• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kigali: Ibiceri bya 100Frw byabaye idolari none ababikenera cyane bari kubigura

radiotv10by radiotv10
02/03/2022
in MU RWANDA
0
Kigali: Ibiceri bya 100Frw byabaye idolari none ababikenera cyane bari kubigura
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Kigali biganjemo abacuruzi, bavuga ko ibiceri by’ijana (100) byabuze ku buryo kubona amafaranga yo kugarurira abaguzi biri kugorana ndetse ubu ushaka ibiceri akaba asabwa kubigura.

Abacuruzi baganiriye na RADIOTV10 bavuga ko ibura ry’ibi biceri, ryatangiye mu ntangiro z’uyu mwaka wa 2022.
yaba abacuruzi bo ku mihanda, abo mu mazu, abatwara abantu mu modoka no kuri moto, bahurirza ku kikabzo cy’ibura ry’ibiceri by’ubyumwiharika iby’100.
umwe muri aba bacuruzi avuga ko akunze kubura abakiliya kubera kutabona ibiceri byo kubagarurira, akavuga ko ubu kugira ngo umucuruzi abone ibiceri bimusaba kubigura.

Ati “Mbona babigurisha, nk’iyo ufite ibihumbi makumyabiri by’ibiceri ubonaho nk’ibihumbi bitatu cyangwa bine.”
Kimwe n’abaturage bagana aba bacuruzi, na bo bavuga ko umuntu ashobora kuzenguruka agasantere ashaka kugura ikintu ariko ntagihabwe kuko nta mafaranga avunje afite.

Umwe yagize ati “Wenda ugiye kugura biswi y’umwana uramuhetse, bakakubwira bati ‘zana ibiceri bivunje’, ukabibura bati ‘genda’, ubwo umwana aricwa n’inzara.”
Abahanga mu bukungu bavuga ko  uko byagenda kose ubwoko bumwe bw’amafaranga butabura ntacyabiteye, bakavuga ko Banki Nkuru y’u Rwanda ikwiye guhagukuruka igakurikirana iki kibazo.

Dr Fidele Mutemberezi ati “Ni ukuvuga ngo ugukenerwa kw’ibiceri kwarazamutse, wenda ntabwo bakongera ingano y’amafaranga ari gukoreshwa ariko wenda ibiceri bakabyongera inote bakazigabanyaho gato.”

Kugeza uyu munsi umuntu ubasha kubona ibiceri aba yakora ubucuruzi nk’abandi bacuruzi kuko abigurisha nk’ugurisha ikindi gicuruzwa, gusa abahanga mu bukungu bavuga ko mu gihe iki kibazo kitakurikiranwa bishobora kugira ingaruka ku bukungu  ku buryo ubucuruzi n’ibindi bikorwa byasubira inyuma ndetse bikanatesha agaciro inoti.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × one =

Previous Post

Uganda: Umudepite ati “Nzazana urutonde rw’abahinga urumogi”, Minisitiri ati “Uzazane n’urw’abarunywa”

Next Post

Ibihembo muri Mr Rwanda hiyongereyemo Inka: Rudasumbwa n’ibisonga bye bazagabirwa

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Ibihembo muri Mr Rwanda hiyongereyemo Inka: Rudasumbwa n’ibisonga bye bazagabirwa

Ibihembo muri Mr Rwanda hiyongereyemo Inka: Rudasumbwa n’ibisonga bye bazagabirwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.