n’ibiza bidasanzwe byabasize mu marira menshi

by radiotv10
22/10/2025
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayoza baherutse guhura n’ibiza by’imvura byatwaye ubuzima bwa bamwe, bikanangiza...

BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane barimo babiri bahoze muri Guverinoma y’u Rwanda

BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane barimo babiri bahoze muri Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
21/10/2025
0

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yashyizeho Abasenateri bane nyuma yuko manda y’abo yari yashyizeho irangiye, barimo babiri bagarutse muri Sena...

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

by radiotv10
22/10/2025
3

Rwanda’s ambitious move to introduce a new digital identification system has sparked widespread curiosity among citizens and observers eager to...

Umuburo wihutirwa ureba umuntu wese wanyoye iyi Jus n’iki kinyobwa mu Rwanda

Umuburo wihutirwa ureba umuntu wese wanyoye iyi Jus n’iki kinyobwa mu Rwanda

by radiotv10
21/10/2025
0

Polisi y’u Rwanda iragira inama abantu bose bacuruza ibinyobwa byakozwe n’inganda zagaragaweho kutuzuza ubuziranenge byumwihariko urwa Salama rukora umutobe (Jus/Juice),...

IZIHERUKA

Kigali igiye kwakira ibindi birori by’umukino w’amagare nyuma ya UCI Road World Championships
SIPORO

Kigali igiye kwakira ibindi birori by’umukino w’amagare nyuma ya UCI Road World Championships

by radiotv10
22/10/2025
0

Buri wese yagize icyo avuga: Ubutumwa bw’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame

Buri wese yagize icyo avuga: Ubutumwa bw’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame

22/10/2025
Ibyifuzo bitangwa n’abaherutse kwibasirwa n’ibiza bidasanzwe byabasize mu marira menshi

Ibyifuzo bitangwa n’abaherutse kwibasirwa n’ibiza bidasanzwe byabasize mu marira menshi

22/10/2025
BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane barimo babiri bahoze muri Guverinoma y’u Rwanda

BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane barimo babiri bahoze muri Guverinoma y’u Rwanda

21/10/2025
Mu rugamba rwa AFC/M23 na FARDC hongeye kugaragazwa uruhande rwakoreshejwe intwaro rutura

Byongeye gukomera hagati ya AFC/M23 na FARDC uruhande rumwe rwongera gukoresha intwaro za rutura

21/10/2025
Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

22/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Noneho bari mu buriri batambaye…Cyusa yongeye kurisha abantu umubu aryamye n’umukunzi we

Noneho bari mu buriri batambaye…Cyusa yongeye kurisha abantu umubu aryamye n’umukunzi we

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Kigali igiye kwakira ibindi birori by’umukino w’amagare nyuma ya UCI Road World Championships

Buri wese yagize icyo avuga: Ubutumwa bw’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame

Ibyifuzo bitangwa n’abaherutse kwibasirwa n’ibiza bidasanzwe byabasize mu marira menshi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.